by
Category: Imikino
Amakuru y’imikino mu Rwanda no mu mahanga
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
Ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, yasabye abafana ba APR FC, kuyishyikira mu gihe iraba ikina na Rayon Sports mu mukino wa nyuma muri CECAFA Kagame Cup 2026. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, ni bwo kuri Stade Amahoro hateganyijwe imikino ya nyuma mu irushanwa rihuza amakipe yitwaye neza muri Afurika…
-

APR FC yerekanye abakinnyi babiri (AMAFOTO)
APR FC yamaze kwemeza ko yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyamahanga, umunyezamu Ernani Siluane na Mamadou Traore. APR FC ikaba yemeje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri umunyezamu, Ernan Siluane wakiniraga ikipe ya Black Bulls. Uyu akaba asanzwe ari n’umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Mozambique, akaba aje muri APR FC kuyifasha mu myaka ibiri iri imbere.…
by
-

Umunyarwanda wa mbere agiye gukina mu kiciro cya mbere muri Espagne(La Liga)
Umukinnyi w’umunyarwanda ufite ubwenegihu bw’u Bubiligi, Aaron Murenzi yamaze gusinyira Levante UD ikina icyiciro cya mbere muri Espagne (La Liga). Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati ariko asatira, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Kamena 2026, nibwo ikipe ya Levante yamutangaje. Aaron Murenzi w’imyaka 18 uvuka ku babyeyi bombi b’abanyarwanda, agomba guhera mu ikipe…
by
Recent Posts
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo

