Author: emmy

  • Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
    ,

    Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo

    Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko gufunga inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge byagombaga kubanza kuko byakozwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage, hagakurikiraho guhangana n’ingaruka zabyo mu rwego rw’ubukungu. Kuva mu mpera za Nyakanga 2026, Guverinoma y’u Rwanda yakajije ingamba zo guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge birimo ibyitwa ibyuma no gufunga inganda zibikora.…

  • Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports

    Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports

    Ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, yasabye abafana ba APR FC, kuyishyikira mu gihe iraba ikina na Rayon Sports mu mukino wa nyuma muri CECAFA Kagame Cup 2026. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, ni bwo kuri Stade Amahoro hateganyijwe imikino ya nyuma mu irushanwa rihuza amakipe yitwaye neza muri Afurika…

  • Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana

    Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana

    Umunyarwenya Kazungu Emmanuel, uzwi nka Mitsutsu, yemeje ko murumuna we yari amaze imyaka ibiri arwarije mu bitaro, yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 6 rishyira ku wa 7 Kanama 2026. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Mitsutsu yasangije abamukurikira ubutumwa bubabaje, agaragaza ko umuvandimwe we yitabye Imana nyuma y’igihe kinini yari amaze arwaye. Mu butumwa bwe…

  • Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo

    Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo

    Ikipe y’Igihugu ya Argentine yasezereye Cap-Vert mu Gikombe cy’Isi iyitsinze ibitego 3-2 mu minota 120 y’umukino wa 1/16, imisifurire yo muri iri rushanwa yongera kwibazwaho. Uyu mukino wabaye mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 4 Nyakanga 2026, wari witezweho korohera umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Lionel Messi. Igitego rukumbi cya Lionel Messi cyabonetse…

  • Amafoto 100 y’urwibutso ku rugamba rwo kubohora igihugu
    ,

    Amafoto 100 y’urwibutso ku rugamba rwo kubohora igihugu

    Ku muto cyangwa ku mukuru, itariki ya none ifite igisobanuro gikomeye ndetse itera benshi n’amarangamutima akomeye bitewe n’ubuzima banyuzemo cyangwa ubwo babayemo uyu munsi. Ku rubyiruko rutari ruhari mu 1994, iyo rwumvise ibyo abakuru banyuzemo, rurushaho kongera gutekereza kabiri, rukishimira kuba rubayeho mu buzima bwiza, rufite igihugu. Ku bari muri urwo rugamba, bongera kwibuka inzira…

  • Umujyi wa Kigali wamaze asaha 3 yose uhatwa ibibazo ku mihanda yadindiye n’amazu y’abatishoboye
    ,

    Umujyi wa Kigali wamaze asaha 3 yose uhatwa ibibazo ku mihanda yadindiye n’amazu y’abatishoboye

    Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwagaragaje ko imihanda yagombaga kubakwa mu mushinga wa Kigali Infrastructure Project yatindijwe n’uko amafaranga yabonetse ari make, ndetse ikibazo cyo kutabona ubushobozi buhagije giteza ubukererwe bw’iminsi 900 mu gusubiza abaturage bashakaga gufatanya n’umujyi kwiyubakira imihanda. Ni ibibazo byagarutsweho ku wa 2 Nyakanga 2026 ubwo Umujyi wa Kigali wisobanuraga imbere ya Komisiyo…

  • Rayon Sports yaguze umunya-Mali wabaye umukinnyi mwiza muri Shampiyona

    Rayon Sports yaguze umunya-Mali wabaye umukinnyi mwiza muri Shampiyona

    Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije Issa Djiguiba ukina hagati mu kibuga asatira izamu, akaba ari we wabaye umukinnyi mwiza muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Mali. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2026, ni bwo Rayon Sports yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo, itangaza ko yungutse umukinnyi mushya. Issa…

  • APR FC nayo yasinyishije umunya-Mali kimwe na Rayon Sports

    APR FC nayo yasinyishije umunya-Mali kimwe na Rayon Sports

    Ikipe ya APR FC yatangaje ko yasinyishije Mamadou Traoré ukina hagati mu kibuga, wari Kapiteni w’Ikipe ya Stade Malien iri mu zikomeye muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Mali. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2026, ni bwo Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yagaragaje ko ikomeje kwiyubaka itegura umwaka utaha w’imikino wa 2026/27. Mu bakinnyi…

  • Perezida Ndayishimiye yasabye ikintu gikomeye Tshisekedi utorohewe n’abo batavuga rumwe bakomeje imyigaragambyo
    ,

    Perezida Ndayishimiye yasabye ikintu gikomeye Tshisekedi utorohewe n’abo batavuga rumwe bakomeje imyigaragambyo

    Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibintu byahinduye isura kuri uyu wa 3 Nyakanga 2026, ubwo ihuriro rikuru ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi rya C64 ryatangazaga impinduka zikomeye mu mugambi w’imyigaragambyo. Iri huriro riyobowe n’abanyapolitiki b’imena barimo Martin Fayulu, Jean-Marc Kabund, Moïse Katumbi, Augustin Matata na Delly Sesanga ryatangaje ko ryabonye ubutumire bwa Perezida w’u Burundi.…

  • APR FC yerekanye abakinnyi babiri (AMAFOTO)
    ,

    APR FC yerekanye abakinnyi babiri (AMAFOTO)

    APR FC yamaze kwemeza ko yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyamahanga, umunyezamu Ernani Siluane na Mamadou Traore. APR FC ikaba yemeje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri umunyezamu, Ernan Siluane wakiniraga ikipe ya Black Bulls. Uyu akaba asanzwe ari n’umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Mozambique, akaba aje muri APR FC kuyifasha mu myaka ibiri iri imbere.…