by
Category: Imyidagaduro
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
Umunyarwenya Kazungu Emmanuel, uzwi nka Mitsutsu, yemeje ko murumuna we yari amaze imyaka ibiri arwarije mu bitaro, yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 6 rishyira ku wa 7 Kanama 2026. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Mitsutsu yasangije abamukurikira ubutumwa bubabaje, agaragaza ko umuvandimwe we yitabye Imana nyuma y’igihe kinini yari amaze arwaye. Mu butumwa bwe…
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo
Ikipe y’Igihugu ya Argentine yasezereye Cap-Vert mu Gikombe cy’Isi iyitsinze ibitego 3-2 mu minota 120 y’umukino wa 1/16, imisifurire yo muri iri rushanwa yongera kwibazwaho. Uyu mukino wabaye mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 4 Nyakanga 2026, wari witezweho korohera umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Lionel Messi. Igitego rukumbi cya Lionel Messi cyabonetse…
by
-

Rayon Sports yaguze umunya-Mali wabaye umukinnyi mwiza muri Shampiyona
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije Issa Djiguiba ukina hagati mu kibuga asatira izamu, akaba ari we wabaye umukinnyi mwiza muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Mali. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2026, ni bwo Rayon Sports yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga zayo, itangaza ko yungutse umukinnyi mushya. Issa…
by
-

APR FC nayo yasinyishije umunya-Mali kimwe na Rayon Sports
Ikipe ya APR FC yatangaje ko yasinyishije Mamadou Traoré ukina hagati mu kibuga, wari Kapiteni w’Ikipe ya Stade Malien iri mu zikomeye muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Mali. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 3 Nyakanga 2026, ni bwo Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yagaragaje ko ikomeje kwiyubaka itegura umwaka utaha w’imikino wa 2026/27. Mu bakinnyi…
by
-

APR FC yerekanye abakinnyi babiri (AMAFOTO)
APR FC yamaze kwemeza ko yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyamahanga, umunyezamu Ernani Siluane na Mamadou Traore. APR FC ikaba yemeje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri umunyezamu, Ernan Siluane wakiniraga ikipe ya Black Bulls. Uyu akaba asanzwe ari n’umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Mozambique, akaba aje muri APR FC kuyifasha mu myaka ibiri iri imbere.…
by
-

Jose Chamilione arishinja gutuma umwana we anywa urumogi
Jose Chameleone, yatangaje ko ashobora kuba ari we watumye umuhungu we Abba Marcus atangira kunywa urumogi, ariko ashimangira ko ubu yamaze kubireka kandi ko yifuza ko umuhungu we na we yahindura iyo myitwarire. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na NBS TV yo muri Uganda nyuma y’uko Abba Marcus anenzwe n’abatari bake kubera amashusho yashyize ku…
by
-

Umunyarwenya Mitsutsu agiye kugurisha shene ye ya Youtube ndetse na moto kubera umuvandimwe we
Umunyarwenya Kazungu Emmanuel uzwi nka Mitsutsu ari mu bihe bikomeye byatumye afata icyemezo cyo kugurisha shene ye ya YouTube ndetse na moto. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Mitsutsu yatangaje ko yashyize ku isoko shene ya YouTube yitwa ’Mitsutsu Empire’ ikurikirwa n’abarenga ibihumbi 360 ndetse na moto yo mu bwoko bwa Spiro. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE,…
by
-

Ibyo benshi batigeze bamenya ku mubano wa The Ben, Coach Gael na Bruce Melodie
Hari inkuru zimwe ziba mu rugendo rw’abahanzi zikaba zidahita zijya ahagaragara, nyamara zikagira uruhare rukomeye mu guhindura uko umuziki ugenda. Imwe muri zo ni uburyo Bruce Melodie yaje gukorana na Label ya 1:55 AM, ubufatanye bwagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki we no mu mpinduka zabaye mu muziki nyarwanda mu myaka ishize. Muri iyi minsi,…
by
-

Inyerezwa rya miliyoni zisaga 400RWF ryatumye Peggy wari ushinzwe Imari n’imiyoborere muri FERWAFA ahagarikwa
Peggy Kagwire wari Umuyobozi ushinzwe Imari n’Imiyoborere muri FERWAFA, yahagaritswe kuri izo nshingano nyuma yo gusanga muri iri shyirahamwe haranyerejwe agera kuri miliyoni 406 Frw hagati ya 2023 na 2025. Komite y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ishyize imbere imikorere iboneye by’umwihariko mu birebana n’imikoreshereze y’umutungo, dore ko byagaragaye ko mu myaka yatambutse hagiye habaho…
by
-

Umwana Tanasha Donna yabyaranye na Diamond Platnumz yongeye kurikoroza
Umuhanzikazi wo muri Kenya, Tanasha Donna, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma y’uko umuhungu we, Naseeb Junior yasoje icyiciro cy’amashuri yigagamo. Uyu mwana yabyaranye n’icyamamare mu muziki wa Tanzania, Diamond Platnumz, yagaragaye yambaye ikanzu y’ubururu bwijimye n’ubururu bwerurutse yambarwa n’abarangiza amashuri, imbere yambaye ishati y’umukara, karuvati ya papillon n’inkweto z’umukara. Tanasha yashyize hanze amafoto n’amashusho agaragaza uwo…
by
Recent Posts
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo

