by
Category: Politiki
Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko gufunga inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge byagombaga kubanza kuko byakozwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage, hagakurikiraho guhangana n’ingaruka zabyo mu rwego rw’ubukungu. Kuva mu mpera za Nyakanga 2026, Guverinoma y’u Rwanda yakajije ingamba zo guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge birimo ibyitwa ibyuma no gufunga inganda zibikora.…
-

Perezida Ndayishimiye yasabye ikintu gikomeye Tshisekedi utorohewe n’abo batavuga rumwe bakomeje imyigaragambyo
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibintu byahinduye isura kuri uyu wa 3 Nyakanga 2026, ubwo ihuriro rikuru ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi rya C64 ryatangazaga impinduka zikomeye mu mugambi w’imyigaragambyo. Iri huriro riyobowe n’abanyapolitiki b’imena barimo Martin Fayulu, Jean-Marc Kabund, Moïse Katumbi, Augustin Matata na Delly Sesanga ryatangaje ko ryabonye ubutumire bwa Perezida w’u Burundi.…
by
-

Amasezerano ya Trump hagati y’u Rwanda na RDC ashobora gukubita igihwereye: Foreign Affairs
Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kugaragaza amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa nk’intambwe ikomeye ishobora kurangiza imyaka myinshi y’intambara mu burasirazuba bw’iki gihugu, ikinyamakuru ‘Foreign Affairs’ cyagaragaje ko hari impamvu zikomeye zituma ayo masezerano ashobora kudatanga umusaruro wari witezwe. Mu isesengura cyashyize ahagaragara, iki kinyamakuru kivuga ko n’ubwo isinywa…
by
-

Akaboko k’umugore wa Ndayishimiye mu iyirukanwa rya Amb. Njebarikanuye nyuma yo guhura na Mushikiwabo
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umugore wa Perezida Evariste Ndayishimiye, Angeline Ndayubaha, yaba ari we wagize uruhare mu kwirukana Ambasaderi Spès Caritas Njebarikanuye wahoze ahagarariye u Burundi mu Bufaransa. Amb. Njebarikanuye yahamagajwe i Bujumbura ku wa 3 Kamena 2026, nyuma y’igihe kitageze no ku mezi atatu atangiye inshingano zo guhagararira u Burundi…
by
-

Umujyi wa kigali ugiye kugura indi modoka isukura imihanda nyuma y’uko iya mbere inenzwe na PAC
Umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye kurushaho kunoza uburyo bwo gutanga amasoko mu gihe witegura kugura indi modoka isukura imihanda, nyuma y’uko hagaragajwe ibibazo ku modoka iherutse kugurwa itujuje byinshi mu byari bikubiye mu masezerano Ibi byatangajwe ku wa Kane, tariki ya 2 Nyakanga, ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bitabaga Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe…
by
-

Rutshuru: FDLR yishe 6 bo mu muryango w’umuyobozi
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR usanzwe ukorana n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bishe umugore n’abana batanu b’umukuru w’umudugudu wo mu gace ka Kabizo, muri Butare, muri Chefferie ya Bwito ho muri Teritwari ya Rutshuru. Uyu mutwe wabiciye mu gitero wabagabyeho ku wa Kane tariki ya 2…
by
-

Twirwaneho iri kwagura ibirindiro muri Kivu y’Epfo: Ese ni ugushimangira Minembwe cyangwa gutegura urugamba runini?
Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhindura isura, hari umutwe umaze iminsi uvugwaho cyane: Twirwaneho. Mu mezi ashize, uyu mutwe wakomeje kuvugwa mu mirwano yabereye muri Minembwe no hafi ya Mikenge, aho amakuru atandukanye avuga ko waguye ibice ugenzura. Nubwo amakuru ava ku mpande zishyamiranye akunze gutandukana, hari…
by
Recent Posts
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo


