by
Category: Featured
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko gufunga inganda zikora inzoga zitujuje ubuziranenge byagombaga kubanza kuko byakozwe mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage, hagakurikiraho guhangana n’ingaruka zabyo mu rwego rw’ubukungu. Kuva mu mpera za Nyakanga 2026, Guverinoma y’u Rwanda yakajije ingamba zo guhagarika ibinyobwa bitujuje ubuziranenge birimo ibyitwa ibyuma no gufunga inganda zibikora.…
-

Perezida Ndayishimiye yasabye ikintu gikomeye Tshisekedi utorohewe n’abo batavuga rumwe bakomeje imyigaragambyo
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ibintu byahinduye isura kuri uyu wa 3 Nyakanga 2026, ubwo ihuriro rikuru ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi rya C64 ryatangazaga impinduka zikomeye mu mugambi w’imyigaragambyo. Iri huriro riyobowe n’abanyapolitiki b’imena barimo Martin Fayulu, Jean-Marc Kabund, Moïse Katumbi, Augustin Matata na Delly Sesanga ryatangaje ko ryabonye ubutumire bwa Perezida w’u Burundi.…
by
-

Rutshuru: FDLR yishe 6 bo mu muryango w’umuyobozi
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR usanzwe ukorana n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bishe umugore n’abana batanu b’umukuru w’umudugudu wo mu gace ka Kabizo, muri Butare, muri Chefferie ya Bwito ho muri Teritwari ya Rutshuru. Uyu mutwe wabiciye mu gitero wabagabyeho ku wa Kane tariki ya 2…
by
-

Umunyarwanda wa mbere agiye gukina mu kiciro cya mbere muri Espagne(La Liga)
Umukinnyi w’umunyarwanda ufite ubwenegihu bw’u Bubiligi, Aaron Murenzi yamaze gusinyira Levante UD ikina icyiciro cya mbere muri Espagne (La Liga). Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati ariko asatira, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Kamena 2026, nibwo ikipe ya Levante yamutangaje. Aaron Murenzi w’imyaka 18 uvuka ku babyeyi bombi b’abanyarwanda, agomba guhera mu ikipe…
by
-

Amerika yafatiye ibihano ibigo 4 byo Rwanda n’abayobozi babyo kubera Zahabu ya RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze mu Ishami rya Minisiteri yayo y’Imari rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), yafatiye ibihano uruganda rwa ‘Gasabo Gold Refinery Ltd’ rwo mu Rwanda ndetse n’abaruyobora. Ni nyuma yo kurushinja kugira uruhare mu gucuruza no gutunganya zahabu ikurwa mu buryo butemewe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Minisiteri…
by
-

Urukiko rwanzuye ko rudafite ububasha bwo gukomeza kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko wise umuntu “igikuri”
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, wise ‘igikuri’ Ingabire Nelly usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije kuko bigize icyaha cy’ivangura. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 11 Kamena 2026, nyuma y’uko Urukiko rwanzuye ko ibikorwa bigize icyaha Me Munyakaragwe aregwa bigize icyaha cy’ivangura aho…
by
-

I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena
Mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026 ahagana saa tanu n’igice, mu gace ka Cyumbati giherereye mu Murenge wa Rwampara mu Karere ka Nyarugenge, habereye igikorwa cyateje urujijo n’akaduruvayo mu baturage. Umugore umwe yafashe umugabo we mu cyuho ari kumwe n’undi mugore baturanye, bari mu modoka, bikekwa ko bari mu bikorwa by’urukundo rwihishe. Amakuru…
by
-

Ebola: Amerika yatangiye guha amabwiriza ibihugu by’Uburayi ica amarenga ko nibitayakurikiza nabyo bizamirwa ku butaka bwayo
Ku wa Gatatu, ibinyamakuru De Morgen na Het Laatste Nieuws byatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagejeje ku Bubiligi ubusabe, binyuze kuri Ambasaderi wayo Bill White, bwo gufata ingamba zikumira abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwinjira muri icyo gihugu mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Amakuru atangwa n’abadipolomate b’Abanyamerika bakorera…
by
-

Kirabo yasabye imbabazi ku bw’amashusho ye y’urukozasoni yashyizwe hanze – AMAFOTO
Kuva mu ijoro ryo ku wa 8 Kamena 2026, ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane izikoreshwa n’abanya-Uganda, hakomeje gucicikana amashusho y’urukozasoni bivugwa ko agaragaramo umunyamideli uzwi cyane muri iki gihugu, Kirabo Kisitu. Aya mashusho agaragaza uyu mukobwa ari wenyine mu cyumba. Gusa yavuze ko atigeze ayafata agamije ko ajya hanze cyangwa ngo ashyirwe ku karubanda. Nyuma…
by
Recent Posts
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo
