Category: Urukundo

Inkuru zijyanye n’urukundo, inama n’ibitekerezo

  • Abasore: Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakubenze mu kinyabupfura

    Abasore: Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakubenze mu kinyabupfura

    Bibaho cyane ko umukobwa yakubenga ariko agatinya kubikubwira ahubwo akabinyuza muyandi magambo akubwira buri munsi. Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda ahubwo ko yakubenze. Aya niyo magambo abakoresha bagamije kubenga abasore mu ibanga: 1.Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye…

  • Aho gukora Divorce napfa – Ev. Eliane Niyonagira aratunguranye
    ,

    Aho gukora Divorce napfa – Ev. Eliane Niyonagira aratunguranye

    Umuvugabutumwa akaba n’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ev. Eliane Niyonagira, yatangaje ko adashobora gutandukana n’umugabo we, avuga ko ari inshuti ye magara ndetse n’umuntu abitsa amabanga ye yose. Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI, uyu muvugabutumwa yavuze ko uko imyaka igenda ishira ari ko agenda arushaho gusobanukirwa agaciro k’umugabo mu muryango, ndetse ko ari…

  • Wayifashisha ugusha neza umukunzi wawe! Imitoma 12 irenze

    Wayifashisha ugusha neza umukunzi wawe! Imitoma 12 irenze

    Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe agahita agurumana umuriro w’urukundo: 1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi. 2. Nsagwa n’ibyishimo byo kuba ndi kumwe nawe igihe…

  • Urukundo rwanjye roho yanjye: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe mu gitondo igatuma yirirwa agutekereza

    Urukundo rwanjye roho yanjye: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe mu gitondo igatuma yirirwa agutekereza

    Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko amagambo yawe akaba yuzuye ukuri kuguturutseho. Amagambo aturutse kuri nyirayo aba ari ingenzi cyane kandi…

  • Imitoma 40 wabwira umukobwa mukundana aka kanya akazagukunda by’iteka ryose

    Imitoma 40 wabwira umukobwa mukundana aka kanya akazagukunda by’iteka ryose

    Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi www.isoko360.com iragufasha. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku muntu uko…

  • Ujya uhuza amaso n’umukobwa ukabona akoze ibi? Dore icyo aba ashatse kukubwira

    Ujya uhuza amaso n’umukobwa ukabona akoze ibi? Dore icyo aba ashatse kukubwira

    Bitewe n’amarangamutima y’umuntu, ibimenyetse byizana ku mubiri akenshi biba bifite icyo bisobanura kiri mu ntekerezo cyangwa se mu mutima we. Ibijyanye n’imvugo z’ibimenyetso ni ibintu abantu badakunda kwitaho ariko bikoreshwa cyane ndetse bimwe bikanatanga ubutumwa cyane kurusha uko umuntu yavuga. Hari ibimenyetso byizana ku muntu atabigambiriye bitewe n’ikintu abonye amarangamutima akamurusha imbaraga, hakaba n’ibisanzwe bikoreshwa…

  • Abasore: Dore abakobwa udakwiye gukinisha gushakana nabo

    Abasore: Dore abakobwa udakwiye gukinisha gushakana nabo

    Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1.Umukobwa utekereza ko afite amafaranga / Ari umukire Umukobwa utekereza ko afite amafaranga aragorana kandi iteka aba yiyumva…

  • Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umukobwa yagukunze

    Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umukobwa yagukunze

    Bimwe mu bintu bigora umukobwa n’ugufata iya mbere akabwira umuhungu ko amukunda gusa kwihishira bikabagora bitwe n’uko guhisha amarangamutima yabo nabyo bibagora. 1. Yumva mwahorana: Nkuko hagati y’abantu bakundana bigenda,umukobwa ugukunda kandi ukwiyumvamo aba yumva iteka mwahorana, muganira. 2. Kukwereka inshuti ze Iki nacyo ni ikimenyetso kigaragaza umukobwa ugufitiye amarangamutima. Nubwo utaramubwira ko umukunda, akunda…

  • Abasore: Nutereta umukobwa akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakwanze mu kinyabupfura

    Abasore: Nutereta umukobwa akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakwanze mu kinyabupfura

    Hari imyitwarire ishobora kukwereka ko umukobwa yakwanze ariko ntahote abikubwira ahubwo akabicisha mu bundi buryo.Hano hari icyabikwereka ,nkuko tugiye kubireba muri iyi mkuru. Niwumva umukobwa akubwira amwe muri aya magambo uzamenye ko ashaka kugutera indobo(yakubenze): 1.Ntituri ku rwego rumwe urandenze Nusaba umukobwa kukubera umukunzi akakubwira ko umurenze jya uhita wumva ko we abona akurenze. Ikiyongera…

  • Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore yakwanze

    Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore yakwanze

    Ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu amukunda ni byinshi, ariko nanone hari ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu yamwanze cyangwa atamukunze, bimwe muri byo ni ibi:  Ibi bimenyetso bishobora kuba ikimenyetso ko umuhungu atagukunda, bityo ukaba wakwigendera ukabikuraho amaso.