by
Category: Editorial Picks
-

FDLR yabwije ukuri Donald Trump ushaka ko urambika intwaro hasi
Umutwe wa FDLR watangaje ko udakozwa ibyo kurambika intwaro, ngo keretse wemerewe kujya mu biganiro bya Politiki byuzuye birimo impande zose. Ibi byatangajwe mu butumwa bivugwa ko uriya mutwe wageneye abayobozi batandukanye, barimo na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Nk’uko bigaragara muri raporo y’Itsinda ry’Impuguke za Loni ku bibazo by’umutekano mu…
-

Amerika yafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda RDF ndetse na ba Jenerali bacyo 4
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), ryatangaje abayobozi bakuru ba RDF bafatiwe ibihano barimo Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda,…
by
-

Ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran byahinye uwigeze kuba perezida wayo
Mahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yishwe n’ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, byagabye ku gihugu cye. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wayoboye Iran hagati ya 2005 na 2013, yamenyekanye kuri iki Cyumweru, gusa bikekwa ko yishwe ku wa Gatandatu nk’uko ‘The Jerusalem Post’ yabitangaje. Yishwe n’ibisasu byaguye ku rugo rwe mu gace ka…
by
-

Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. 1. Kunywa ibiyobyabwenge Ku…
by
-

Ntibisanzwe! Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye
Umwana w’umuhungu yabaye uwa mbere uvukiye mu Bwongereza hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye igashyirwa muri nyina. Hugo Powell yabyawe nyina abazwe mu Ukuboza apima ibilo 3,1, avukira mu Bwongereza , ku bitaro byitiriwe Queen Charlotte’s and Chelsea Hospital bimenyerewe mu kubyaza abagore bafite ibibazo bidasanzwe. Ibi bitaro byatangiye kubyaza kuva mu 1739. Ibintu nk’ibi byabaye inshuro ebyiri…
by
-

Nyuma y’imyaka hafi 12, Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
Umunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga. yu munyamakuru wari umaze iminsi atumvikana kuri radiyo, yavuze ko yasezeye kuri KISS FM icyakora yirinda kugaruka kuri byinshi by’aho agiye n’ikigiye gukurikira. Ati “Ubu ikintu navuga ni uko nasezeye kuri Kiss FM, ibindi wenda mu gihe kizaza tuzaganira…
by
-

Gen. Makenga yarusimbutse. Igitero cyishe Lt. Col. Willy Ngoma cyahitanye nibura abantu 9
Igitero cy’indege nto y’intambara itajyamo umupilote (drone) cyishe uwari umuvugizi wa gisirikare w’umutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, mu rukerera rwo ku wa kabiri, cyiciwemo abantu nibura icyenda ariko gihushaho gato umukuru wa gisirikare w’uwo mutwe, Jenerali (Gen) Sultani Makenga, wahunze nta nkomyi, nkuko abantu bane babibwiye ibiro ntaramakuru Reuters. Icyo gitero cyakubise…
by
-

Urupfu rwa Willy Ngoma rusobanuye iki muri iyi ntambara?
“Ndarwanira ko Congo iba nziza kurushaho”, ni kimwe mu bisubizo yampaye ubwo duheruka kuvugana mu mpera z’Ugushyingo(11) gushize nongeye kumubaza impamvu we ubwe ari mu ntambara. Igisirikare cya DR Congo (FARDC) cyemeje ko cyakoze ibitero muri centre ya Rubaya mu burasirazuba bw’iki gihugu ku wa kabiri “kigahitana” Willy Ngoma umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, nk’uko umunyamakuru…
by
-

Tom Close yakubise inkonji Bad Rama
Tom Close yibukije abanyarwanda ko uvuga nabi Leta aba yototera umuturage nka kumwe imbeba irya umuhini yototera isuka. Umuhanzi ubifatanya n’inshingano zo gukorera Leta mu kigo cy’igihugu gishinzwe gutanga amaraso, Tom Close nawe yiyunze ku bari gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kwamagana Bad Rama. Uyu Bad Rama aherutse kwandagaza Leta y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame, Umuryango…
by
Recent Posts
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo


