Author: emmy

  • APR FC yerekanye abakinnyi babiri (AMAFOTO)
    ,

    APR FC yerekanye abakinnyi babiri (AMAFOTO)

    APR FC yamaze kwemeza ko yasinyishije abakinnyi babiri b’abanyamahanga, umunyezamu Ernani Siluane na Mamadou Traore. APR FC ikaba yemeje ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri umunyezamu, Ernan Siluane wakiniraga ikipe ya Black Bulls. Uyu akaba asanzwe ari n’umunyezamu wa mbere w’ikipe y’igihugu ya Mozambique, akaba aje muri APR FC kuyifasha mu myaka ibiri iri imbere.…

  • Jose Chamilione arishinja gutuma umwana we anywa urumogi

    Jose Chamilione arishinja gutuma umwana we anywa urumogi

    Jose Chameleone, yatangaje ko ashobora kuba ari we watumye umuhungu we Abba Marcus atangira kunywa urumogi, ariko ashimangira ko ubu yamaze kubireka kandi ko yifuza ko umuhungu we na we yahindura iyo myitwarire. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na NBS TV yo muri Uganda nyuma y’uko Abba Marcus anenzwe n’abatari bake kubera amashusho yashyize ku…

  • Amasezerano ya Trump hagati y’u Rwanda na RDC ashobora gukubita igihwereye: Foreign Affairs

    Amasezerano ya Trump hagati y’u Rwanda na RDC ashobora gukubita igihwereye: Foreign Affairs

    Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kugaragaza amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa nk’intambwe ikomeye ishobora kurangiza imyaka myinshi y’intambara mu burasirazuba bw’iki gihugu, ikinyamakuru ‘Foreign Affairs’ cyagaragaje ko hari impamvu zikomeye zituma ayo masezerano ashobora kudatanga umusaruro wari witezwe. Mu isesengura cyashyize ahagaragara, iki kinyamakuru kivuga ko n’ubwo isinywa…

  • Akaboko k’umugore wa Ndayishimiye mu iyirukanwa rya Amb. Njebarikanuye nyuma yo guhura na Mushikiwabo

    Akaboko k’umugore wa Ndayishimiye mu iyirukanwa rya Amb. Njebarikanuye nyuma yo guhura na Mushikiwabo

    Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umugore wa Perezida Evariste Ndayishimiye, Angeline Ndayubaha, yaba ari we wagize uruhare mu kwirukana Ambasaderi Spès Caritas Njebarikanuye wahoze ahagarariye u Burundi mu Bufaransa. Amb. Njebarikanuye yahamagajwe i Bujumbura ku wa 3 Kamena 2026, nyuma y’igihe kitageze no ku mezi atatu atangiye inshingano zo guhagararira u Burundi…

  • Umujyi wa kigali ugiye kugura indi modoka isukura imihanda nyuma y’uko iya mbere inenzwe na PAC

    Umujyi wa kigali ugiye kugura indi modoka isukura imihanda nyuma y’uko iya mbere inenzwe na PAC

    Umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye kurushaho kunoza uburyo bwo gutanga amasoko mu gihe witegura kugura indi modoka isukura imihanda, nyuma y’uko hagaragajwe ibibazo ku modoka iherutse kugurwa itujuje byinshi mu byari bikubiye mu masezerano Ibi byatangajwe ku wa Kane, tariki ya 2 Nyakanga, ubwo abayobozi b’Umujyi wa Kigali bitabaga Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe…

  • Nyuma yo guhura na Perezida Kagame Perezida Cyril Ramaphosa yakoreye uruzinduko rw’akazi rutunguranye muri RDC
    ,

    Nyuma yo guhura na Perezida Kagame Perezida Cyril Ramaphosa yakoreye uruzinduko rw’akazi rutunguranye muri RDC

    Mu rwego rwa manda ye nk’ushinzwe kwitegura, gukumira, no guhangana n’ibyorezo mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze i Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), kuri uyu wa Kane, itariki ya 2 Nyakanga 2026, mu ruzinduko rugufi rw’akazi. Nyuma yo kwakirwa ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Ndjili…

  • Rutshuru: FDLR yishe 6 bo mu muryango w’umuyobozi
    ,

    Rutshuru: FDLR yishe 6 bo mu muryango w’umuyobozi

    Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko abarwanyi b’umutwe wa FDLR usanzwe ukorana n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bishe umugore n’abana batanu b’umukuru w’umudugudu wo mu gace ka Kabizo, muri Butare, muri Chefferie ya Bwito ho muri Teritwari ya Rutshuru. Uyu mutwe wabiciye mu gitero wabagabyeho ku wa Kane tariki ya 2…

  • Twirwaneho iri kwagura ibirindiro muri Kivu y’Epfo: Ese ni ugushimangira Minembwe cyangwa gutegura urugamba runini?

    Twirwaneho iri kwagura ibirindiro muri Kivu y’Epfo: Ese ni ugushimangira Minembwe cyangwa gutegura urugamba runini?

    Mu gihe intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhindura isura, hari umutwe umaze iminsi uvugwaho cyane: Twirwaneho. Mu mezi ashize, uyu mutwe wakomeje kuvugwa mu mirwano yabereye muri Minembwe no hafi ya Mikenge, aho amakuru atandukanye avuga ko waguye ibice ugenzura. Nubwo amakuru ava ku mpande zishyamiranye akunze gutandukana, hari…

  • Bisobanuye iki kuba Perezida Ndayishimiye yazamuye ba Jenerali bane icyarimwe?
    ,

    Bisobanuye iki kuba Perezida Ndayishimiye yazamuye ba Jenerali bane icyarimwe?

    Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yazamuye abasirikare bane icyarimwe abaha ipeti rya Général Major, icyemezo cyakuruye ibitekerezo bitandukanye ku miterere y’igisirikare cy’u Burundi n’icyo bishobora gusobanura mu rwego rw’umutekano n’imiyoborere y’ingabo. Abazamuwe ni Elie Ndizigiye uzwi nka Muzinga, usanzwe ari Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira ku Butaka; Venant Bibonimana uyobora Ingabo zirwanira mu Mazi; Hermalas Ndabarinze…

  • Umunyarwenya Mitsutsu agiye kugurisha shene ye ya Youtube ndetse na moto kubera umuvandimwe we

    Umunyarwenya Mitsutsu agiye kugurisha shene ye ya Youtube ndetse na moto kubera umuvandimwe we

    Umunyarwenya Kazungu Emmanuel uzwi nka Mitsutsu ari mu bihe bikomeye byatumye afata icyemezo cyo kugurisha shene ye ya YouTube ndetse na moto. Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Mitsutsu yatangaje ko yashyize ku isoko shene ya YouTube yitwa ’Mitsutsu Empire’ ikurikirwa n’abarenga ibihumbi 360 ndetse na moto yo mu bwoko bwa Spiro. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE,…