Category: Uburezi

Amakuru y’uburezi mu Rwanda no mu mahanga

  • Burera: Abarimu bakomeje gukubitwa n’abanyeshuri – Barindwi bakekwa bafunzwe
    , ,

    Burera: Abarimu bakomeje gukubitwa n’abanyeshuri – Barindwi bakekwa bafunzwe

    Abanyeshuri barindwi biga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Runaba ruherereye mu Murenge wa Butaro, Akarere ka Burera, batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kugira uruhare mu gukubita abarimu batatu. Amakuru y’itabwa muri yombi rya bariya banyeshuri yemejwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, CIP Ignace Ngirabakunzi wavuze ko bamaze gufatwa kugira ngo bakurikiranwe n’inzego…

  • Umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wazamuwe

    Umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wazamuwe

    Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu. Rigaragaza ko umunyamuryango…

  • Ubukene n’amakimbirane mu miryango mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu

    Ubukene n’amakimbirane mu miryango mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu

    Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, Umurungi Providence yatangaje ko ubukene, amakimbirane mu miryango no kutagira amakuru ku buzima bw’imyororokere biri mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu mu Rwanda. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, ubwo yatangizaga ubukangurambaga mu mashuri yisumbuye ku burenganzira bwa muntu no ku ngaruka z’inda ziterwa abangavu…