Urukundo
Abagabo: Niba ukora ibi bintu nta kabuza umugore wawe azaguca inyuma
Mu rushako cyangwa mu mubano, abantu benshi batekereza ko gucibwa inyuma biterwa gusa n’umuntu udafite umutima wo gukunda cyangwa intege nke mu gutera akabariro. Ariko hari igihe umwe mu (…)
Umusore wari waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse, benshi batungurwa n’ibyo umugeni we yahise akora
Umusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rwamagana wari umaze iminsi ashyirwa mu majwi nyuma yo kuburirwa irengero ku munsi nyir’izina w’ubukwe bwe, yongeye kuboneka ari muzima ndetse agarukana umugore (…)
Ushobora kutabyizera ariko ni ukuri: Dore ibimenyetso 5 byakugaragariza ko umukobwa agukunda nta buryarya
Nawe ushobora kuba ujya wibaza niba ushobora kumenya ko umukobwa agukunda by’ukuri ukabiburira igisubizo. Gusa ukuri ni uko hari ibimenyetso byoroheje ushobora kwifashisha ukamenya niba umukobwa (…)
Dore imitoma 54 wabwira umukunzi wawe ugatuma agukunda by’ iteka ryose
Mbere na Mbere , ugomba kumenya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari , ntabwo rwose. Kwita ku muntu uko wabikora kose ubikuye ku mutima bimubera ibirenze kuko biba bikozwe n’ (…)
Umukobwa mukundana cyangwa utereta nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakubenze mu kinyabupfura
Hari imyitwarire ishobora kukwereka ko umukobwa yakwanze ariko ntahote abikubwira ahubwo akabicisha mu bundi buryo.Hano hari icyabikwereka ,nkuko tugiye kubireba muri iyi mkuru. Niwumva (…)
Dore imitoma 10 yagufasha gukangura uwo wihebeye
Nk’ibisanzwe muri iyi nkuru turagufasha gukangura umukunzi wawe mu magambo meza, umufashe kugira umunsi mwiza. Amagambo meza ni mugenzi w’Imana. Iyo bigeze ku muntu ukunda uba ugomba gushyiramo (…)
Dore imitoma 12 irenze ushobora kwifashisha kugira ngo ugushe neza umutima w’umukunzi wawe
Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe (…)
Abakobwa: Ntuzigere ubwira umuhungu mukundana rimwe muri aya magambo
Hari amagambo umukobwa ashobora kubwira umuhungu bakundana akaba yarakaza umuhungu cyane, ndetse bikabaviramo no guhagarika umubano n’inzira y’urukundo bari barimo, kabone n’ubwo waba umubwira (…)
- 1
- 2