Ubuzima

Yishwe n’umuti gakondo bikekwa ko wari washyizwemo amabyi y’imvubu

Umuti gakondo urimo amase y’imvubu wanyowe n’umugore n’umugabo bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Murama kugira ngo ubakize uburwayi bari bafite, bikekwa ko ari wo wahitanye umugabo mu gihe (…)

Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya ariko wowe ntubimenye

Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi (…)

Dosiye y’umunyamategeko wise umuntu ‘igikuri’ yaregewe Urukiko Rwisumbuye

Nyuma y’uko Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, wise ‘igikuri’ (…)

Umukinnyi wari warumvikanya na APR ngo azayikinire yitabye Imana

Byiringiro Patrick wakiniraga Kepler VC akaba yari yamaze kumvikana na APR VC, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rw’uyu mukinnyi ukiri muto kandi w’umuhanga, yamenyekanye mu (…)

Rwamagana: Umugabo akurikiranweho kwica umugore we amukubise ikibando

Inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Rwamagana, zataye muri yombi umugabo wo mu Murenge wa Musha ukekwaho kwica umugore we amukubise ikibando mu mutwe, kubera amakimbirane bari bamaranye (…)

Karongi: Urukiko rwakatiye umugore wari ukurikiranweho kwiyicira umwana

Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo umugore w’imyaka 31 wari ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana yibyariye ndetse n’icyaha cy’ubwinjiracyaha ku cyaha (…)

Umucungamutungo yafunzwe akurikiranweho kunyereza miliyoni zisaga 6RWF

Urukiko rw’ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agateganyo iminsi 30 umucungamutungo wa koperative icunga umutekano ‘Umoja ni Nguvu Rwanda Cooperative’. (…)

Kamonyi: Imbangukiragutabara yagonze umusore w’imyaka 19 ahita apfa

Kamonyi: Imbangukiragutabara y’Ibitaro bya Remera Rukoma yagonze umusore w’imyaka 19 y’amavuko ahita apfa. Iyi mpanuka y’imodoka itwara abarwayi yabereye mu Mudugudu wa Kamayanja, Akagari ka (…)

Dore icyo ibara ry’inkari zawe risobanuye ku mikorere y’umubiri wawe n’igihe ukwiriye kujya kwa muganga

Umuvuzi kabuhariwe yatagaje ibyo kwitaho igihe umaze kwihagarika, akaba ari ibintu byagufasha kumenya niba uri muzima binyuze mu nkari wihagaritse ukamenya uko utwara ubuzima bwawe. Ibara (…)

Indwara 25 zivurwa n’umuravumba, uko utegurwa, uko unyobwa n’ibyo kwitondera

Umuravumba ni umuti gakondo ukomoka ku bimera utangaje , umuravumba ufite ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye ,zaba indwara ziterwa n’amavirusi , indwara ziterwa n’udukoko two mu bwoko bwa (…)

  • 1
  • 2