Urukundo
Dore ibintu 10 wakorera umukunzi wawe agahora akwirahira
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe (…)
Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka ko umukobwa cyangwa umugore yifuza cyane ko muryamana
Abasore benshi bajya bibeshya ko bigoye kumenya niba umukobwa cyangwa umugore ashaka gutera akabariro cyangwa imibonano kuko batazi uburyo babireba ngo babimenye. Nyamara iyo umukobwa cyangwa (…)
Dore ibintu 10 bishobora gutuma uwari umukunzi wawe akugarukira
Gutandukana n’umuntu mwakundanaga si ibintu byoroshye. Hari igihe umwe mu bakundana afata umwanzuro wo kugenda, ariko nyuma y’igihe runaka akumva yongeye kwifuza gusubira aho yigeze gukundirwa. (…)
Dore ibintu 3 wakorera umugore wawe buri joro ntazigere aguca inyuma
Kubwira umugore wawe ko umukunda si byo ukwiye gukora gusa kugirango urugo rukomere. Ugomba kuba witeguye kumwereka urukundo ukora ibikorwa bimwe na bimwe bituma agenda arushaho kugukunda. Uyu (…)
Dore ibimenyetso 5 bizakwereka umukobwa ushaka ko muryamana
Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, n’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza (…)
Ibimenyetso 6 byakwereka hakiri kare ko umukobwa mukundana azavamo umugore mubi
Ntakintu kibi nko kuba umuntu akora ibintu bibi we akaba yibwira ko ari mu nzira nziza. Hari imyitwarire abakobwa bamwe na bamwe bagira ishobora kugaragaza ko bazavamo abagore babi , kabone (…)
Urukundo rutangaje rw’Ababikira baje guhinduka abatinganyi
Abagore babiri bo muri Brazil, Francília Costa na Luiza Silvério, bahuriye mu kigo cy’abihaye Imana bafite intego imwe yo kwiyegurira Imana no kuba ababikira. Icyakora, urugendo rwabo rwaje gufata (…)
Abashakanye gusa: Dore ibyo umugabo akora mbere yo gutera akabariro n’uburyo akoresha (position) akabyara umwana ushaka
Hari uburyo bwitabazwa mu mavuriro akora ibijyanye n’uburumbuke. Nubwo ubu buryo bwizewe neza 100% ariko burahenze si ubwa buri wese. Inkuru nziza ni uko hari uburyo busanzwe ushobora gukoresha (…)
Abagabo: Niba utageza kuri iyi minota nibura menya ko udashimisha umugore wawe
Mu buzima bw’abashakanye cyangwa abakundana, ikibazo abantu benshi bibaza ni iki: “Ese umugabo akwiye kumara iminota ingahe mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina kugira ngo umugore anyurwe?” Hari (…)
Twapfa tukazuka tugikundana - Umutoma wa Nana wasimbuye Miss Muyango mu mutima wa Kimenyi
Bwa mbere Kimenyi Yves yemeje ko yatandukanye n’umugore we Muyango Claudine, ni nyuma y’igihe bivugwa aba bombi bakabica ku ruhande bakanga kugira icyo babivugaho. Kimenyi yabitangaje mu (…)
- 1
- 2