Imyidagaduro

Harmonize yahishuye icyamutandukanyije na Kajala

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Harmonize, yahishuye ko impamvu yatumye we na Kajala Masanja bongera gutandukana, ari uko uyu mukunzi we atamwubahaga. Byatangiye gukekwa ubwo aba bombi (…)

Meddy yishimiye bikomeye itaha amara masa rya Messi

Umuhanzi Nyarwanda. Ngabo Medard uzwi nka Meddy yishimiye bikomeye kuba Argentine ya Lionel Messi itaratwaye igikombe cy’Isi. Mu ijoro ryakeye nibwo habaye umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi (…)

Bakora ibishoboka ngo babashimishe mugahindukira mukabatera amabuye - Muyango Claudine

Uwase Muyango Claudine yavuze ko yahisemo kujya akora ibimunezeza, ibimwishyura atitaye ku magambo y’abantu abo ari bo bose kuko yasanze ari bo bahindukira bakamutera amabuye. Muyango umaze (…)

Zari Hassan yasubiranye n’umugabo we Shakib anatangaza amagambo akomeye ku mubano wabo

Umunyamideli akaba n’umushoramari ukomeye muri Afurika y’Iburasirazuba, Zari Hassan nyuma yo kwiyunga n’umugabo we Shakib Lutaaya Cham bagasubirana, yavuze ko ibanga rikomeye rituma urukundo rwabo (…)

Ibibaye kuri Espagne bishobora gutuma itsindwa umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Ikipe y’Igihugu ya Espagne yahuye n’imbogamizi ikomeye mbere y’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi, aho imyitozo yayo ya nyuma yari iteganyijwe ejo kuwa Gatandatu yasubitswe burundu bitewe (…)

Umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi ushobora gusubikwa

Mu gihe hasigaye iminsi ibiri ngo hakinwe umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026 uzahuza Espagne na Argentine, impungenge zatewe n’umwuka wanduye ushobora kwibasira agace ka New York na New (…)

Zuchu uri muri gatanya ashobora kuviramo aho nta mutungo akuye kuri Diamond

Mu gihe harimo kuvugwa gatanya hagati y’abahanzi babiri bakomeye bo muri Tanzania, Diamond Platnumz na Zuchu, bishobora kuzarangira ntacyo bagabanye Mu minsi ishize nibwo Zuchu yavuze ko (…)

Umukinnyi wa Aston Villa yarakajwe n’uko iyi kipe yagiranye amasezerano na Visit Rwanda

Umukinnyi Johan Manzambi ukina mu kibuga hagati avugwaho kubabazwa n’uko Aston Villa ateganya kubera umukinnyi yagiranye amasezerano na Visit Rwanda yo kwamamaza ibyiza nyaburanga by’u Rwanda. (…)

Zari yatsindiye imitungo y’uwari umugabo we Ivan Ssemwanga wapfuye

Umunyamideli akaba n’umushoramari w’Umunya-Uganda uba muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan, yatsinze urubanza rwari rumaze imyaka aregamo ibijyanye no gucunga umutungo w’uwahoze ari umugabo we, Ivan (…)

FIFA ishobora guhana Argentine ya Messi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rishobora gufatira ibihano Ikipe y’Igihugu ya Argentina nyuma y’uko abakinnyi bayo bizihije intsinzi yo kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi (…)