Author: emmy

  • Bararasa abaturage badasize amatungo, AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome bwa FARDC
    ,

    Bararasa abaturage badasize amatungo, AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome bwa FARDC

    Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje ko ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bukomeje gukora ibikorwa by’ubugome, aho kuri ubu ingabo za leta ,FARDC, iri kurasa abaturage n’amatungo. Hashize igihe igisikare cya Leta, FARDC hamwe n’Ihuriro bafatanya ririmo FDLR, ingabo z’Uburundi, Wazalendo, bubuye ibitero bikomeye kuri uyu mutwe muri Teritwari…

  • Ntibisanzwe! Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye
    ,

    Ntibisanzwe! Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye

    Umwana w’umuhungu yabaye uwa mbere uvukiye mu Bwongereza hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye igashyirwa muri nyina. Hugo Powell yabyawe nyina abazwe mu Ukuboza apima ibilo 3,1, avukira mu Bwongereza , ku bitaro byitiriwe Queen Charlotte’s and Chelsea Hospital bimenyerewe mu kubyaza abagore bafite ibibazo bidasanzwe. Ibi bitaro byatangiye kubyaza kuva mu 1739. Ibintu nk’ibi byabaye inshuro ebyiri…

  • Hamenyekanye icyo umukandida wa RDC uzahatana na Louise Mushikiwabo w’u Rwanda ku buyobozi bwa OIF yizeye kizamufasha gutsinda
    ,

    Hamenyekanye icyo umukandida wa RDC uzahatana na Louise Mushikiwabo w’u Rwanda ku buyobozi bwa OIF yizeye kizamufasha gutsinda

    Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahisemo umukobwa wa Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari y’iki gihugu, Juliana Amato Lumumba, kugira ngo azahatanire umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa. Ku wa 26 Gashyantare 2026, Guverinoma ya RDC yagaragaje ko Juliana w’imyaka 70 y’amavuko afite uburambe bw’imyaka irenga 30 mu miyoborere, dipolomasi ishingiye ku…

  • Samusure uherutse gutahuka yatangaje ko agiye gukora ubukwe
    , ,

    Samusure uherutse gutahuka yatangaje ko agiye gukora ubukwe

    Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure yatangaje ko yitegura gukora ubukwe mu mpera z’uyu mwaka nyuma y’igihe gito agarutse kuba mu Rwanda. Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI, Samusure yavuze ko mu Kuboza kwa 2026 ari bwo azarushinga n’umukunzi we atigeze atangariza imyorondoro. Ati “Mfite ubukwe mu kwa cumi n’abiri kandi ni ibintu bitarimo urwenya nubwo ntaremenya…

  • AFC/M23 yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo gukorwa mu jisho na FARDC
    ,

    AFC/M23 yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo gukorwa mu jisho na FARDC

    Ihuriro ry’abarwanyi ba AFC/M23 bisubije ibice bitandukanye byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’abambari bazo. AFC/M23 yigaruriye ibice bya Luke, Kasenyi na Katobotobo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahuje na FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi, abacanshuro b’abazungu n’ihuriro rya Wazalendo. Ni mu mirwano imaze iminsi ihanganishije impande…

  • Intwari ntizipfa – Undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 yatanze ubutumwa ku rupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma
    ,

    Intwari ntizipfa – Undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 yatanze ubutumwa ku rupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma

    Benjamin Mbonimpa, Umunyamabanga Uhoraho w’Ihuriro AFC/M23, yatangaje ko intwari zidapfa, ahubwo ko ziguma mu mitima ya benshi, ubutumwa buvuga ku rupfu rw’Umuvugizi w’Igisirikare cy’iri Huriro, Lt Col Willy Ngoma, yasezeranyije kuzahora azirikanwa, nk’intwari idasanzwe. Ubu butumwa butangajwe na Benjamin Mbonimpa nyuma y’ubwatanzwe na Bertrand Bisimwa, Umuhuzabikorwa Wungirije wa AFC/M23, yari yatanze kuri uyu wa Gatatu,…

  • Col Bahati Erasto wa AFC/M23 yasabye abaturage kwitandukanya na FDLR

    Col Bahati Erasto wa AFC/M23 yasabye abaturage kwitandukanya na FDLR

    Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Col Bahati Musanga Erasto, yasabye abaturage kwitandukanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, abamenyesha ko abawushinze bamennye amaraso y’inzirakarengane mu Rwanda. Ubu butumwa yabuhaye abatuye muri Sheferi ya Bwisha, Gurupoma ya Binza, muri teritwari ya Rutshuru, hafi y’umupaka wa Uganda, ubwo…

  • Umunyamakuru Gloria Mukamabano yasezeye kuri RBA nyuma y’abandi bakomeye nka Rweme na Jean Pierre Kagabo bamubanjirije
    ,

    Umunyamakuru Gloria Mukamabano yasezeye kuri RBA nyuma y’abandi bakomeye nka Rweme na Jean Pierre Kagabo bamubanjirije

    Umunyamakuru wakoreraga Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Mukamabano Gloria, yasezeye muri izi nshingano yari amazemo imyaka icyenda. Mukamabano yamenyekanye cyane mu gusoma amakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda. Uretse kuba yari umunyamakuru ukunzwe n’abatari bake, Mukamabano yari n’Umuyobozi wa Televiziyo ya RBA y’imyidagaduro KC2. Mu 2015 ni bwo Mukamabano Gloria, yasoje amasomo y’icyiciro cya kabiri cya Kaminuza…

  • Nyuma y’imyaka hafi 12, Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM
    ,

    Nyuma y’imyaka hafi 12, Uncle Austin yasezeye kuri Kiss FM

    Umunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga. yu munyamakuru wari umaze iminsi atumvikana kuri radiyo, yavuze ko yasezeye kuri KISS FM icyakora yirinda kugaruka kuri byinshi by’aho agiye n’ikigiye gukurikira. Ati “Ubu ikintu navuga ni uko nasezeye kuri Kiss FM, ibindi wenda mu gihe kizaza tuzaganira…

  • 3 Driver Job positions at Ministry of finance and economic planning (MINECOFIN)

    3 Driver Job positions at Ministry of finance and economic planning (MINECOFIN)

    Job responsibilities Under direct supervision of the SPIU Coordinator, the Driver will be responsible of the following: – Provision of Transport facilitation to Staff on duty; – Dispatching MINECOFIN’s Outside Courier – Ensuring Proper Management and general Maintenance of Project Fleet; – Keeping Records of the Car movements’ Log Book – Maintaining the Vehicles cleaned…