by
Category: Ubuzima
Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga
-

Umugabo n’umugore we barashinjwa kwica umwana w’umuturanyi
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugore w’imyaka 35 n’umugabo we w’imyaka 42 y’amavuko bakekwaho kwica umwana w’umuturanyi wabo w’imyaka 2 bakoresheje icyuma gishyushye. Icyaha abaregwa bakurikiranyweho cyakozwe mu gitondo cyo ku itariki ya 19 Kamena 2026 mu Mudugudu wa Bikimba, Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi ubwo umwana wishwe…
-

Benshi bayimenya yarabarenze – Sobanukirwa Kanseri y’igifu ikomeje kwibasira abanyarwanda benshi
Inzobere mu kuvura indwara zifata urwungano ngogozi, Mukanumviye Marie Solange, ukora mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, yagaragaje ko kanseri y’igifu iri mu ndwara za kanseri zikunze kwibasira urwo rwungano. Ikibazo gikomeye kuri iyi ndwara ni uko Abanyarwanda benshi bagera kwa muganga yararenze igifu ikaba yaramaze gufata n’ibindi bice by’umubiri. Ibi yabigarutseho muri Podcast…
by
-

Wema Sepetu akomeje kwibasirwa nyuma yo kubyara umwana we wa mbere
Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, yavuze ku bamaze iminsi bamwibasira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kumureka akaryoherwa n’ibyishimo byo kuba umubyeyi. Ku wa 13 Kamena 2026 ni bwo Wema yatangaje ko yibarutse umwana w’umuhungu, ibintu byashimishije abafana be benshi bari bazi urugendo rurerure yanyuzemo kugira ngo…
by
-

Aho gukora Divorce napfa – Ev. Eliane Niyonagira aratunguranye
Umuvugabutumwa akaba n’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ev. Eliane Niyonagira, yatangaje ko adashobora gutandukana n’umugabo we, avuga ko ari inshuti ye magara ndetse n’umuntu abitsa amabanga ye yose. Mu kiganiro yagiranye na ISIMBI, uyu muvugabutumwa yavuze ko uko imyaka igenda ishira ari ko agenda arushaho gusobanukirwa agaciro k’umugabo mu muryango, ndetse ko ari…
by
-

Amerika: Umunyarwanda mu rubanza rwa miliyari 53 RWF
Umunyarwanda Jimmy Muyumbu w’imyaka 38, utuye mu mujyi wa Glendale muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari mu maboko y’ubutabera nyuma yo gushinjwa uruhare mu buriganya bukomeye bwakorewe gahunda ya Leta yita ku buvuzi bw’abaturage bafite ubushobozi buke. Muyumbu, usanzwe uzwi mu muryango w’Abanyarwanda baba muri Amerika no mu myidagaduro kubera…
by
-

Impinduka zikomeye mu ikorwa ry’ibizamini bya perimit
Hashize igihe abaturage, abigisha gutwara ibinyabiziga ndetse n’abashaka kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga bagaragaza ibibazo byagaragaraga mu mitegurire n’imikorere y’ibizamini bya permit. Ubu noneho hagiye gutangira icyiciro gishya kigamije kuvugurura uburyo bwose bwo kwigisha no gusuzuma abifuza kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga. Amakuru akomeje kujya hanze agaragaza ko ikorwa ry’ibizamini bishya bya permit rizatangira muri…
by
-

Urukiko rwavuze igihe Ingabire Victoire azaburanira
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwategetse ko iburanisha ry’urubanza ruregwamo Ingabire Victoire Umuhoza rizasubukurwa muri Nzeri 2026. Ni icyemezo cyatangarijwe mu iburanisha ry’ibanze ryabereye muri urwo rukiko, aho Ingabire Victoire yari yagaragaje ko hari ibyo abona byatuma urubanza rutagenda neza bikwiye kubanza guhabwa umurongo. Mu byo Ingabire Victoire yari yagaragaje harimo kuba atabasha kuvugana n’umuryango we…
by
-

Igitunguru Gitukura: Menya Indwara 10 Gishobora Gufasha Kurwanya n’Impamvu Ukwiye Kukirya Buri Munsi
Igitunguru gitukura ni kimwe mu biribwa bikunze gukoreshwa mu gutegura amafunguro. Uretse kongera uburyohe mu mafunguro, kirimo intungamubiri nyinshi zirimo vitamini C, vitamini B6, fibre ndetse n’ibinyabutabire bifasha umubiri kurwanya indwara. Imimaro y’igitunguru gitukura 1. Gukomeza ubudahangarwa bw’umubiri Igitunguru gitukura kirimo vitamini C n’ibindi binyabutabire birwanya utunyangingo twangiza umubiri (antioxidants), bikafasha umubiri kugira ubudahangarwa bukomeye.…
by
-

Rulindo: Amashusho y’umugore wakubitaga umugabo mu buryo bukomeye akomeje kuvugisha benshi
Abaturage bo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, bafashe amashusho y’umugore wari urimo gukubita mu buryo bukomeye umugabo we amuziza ko yararanye n’indaya mu gasozi kandi atasize amafaranga yo guhaha. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Bubangu aho Akarere ka Rulindo gahanira imbibi n’Akarere ka Gasabo. Uyu mugore…
by
-

Iran yahawe Miliyari 10$ kugirango itazongera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) zatangaje ko zohereje miliyari 10 z’amadolari ya Amerika, nyuma y’amasezerano bagiranye yo gusaba Iran ko itazongera kurasa muri iki gihugu. Ku wa Gatanu tariki 12 Kamena 2026, nibwo ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko Iran na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zagiranye amasezerano yo kuzana ituze mu karere. Muri aya masezerano…
by
Recent Posts
-

Yolande Makolo yavuze impamvu gufungwa inganda z’inzoga z’ibyuma byatinze ndetse n’ikizakorerwa abazahuriramo n’igihombo
-

Gor Mahia yiyambaje abafana ba APR FC ngo bayifashe Rayon Sports
-

Umuvandimwe wa Mitsutsu wari urembeye mu bitaro bya Kanombe yitabye Imana
-

Lionel Messi habuze gato ngo asezererwe na Cap-Vert. Imisifurire ikomeje kuba ikibazo

