Category: Imyidagaduro

  • RIB yagajeje Dosiye ya Yugi mu bushinjacyaha

    RIB yagajeje Dosiye ya Yugi mu bushinjacyaha

    Umuhanzi unamenyekanye mu kuvuza ingoma, Yugi Umukaraza, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) aho akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo gukoresha ibiyobyabwenge cyangwa ibindi biyasimbura, ndetse n’icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato. Amakuru yatangajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha agaragaza ko dosiye ye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 29 Kamena 2026 kugira ngo hakomeze ibikorwa by’amategeko, mu gihe…

  • Kagarara na Ashton Hall bagiye gukorana akandi gashya

    Kagarara na Ashton Hall bagiye gukorana akandi gashya

    Enock Uwizeye uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Kagarara, yatangaje ko yinjiye mu rugendo rwihariye azafatanyamo n’Umunyamerika Ashton Hall, ruzabageza mu bihugu bitandukanye bya Afurika mbere yo gusozwa mu Rwanda. Urwo rugendo rwatangiriye muri Ghana ku wa 28 Kamena 2026, aho Ashton Hall yahisemo gutangirira ibikorwa bye byo gusura Afurika. Muri icyo gihugu ni na…

  • Bruce Melody wari washyize hanze amashusho ya The Ben na Muyoboke bagwa ku rubyiniro yayasibye shishi itabona

    Bruce Melody wari washyize hanze amashusho ya The Ben na Muyoboke bagwa ku rubyiniro yayasibye shishi itabona

    Umuhanzi Bruce Melodie yakuye kuri konti ye ya Instagram amashusho yari yashyizeho nyuma y’uko akunze kunengwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, bamushinja gukoresha ibihe byagwiririye abandi mu buryo bwafashwe nko kubashinyagurira. Mu byari byashyizwe kuri uru rubuga harimo amashusho agaragaza The Ben agwa ku rubyiniro mu gitaramo cya Summer Country Tour cyabereye mu Karere ka Bugesera ku…

  • Bruce Melodie yitandukanyije na Kigali Universe na UGB yemezaga ko afitemo imigabane

    Bruce Melodie yitandukanyije na Kigali Universe na UGB yemezaga ko afitemo imigabane

    Nyuma y’igihe Bruce Melodie agaragaza ko afatanyije na Coach Gael ibikorwa birimo Kigali Universe n’ikipe ya UGB, kuri ubu yamaze gukura ayo makuru ku mbuga nkoranyambaga ze, byongera guca amarenga ko umubano w’aba bagabo utifashe neza. Bruce Melodie yari yaranditse ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko ari umwe mu bafatanyabikorwa ba Kigali Universe na UGB. Icyakora,…

  • Wema Sepetu akomeje kwibasirwa nyuma yo kubyara umwana we wa mbere
    ,

    Wema Sepetu akomeje kwibasirwa nyuma yo kubyara umwana we wa mbere

    Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, yavuze ku bamaze iminsi bamwibasira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kumureka akaryoherwa n’ibyishimo byo kuba umubyeyi. Ku wa 13 Kamena 2026 ni bwo Wema yatangaje ko yibarutse umwana w’umuhungu, ibintu byashimishije abafana be benshi bari bazi urugendo rurerure yanyuzemo kugira ngo…

  • Hakomeje kwibazwa uzahosha intambara hagati ya Muyoboke na Dj Pius

    Hakomeje kwibazwa uzahosha intambara hagati ya Muyoboke na Dj Pius

    Benshi bakomeje kwibaza ikizahagarika intambara y’amagambo hagati ya Muyoboke Alex na DJ Pius yadutse ku wa 25 Kamena 2026. Nyuma y’igihe badacana uwaka, aba bagabo bahoze ari inshuti z’akadasohoka, bongeye gukozanyaho biturutse ku kiganiro Muyoboke Alex aherutse kugirana na IGIHE, agaragaza ko yagize uruhare mu ikorwa ry’indirimbo “Agatako”, DJ Pius wayikoze akabyamaganira kure. DJ Pius…

  • Miss Jolly ahaye Bebe Cool nyirantarengwa

    Miss Jolly ahaye Bebe Cool nyirantarengwa

    Uwahoze ari Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, Mutesi Jolly, yafashe icyemezo cyo kwitabaza amategeko nyuma y’uko umuhanzi wo muri Uganda Moses Ssali, uzwi nka Bebe Cool, amushinje ku mugaragaro kugira uruhare mu buriganya bwamukorewe. Mu nyandiko y’amapaji abiri yasinywe n’ibiro by’abanyamategeko Mbidde & Co. Advocates ku wa 17 Kamena 2026, Mutesi Jolly yavuze ko ibyo…

  • Bebe Cool yashinje Miss Mutesi Jolly ubujura bushukana

    Bebe Cool yashinje Miss Mutesi Jolly ubujura bushukana

    Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool, yashyize mu majwi Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, amushinja kumwambura amafaranga akoresheje uburiganya, yitwaza izina ry’u Rwanda ndetse n’ikipe ya Arsenal. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, mbere yo kubumenyesha abantu batandukanye barimo Perezida Paul Kagame na Gen. Muhoozi Kainerugaba,…

  • Umuhanzi Yampano yerekeje i Mageragere nyuma yo gukatirwa n’urukiko rwa Kicukiro

    Umuhanzi Yampano yerekeje i Mageragere nyuma yo gukatirwa n’urukiko rwa Kicukiro

    Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Uworizagwira Florient, uzwi ku izina rya Yampano, afungwa by’agateganyo iminsi 30 muri gereza ya Mageragere mu gihe iperereza n’ikurikiranacyaha bikomeje. Iki cyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 9 Kamena 2026 nyuma y’iburanisha ryari rigamije gusuzuma niba hari impamvu zikomeye zatuma akurikiranwa afunzwe by’agateganyo. Mu mwanzuro warwo, urukiko rwasanze hari ibimenyetso…

  • Kirabo yasabye imbabazi ku bw’amashusho ye y’urukozasoni yashyizwe hanze – AMAFOTO
    ,

    Kirabo yasabye imbabazi ku bw’amashusho ye y’urukozasoni yashyizwe hanze – AMAFOTO

    Kuva mu ijoro ryo ku wa 8 Kamena 2026, ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane izikoreshwa n’abanya-Uganda, hakomeje gucicikana amashusho y’urukozasoni bivugwa ko agaragaramo umunyamideli uzwi cyane muri iki gihugu, Kirabo Kisitu. Aya mashusho agaragaza uyu mukobwa ari wenyine mu cyumba. Gusa yavuze ko atigeze ayafata agamije ko ajya hanze cyangwa ngo ashyirwe ku karubanda. Nyuma…