by
Category: Politiki
Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga
-

Umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 yaciye amarenga ku rupfu rwa Willy Ngoma
Mu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, Umuhuzabikorwa Wungirije w’iri Huriro, Bertrand Bisimwa yatangaje ko urugamba rw’impinduramatwara igihe cyose rugira intwari zimena amaraso zikitangira kubohora Igihugu. Ni ubutumwa Bertrand Bisimwa yatangaje ku rubuga nkoranyambaga rwa X mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Gashyantare nyuma y’umunsi…
-

Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare
Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa agahenge. Iyi mirwano yari imaze iminsi ibiri ibera mu duce twa Buhaya na Fungura, iherereye hafi ya Katobi muri Lokarite ya Banakindi muri Gurupoma ya…
by
-

Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko nta rwango agira kandi nta n’uruzigera rumuranga ariko ko abika amateka ashingiye ku bimenyetso bifatika. Yabigarutseho mu biganiro bikomeje guhuza Abanyarwanda baba mu Burayi biri kubera mu Bufaransa. Dr. Bizimana yagaragaje ko hari abakunze kugaragaza ko yanga Abahutu, bashingiye ku mateka avuga, bakagaragaza ko…
by
-

Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Rubaga, Paul Ssemogerere wagombaga gusoma Misa yo gusengera Kizza Besigye byarangiye atabonetse ndetse irasubikwa, bikekwa ko yabujijwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ni Misa yari iteganyijwe Saa 13:00 z’i Kampala. Abagize umuryango wa Besigye barimo umugore we, Winnie Byanyima n’abandi bageze mu Kiliziya batungurwa no gusanga Alitari yera, ndetse bigera…
by
-

Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko imvugo zibiba urwango zizakomeza gukwirwakwira mu karere mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ukiriho. Mu nama mpuzamahanga yo kurwanya ivangura yabereye mu Busuwisi kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ko iyo imvugo zibiba urwango…
by
-

Umugabo yarasiwe hafi y’urugo rwa Perezida Donald Trump
Umugabo witwaje intwaro yarasiwe muri metero nke z’ahantu hafatwa nko kuvogera urugo rwa Perezida Donald Trump ahitwa Mar-a-Lago muri leta ya Florida nk’uko byemejwe n’inzego z’iperereza. Amakuru ya BBC avuga ko uwo mugabo yari yitwaje intwaro, n’amavuta (petrol) ubwo yahagarikwaga, nyuma akaraswa n’abashinzwe iperereza nk’uko Umuyobozi wa Polisi wungirije yabivuze. Icyo gikorwa cyabaye mu masaha…
by









