Category: Politiki

Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga

  • Umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 yaciye amarenga ku rupfu rwa Willy Ngoma

    Umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 yaciye amarenga ku rupfu rwa Willy Ngoma

    Mu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, Umuhuzabikorwa Wungirije w’iri Huriro, Bertrand Bisimwa yatangaje ko urugamba rw’impinduramatwara igihe cyose rugira intwari zimena amaraso zikitangira kubohora Igihugu. Ni ubutumwa Bertrand Bisimwa yatangaje ku rubuga nkoranyambaga rwa X mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Gashyantare nyuma y’umunsi…

  • Umuvugizi wa gisirikare wa M23 yiciwe mu gitero cya ‘drone’ cy’ingabo za leta – ibivugwa n’abategetsi
    ,

    Umuvugizi wa gisirikare wa M23 yiciwe mu gitero cya ‘drone’ cy’ingabo za leta – ibivugwa n’abategetsi

    Umuvugizi wa gisirikare w’umutwe w’inyeshyamba wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, yiciwe mu gitero cy’indege nto z’intambara zitajyamo umupilote (drone) cy’ingabo za leta mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru Reuters. Reuters yasubiyemo amagambo y’umudipolomate wo mu karere, umutegetsi mukuru wo mu…

  • Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa AFC/M23 yarashwe na Drone za FARDC
    ,

    Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa AFC/M23 yarashwe na Drone za FARDC

    Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda z’ijoro (02:42 a.m) hafi y’umurima munini w’uwitwa Gahizi. Kugeza ubu ntacyo AFC/M23…

  • Angola yiyambuye ubuhuza yinjira byeruye mu ntambara ya RDC
    , ,

    Angola yiyambuye ubuhuza yinjira byeruye mu ntambara ya RDC

    Igisirikare cya Angola kirwanira mu kirere giherutse kohereza mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abasirikare bo kurwanya ihuriro AFC/M23 n’umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Komine ya Minembwe. Tariki ya 18 Gashyantare 2026, Angola yohereje abasirikare bagera kuri 100 ku kibuga cy’indege cya Kalemie mu ntara ya Tanganyika, nyuma y’amasaha make kimwe…

  • Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare

    Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare

    Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa agahenge. Iyi mirwano yari imaze iminsi ibiri ibera mu duce twa Buhaya na Fungura, iherereye hafi ya Katobi muri Lokarite ya Banakindi muri Gurupoma ya…

  • Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana

    Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana

    Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko nta rwango agira kandi nta n’uruzigera rumuranga ariko ko abika amateka ashingiye ku bimenyetso bifatika. Yabigarutseho mu biganiro bikomeje guhuza Abanyarwanda baba mu Burayi biri kubera mu Bufaransa. Dr. Bizimana yagaragaje ko hari abakunze kugaragaza ko yanga Abahutu, bashingiye ku mateka avuga, bakagaragaza ko…

  • Abanye-Congo bahungiye i Burundi bagizwe ingwate za politiki y’inda

    Abanye-Congo bahungiye i Burundi bagizwe ingwate za politiki y’inda

    Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi, ziturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zirarira ayo kwarika kubera ubuzima bushaririye zibayemo mu nkambi, zikavuga ko zangiwe gusubira iwabo kubera politiki y’inda. Mu Burundi hari impunzi z’Abanye-Congo zirenga ibihumbi 70, nyuma y’uko mu Ukuboza 2025 abarenga 90.000 bahunze imirwano yabereye ahanini mu nkengero za Uvira, Luvungi n’ahandi. Ubwo imirwano…

  • Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi

    Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi

    Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Rubaga, Paul Ssemogerere wagombaga gusoma Misa yo gusengera Kizza Besigye byarangiye atabonetse ndetse irasubikwa, bikekwa ko yabujijwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ni Misa yari iteganyijwe Saa 13:00 z’i Kampala. Abagize umuryango wa Besigye barimo umugore we, Winnie Byanyima n’abandi bageze mu Kiliziya batungurwa no gusanga Alitari yera, ndetse bigera…

  • Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho

    Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko imvugo zibiba urwango zizakomeza gukwirwakwira mu karere mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ukiriho. Mu nama mpuzamahanga yo kurwanya ivangura yabereye mu Busuwisi kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Minisitiri Nduhungirehe yatangaje ko iyo imvugo zibiba urwango…

  • Umugabo yarasiwe hafi y’urugo rwa Perezida Donald Trump

    Umugabo yarasiwe hafi y’urugo rwa Perezida Donald Trump

    Umugabo witwaje intwaro yarasiwe muri metero nke z’ahantu hafatwa nko kuvogera urugo rwa Perezida Donald Trump ahitwa Mar-a-Lago muri leta ya Florida nk’uko byemejwe n’inzego z’iperereza. Amakuru ya BBC avuga ko uwo mugabo yari yitwaje intwaro, n’amavuta (petrol) ubwo yahagarikwaga, nyuma akaraswa n’abashinzwe iperereza nk’uko Umuyobozi wa Polisi wungirije yabivuze. Icyo gikorwa cyabaye mu masaha…