by
Category: Featured
-

Kanseri y’Impyiko: Benshi babimenya bitinze. Dore ibimenyetso 7 by’ingenzi utagomba kwirengagiza
Kanseri y’impyiko ni indwara iterwa n’imikurire idasanzwe y’uturemangingo two mu mpyiko, ikaba ishobora gukura ikagera no ku zindi ngingo z’umubiri iyo itavuwe hakiri kare. Impyiko ni ingingo zifite uruhare rukomeye mu kuyungurura amaraso no gukuramo imyanda mu mubiri. Ibimenyetso bya kanseri y’impyiko Mu ntangiriro, kanseri y’impyiko ishobora kutagaragaza ibimenyetso. Ariko uko ikura, umuntu ashobora kubona…
-

Amerika yafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda RDF ndetse na ba Jenerali bacyo 4
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), ryatangaje abayobozi bakuru ba RDF bafatiwe ibihano barimo Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda,…
by
-

Ese kuva amaraso mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bihuriye he n’ubusugi bw’umukobwa? Ibyo benshi bibeshya
Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga. Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka…
by
-

Uko byagenze ngo CIA na Mossad bibone amakuru yatumye Ali Khamenei yivuganwa n’ibitero bya Amerika na Israel
Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), byamenyekanye ko rwari rumaze amezi menshi rugenda runono uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mbere y’uko yicwa ku wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare. Khamenei yiciwe mu bitero Amerika na Israel bagabye i Tehran, apfana n’abandi bayobozi bakomeye biganjemo ab’igisirikare cya Iran. Mbere y’uko…
by
-

Ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran byahinye uwigeze kuba perezida wayo
Mahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yishwe n’ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, byagabye ku gihugu cye. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wayoboye Iran hagati ya 2005 na 2013, yamenyekanye kuri iki Cyumweru, gusa bikekwa ko yishwe ku wa Gatandatu nk’uko ‘The Jerusalem Post’ yabitangaje. Yishwe n’ibisasu byaguye ku rugo rwe mu gace ka…
by
-

Inkotanyi twarwaniye aha mu Burundi icyumweru cyose turazumutsa: Ndayishimiye yongeye kurikoroza
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko nta banga ry’imirwanire abo yise Inkotanyi barusha igihugu cye, ngo kuko hari igihe yigeze kumara icyumweru cyose arwanira na zo mu Burundi akazumutsa. Ndayishimiye yabivuze mu cyumweru gishize ubwo yari mu masengesho yari yateguwe n’ishyaka CNDD-FDD. Yavuze ko yarwaniye n’Inkotanyi ahitwa i Muruta mbere y’uko ngo zambuka zikajya…
by
-

Hamenyekanye uwagambaniye Gen. Niyombare bigatuma umugambi we wo guhirika Nkurunziza upfuba
Mu myaka igera kuri 11 ishize abasirikare b’u Burundi bayobowe na Général-Major Godefroid Niyombare, bagerageje guhirika ubutegetsi bw’uwari Perezida wa kiriya gihugu, Pierre Nkurunziza ariko birangira uwo mugambi upfubye. Niyombare yari umwe mu nkoramutima za Pierre Nkurunziza akaba n’umwe mu bajyanama be mu bijyanye n’umutekano, ndetse yayoboye urwego rw’ubutasi kugeza muri Gashyantare 2015. Uyu mugabo…
by








