Category: Urukundo

Inkuru zijyanye n’urukundo, inama n’ibitekerezo

  • Dore ibimenyetso 8 byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore mubi

    Dore ibimenyetso 8 byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore mubi

    Niba uteganya gusaba umukobwa mukundana ko azakubera umugore,mukabana,kumenya niba witeguye koko gushaka ni icya kabiri cyo gutsinda urugamba . Ugomba ariko kumenya niba umukobwa mukundana muzabana rugakomera,urugo rwanyu ukarugiriramo ibyishimo n’umunezero. Urukundo rwonyine ntiruhagije kugira ngo wiyemeze gushaka umugore cyangwa umugabo. Hari n’indi mico y’umukunzi wawe uba ugomba kwitegereza no kwitondera kugira ngo ufate icyemezo.…

  • Ese kuva amaraso mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bihuriye he n’ubusugi bw’umukobwa? Ibyo benshi bibeshya
    ,

    Ese kuva amaraso mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bihuriye he n’ubusugi bw’umukobwa? Ibyo benshi bibeshya

    Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga. Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka…

  • Abagabo: Dore ibintu 5 ugomba kwitondera no kwirinda gukora igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe

    Abagabo: Dore ibintu 5 ugomba kwitondera no kwirinda gukora igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe

    Ni byiza ko umugore wawe umushimisha igihe muryamanye k’uburyo nawe azajya abasha kukwisanzuraho bihagije igihe cyose muri mu buriri. Aya ni amakosa atanu ukwiye kwirinda gukora igihe uzaba uri kumwe n’umukunzi wawe mu buriri 1. Irinde ubwanwa bwashokonkoye Ubwanwa ni kimwe mu bintu wakwirinda, igihe bumaze iminsi igera nko kuri 3 butogoshwa bujomba uwo muryamanye,…

  • Dore uburyo bwiza bwagufasha gutera akabariro mu gitondo

    Dore uburyo bwiza bwagufasha gutera akabariro mu gitondo

    – Gutera akabariro akenshi ni igikorwa kiba abashakanye bagiye kuryama cyangwa se bakangutse mu gitondo. – Umugabo wese mu masaha y’igitondo aba yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kurusha umugore maze agahita amukangura niyo yaba agisinziriye. – Gutera akabariro kandi ni nacyo kintu abashakanye baha agaciro mu gitondo kurenza izindi gahunda zose ziba zigomba gukorwa mu gitondo. Uburyo…

  • Intambwe 11 wakurikiza usomana bigatuma umukunzi wawe atazakwibagirwa na rimwe

    Intambwe 11 wakurikiza usomana bigatuma umukunzi wawe atazakwibagirwa na rimwe

    Ubusanzwe gusomana ni ikimenyetso no guhuza urugwiro hagati y’abakundana ariko kandi ni n’ikimenyetso gishobora kugaragaza kwishimirana no kwizerana hagati y’abakundana ikaba n’intambwe iganisha ku mibonano mpuzabitsina kuko bifasha cyane abakundana kwitegura iki gikorwa. – Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye. – Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere ntibyoroshe. – Kubibona mu mashusho biroroshye ariko…

  • Abasore: Dore amabanga abakobwa batajya babwira abakunzi babo

    Abasore: Dore amabanga abakobwa batajya babwira abakunzi babo

    – Ni kenshi bivugwa ko abagabo cyangwa se ab’igitsina gabo aribo bantu badakunze kuvuga ibiberekeyeho gusa burya n’abagore bagira ibanga bikomeye kuri bimwe mu biranga ndetse n’ibyiyumviro byabo cyane cyane bagakunda kubigira ibanga ridakorwaho n’uwo ari we wese. – Abakobwa cyangwa abagore nk’uko bakunze kwitwa muri ‘rusange’ bagira ibintu bashobora kukubwiza ukuri n’ibindi biba ari nk’ihame…

  • Dore amagambo 7 aryohera amatwi y’abagore cyane abagabo benshi batazi

    Dore amagambo 7 aryohera amatwi y’abagore cyane abagabo benshi batazi

    Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugirango arusheho kukwiyumvamo cyane, ndetse ntagire n’icyo aguhisha igihe mutari mu bihe byiza by’urukundo rwanyu. Aya namwe mu magambo wabwira umukunzi wawe bigatuma urushaho kugubwa neza cyane ndetse akanagukunda kurushaho. 1. Iyo umukunzi wajye aza kuba ikiyaga,nta butaka bwari kuzabaho,Iyo umukunzi wajye aza kuba ubutayu,wari kuzabona umucanga…

  • Dore uburyo 3 bwiza bwo gutera akabariro ku bageze mu zabukuru bagahora bagira ubushake

    Dore uburyo 3 bwiza bwo gutera akabariro ku bageze mu zabukuru bagahora bagira ubushake

    Akenshi abashakanye iyo bageze mu zabukuru usanga babura uburyo bubanogeye bakoramo imibonano mpuzabitsina bitewe n’uko zimwe mu ngingo zabo ziba zitagikora neza, ariko kandi bagifite ubushake bwo kuyikora. Ubushakashatsi bugaragaza ko iyo umugore n’umugabo bageze mu kigero cy’imyaka hagati ya 40 na 60 usanga imyakura yongera kwikarishya ugasanga bafite ubushake bwo gutera akabariro, ariko akenshi…

  • Imitoma: Dore amagambo 4 wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose yumvise

    Imitoma: Dore amagambo 4 wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose yumvise

    Iyo abantu bakimena bnifuza ku rushing, usanga hari byinshi bwirana mu rwego kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Dore amwe muri ayo magambo 1.Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe Wari wabwirwa iri jambo ngo wumve ukuntu riryoha? Si ugupfa kurivuga gusa kuko…