Imyidagaduro

Dj Sonia yababariye bamwe mu bari bafunzwe bazira kumusebya

DJ Sonia yahaye imbabazi abantu babiri muri barindwi batawe muri yombi bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no kumusebya. Nyuma yo gutabaza avuga ko abangamiwe n’agatsiko k’abantu bamubuza (…)

Zari yongeye gutigisa imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwibagisha mu isura ngo akomeze kugira isura y’abato

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Zari The Boss Lady, yatangaje ko aherutse gukoresha $10.000 (asaga miliyoni 14 Frw) mu kwibagisha isura ye kugira ngo isubirane itoto, (…)

Ariel Wayz umunyarwanda rukumbi ugiye guhatana n’abarimo Zuchu mu bihembo bya AFRIMMA 2026

Umuhanzikazi Uwayezu Ariel umaze kumenyekana nka Ariel Wayz, yashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Muzik Magazine Awards (AFRIMMA 2026), aho ari we muhanzi wenyine uhagarariye u (…)

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Senegal ryegetse insinzwi yayo y’igikombe cy’isi ku muganga

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal, Abdoulaye Fall, yatangaje ko umuganga wari ushinzwe kwita ku buzima bw’ikipe y’igihugu atari afite ubunararibonye buhagije mu buvuzi bwa (…)

Ashton Hall ukubutse mu Rwanda yagaragaye ku rutonde rw’abinjije menshi ku mbuga nkoranyambaga

Umunyamerika Ashton Hall, uheruka kugirira uruzinduko mu Rwanda, yagaragaye ku rutonde rwa Forbes Top Creators 2026 ruhuza abakora ibibera ku mbuga nkoranyambaga [ content] 50 binjirijeho (…)

Ashton yahishuye impamvu atagiye muri Uganda nk’uko yari yabiteguye

Umunyamerika wamamaye mu bijyanye no gukora imyitozo ngororamubiri no gusangiza abantu ubuzima buzira umuze, Ashton Hall, yatangaje ko atabashije gusura Uganda nk’uko yari yarabiteguye, bitewe (…)

Diamond yagaragaje umukobwa w’ikizungerezi ashobora kuba yarasimbuje Zuchu

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, yongeye gutuma abantu bacicikana ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze ifoto y’umukobwa w’uburanga buhebuje witwa Kristine Boris, (…)

Ibihe by’ingenzi byaranze uruzinduko rw’Umunyamerika Ashton Hall mu Bigowe

Umunyamerika wubatse izina mu myitozo ngororamubiri, Ashton Hall, ari kumwe na Kagarara AKA Ashton Small ndetse n’Umuhindi Indian Ashton Hall, basuye mu Bigogwe ahari ubukerarugendo bushingiye ku (…)

Diamond na Zuchu ntibagicana uwaka, basabye gatanya

Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Zuhura Othman Soud, uzwi cyane nka Zuchu, yatangaje ko we n’umugabo we, Diamond Platnumz batandukanye ndetse batangiye inzira yo gusaba gatanya mu buryo (…)

Nyuma y’uko hari bamwe muri bo bahanwe abasifuzi basigaye banga gusifura imikino imwe n’imwe

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice yahishuye ko hari bamwe mu basifuzi bo mu Cyiciro cya mbere basigaye banga gusifura imikino imwe n’imwe. Ni (…)