Ubuzima

Abagore bakorewe akantu kazajya kabafasha kunyara bahagaze nk’abagabo

Hari igikoresho cyoroheje gikozwe muri silicone ikoreshwa mu buvuzi kiri kugenda gikoreshwa cyane n’abagore, cyane cyane abakunda gukora ingendo, kujya mu misozi cyangwa kwisanga ahantu ubwiherero (…)

Kigali: Igiciro cy’Inyama cyatumbagiye kigera ku bihumbi 13RWF

Abaturage batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali, baravuga ko bahangayikishijwe cyane n’uburyo ibiciro by’inyama byatumbagiye cyane bikagera aho ikiro cy’inyama kiri kugura amafaranga ari hagati (…)

Ibanga ryihishye inyuma yo kwambara impeta nyinshi

Mu mibereho ya buri munsi, usanga hari abantu bambara impeta imwe, abandi bakambara nyinshi ku ntoki zitandukanye, bakazihuza mu buryo butandukanye, impeta z’amabara atandukanye, iz’amabuye (…)

Dore ibintu 7 byangiza umutima cyane buri muntu wese akwiye kumenya

Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu (…)

Umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye kubera telefoni

Agahinda n’ishavu byarenze urugero byibasiye umuryango wo mu Murenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, nyuma y’uko umukobwa wabo w’imyaka 16 afashe icyemezo cyo kwiyambura ubuzima, bikekwa ko byatewe (…)

Wikwiyica, ntiwanezeza umugore- Pasiteri akebura abagabo

Umupasiteri wo muri Nigeria, Funke Felix-Adejumo yagiriye inama abagabo yo gukora bakita ku bagore babo ariko ko batagomba kwiyica kuko badashobora kunezeza abagore. Mu kibwiriza yatanze ku (…)

Dore ibintu bitera kumatana kw’ibitsina igihe cy’imibonano n’uko wabigenza igihe bikubayeho

Kumatana kw’ibitsina, ibizwi nka “Penis Captivus” mu ndimi z’amahanga ni impanuka idakunze kubaho ariko ihindisha benshi umushyitsi ndetse hari n’abatekereza ko ari imigani cyangwa inkuru (…)

Si ko buri gihe biba ari ibyishimo! Dore ibintu 8 abantu batazi bishobora gutera umugore gutaka igihe cy’akabariro

Ese kurira cyangwa gutaka k’umugore mu gihe cyo gutera akabariro biterwa n’iki? 1. Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera (…)

Indwara enye(4) nshya zandurira mu mibonano mpuzabitsina zihangayikishije impuguke

Hari indwara nshya zivuka buri munsi, kandi zimwe muri zo ni indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Zimwe muri izi ndwara zihangayikishije abahanga n’abahanga muri siyansi kuko zigoye (…)

Abagore barenga 800 bashyingiwe batarageza imyaka 21 muri 2025

Raporo y’irangamimerere mu Rwanda ya 2025 igaragaza ko muri uwo mwaka ingo zisaga ibihumbi 50 zashyingiwe mu mategeko, ndetse umubare munini w’abagore bashaka bari munsi y’imyaka 25 aho abarenga (…)

  • 1
  • 2