Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bikorana byakajije ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’ibya MRDP-Twirwaneho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bitwara ubuzima bw’abasivili, abandi benshi barakomereka. Ibi bitero byagabwe kuva mu gicuku cyo kuri uyu wa 9 Kamena 2026, hifashishijwe drones zirimo izo mu bwoko…