Minisiteri y’Ibikorwa remezo yatangaje ko izamuka ry’ibiciro bya Mazutu ritazagira ingaruka ku biciro bisanzwe by’ingendo zo gutwara abantu n’ibintu kuko Leta yashyizemo nkunganire. Ku mugoroba wo ku wa 5 Kamena 2026, nibwo Urwego Ngenzuramikorere, (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli. Litiro ya mazutu yazamutseho 722 Frw kuko yavuye kuri 2205 Frw ikagera kuri 2.927…