by
Tag: Ibienyetso bya Kanseri
-

Benshi bayimenya yarabarenze – Sobanukirwa Kanseri y’igifu ikomeje kwibasira abanyarwanda benshi
Inzobere mu kuvura indwara zifata urwungano ngogozi, Mukanumviye Marie Solange, ukora mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, yagaragaje ko kanseri y’igifu iri mu ndwara za kanseri zikunze kwibasira urwo rwungano. Ikibazo gikomeye kuri iyi ndwara ni uko Abanyarwanda benshi bagera kwa muganga yararenze igifu ikaba yaramaze gufata n’ibindi bice by’umubiri. Ibi yabigarutseho muri Podcast…





