Tag: Ibihano Amerika yafatiye u Rwanda

  • Impaka ni zose ku byo Ububirigi bwatangaje ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

    Impaka ni zose ku byo Ububirigi bwatangaje ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

    Impaka ku mutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, agaragaje ko igihugu cye gishyigikiye uburyo bushya bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muri aka karere, aho kuvana Ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Congo bigomba kujyana no gusenya umutwe wa FDLR…