Tag: Intambara yo muri RDC

  • Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na AFC/M23

    Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na AFC/M23

    Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bikorana byakajije ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’ibya MRDP-Twirwaneho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bitwara ubuzima bw’abasivili, abandi benshi barakomereka. Ibi bitero byagabwe kuva mu gicuku cyo kuri uyu wa 9 Kamena 2026, hifashishijwe drones zirimo izo mu bwoko…

  • Impaka ni zose ku byo Ububirigi bwatangaje ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

    Impaka ni zose ku byo Ububirigi bwatangaje ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

    Impaka ku mutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gufata indi ntera nyuma y’uko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, agaragaje ko igihugu cye gishyigikiye uburyo bushya bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muri aka karere, aho kuvana Ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Congo bigomba kujyana no gusenya umutwe wa FDLR…

  • Indege za FARDC zongeye kurasa mu bice AFC/M23 yigaruriye zica benshi abandi barakomereka

    Indege za FARDC zongeye kurasa mu bice AFC/M23 yigaruriye zica benshi abandi barakomereka

    Abaturage bakomeje kwicwa no gukomereka muri Minembwe mu gihe AFC/M23 ishinja FARDC kongera ibitero ku bice bituwe cyane Umutekano ukomeje kuba ikibazo gikomeye mu bice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ritangaje ko ibice bituwe n’abaturage muri Minembwe byongeye kugabwaho ibitero ryita ibyo guhungabanya ubuzima bw’abasivili no gukomeza kubashyira mu…

  • AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe ifata Abarwanyi barimo babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo

    AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe ifata Abarwanyi barimo babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo

    Operasiyo idasanzwe yayobowe na Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama, usigaye ashinzwe ibikorwa by’ubukangurambaga muri AFC/M23, yageze ku musaruro ukomeye nyuma yo gufatira umwe mu bayobozi b’imitwe ya Wazalendo inatuma undi murwanyi mukuru wo muri iyo mitwe afata icyemezo cyo kwishyikiriza ubuyobozi bwa AFC/M23 ku bushake. Iyi operasiyo yabereye mu gace ka Nyabanira gaherereye muri Groupement ya…

  • FARDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba

    FARDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba

    Imirwano imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi sura, aho ubutegetsi bwa Kinshasa busa n’ubwinjiye mu cyiciro gishya cy’urugamba rutarangwa gusa no gushaka gutsinda ibitero by’ako kanya, ahubwo rugamije kunaniza uwo bahanganye kugeza igihe atakaje ubushobozi bwo gukomeza urugamba. Aya mayeri azwi nka “intambara yo kunaniza cyangwa war…