by
Tag: pac
-

PAC yahase ibibazo umugi wa Kigali ku igurwa ry’imodoka ikoropa imihanda yari yujuje ibintu 9 gusa kuri 24 byasabwaga
Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana ukuntu haguzwe imodoka yo gukora isuku mu Mujyi wa Kigali ariko harimo ibintu byinshi itujuje. Ni ikibazo cyagarutsweho ku wa 2 Nyakanga 2026 ubwo Umujyi wa Kigali wisobanuraga imbere ya PAC ku bibazo byagaragaye muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta…





