Tag: Perezida Kagame yahinduye Guverinoma

  • Sebahizi na Uwihanganye Jean de Dieu bavuze amagambo akomeye nyuma yo gusimburwa muri Guverinoma

    Sebahizi na Uwihanganye Jean de Dieu bavuze amagambo akomeye nyuma yo gusimburwa muri Guverinoma

    Impinduka ziherutse gukorwa muri Guverinoma y’u Rwanda na Perezida Paul Kagame zatumye bamwe mu bayobozi bari bafite imyanya ikomeye basimburwa, ibintu byavuzweho cyane n’abaturage ndetse n’abasesengura ibijyanye n’imiyoborere. Ku wa 10 Kamena 2026 nijoro, Perezida Kagame yatangaje impinduka nshya muri Guverinoma, zireba Minisiteri zitandukanye zirimo iy’Ubucuruzi n’Inganda ndetse n’iy’Ibikorwaremezo, hamwe n’izindi nzego za Leta. Muri…