Tag: Umuti w’ibiheri byo mu maso

  • Dore uko wakwivura ibiheri byo mu maso ndetse n’inkovu zabyo

    Dore uko wakwivura ibiheri byo mu maso ndetse n’inkovu zabyo

    Hari abantu baba barazengerejwe n’ibiheri byo mu maso, cyangwa uruhu rwabo rukaba rufite amavuta menshi bityo no mu gihe umuntu akize ibyo biheri hagasigara inkovu z’umukara mu maso. Ku bafite ibyo bibazo, hari uburyo butandukanye kandi buri naturel bwabafasha kwivura. Uko wakoresha urunyanya ukirinda acne( ibiheri) : Fata urunyanya urukate, ufate igisate kimwe ugishyire ahantu hari…