Author: emmy

  • Umwana Tanasha Donna yabyaranye na Diamond Platnumz yongeye kurikoroza

    Umwana Tanasha Donna yabyaranye na Diamond Platnumz yongeye kurikoroza

    Umuhanzikazi wo muri Kenya, Tanasha Donna, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe nyuma y’uko umuhungu we, Naseeb Junior yasoje icyiciro cy’amashuri yigagamo. Uyu mwana yabyaranye n’icyamamare mu muziki wa Tanzania, Diamond Platnumz, yagaragaye yambaye ikanzu y’ubururu bwijimye n’ubururu bwerurutse yambarwa n’abarangiza amashuri, imbere yambaye ishati y’umukara, karuvati ya papillon n’inkweto z’umukara. Tanasha yashyize hanze amafoto n’amashusho agaragaza uwo…

  • Umugabo n’umugore we barashinjwa kwica umwana w’umuturanyi

    Umugabo n’umugore we barashinjwa kwica umwana w’umuturanyi

    Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugore w’imyaka 35 n’umugabo we w’imyaka 42 y’amavuko bakekwaho kwica umwana w’umuturanyi wabo w’imyaka 2 bakoresheje icyuma gishyushye.  Icyaha abaregwa bakurikiranyweho cyakozwe mu gitondo cyo ku itariki ya 19 Kamena 2026 mu Mudugudu wa Bikimba, Akagari ka Gihara, Umurenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi ubwo umwana wishwe…

  • Umutekano wakajijwe muri Afurika y’Epfo mbere y’imyigaragambyo irwanya abimukira

    Umutekano wakajijwe muri Afurika y’Epfo mbere y’imyigaragambyo irwanya abimukira

    Abapolisi n’abashinzwe umutekano bo mu bigo byigenga bashyizwe ahantu hatandukanye muri Afurika y’Epfo kubera ubwoba bwuko imyigaragambyo iteganyijwe yo kwamagana abimukira ishobora kuvamo urugomo. Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yashishikarije abateganya kwitabira iyo myigaragambyo kubikora “nta gutera ubwoba, nta gushyiraho ibikangisho cyangwa gutanga nyirantarengwa”. Iyi myigaragambyo iteganyijwe kuba uyu munsi, w’itariki ntarengwa yashyizweho n’impirimbanyi…

  • RIB yagajeje Dosiye ya Yugi mu bushinjacyaha

    RIB yagajeje Dosiye ya Yugi mu bushinjacyaha

    Umuhanzi unamenyekanye mu kuvuza ingoma, Yugi Umukaraza, ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) aho akurikiranyweho ibyaha bibiri birimo gukoresha ibiyobyabwenge cyangwa ibindi biyasimbura, ndetse n’icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato. Amakuru yatangajwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha agaragaza ko dosiye ye yamaze gushyikirizwa Ubushinjacyaha ku wa 29 Kamena 2026 kugira ngo hakomeze ibikorwa by’amategeko, mu gihe…

  • Kagarara na Ashton Hall bagiye gukorana akandi gashya

    Kagarara na Ashton Hall bagiye gukorana akandi gashya

    Enock Uwizeye uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Kagarara, yatangaje ko yinjiye mu rugendo rwihariye azafatanyamo n’Umunyamerika Ashton Hall, ruzabageza mu bihugu bitandukanye bya Afurika mbere yo gusozwa mu Rwanda. Urwo rugendo rwatangiriye muri Ghana ku wa 28 Kamena 2026, aho Ashton Hall yahisemo gutangirira ibikorwa bye byo gusura Afurika. Muri icyo gihugu ni na…

  • Bruce Melody wari washyize hanze amashusho ya The Ben na Muyoboke bagwa ku rubyiniro yayasibye shishi itabona

    Bruce Melody wari washyize hanze amashusho ya The Ben na Muyoboke bagwa ku rubyiniro yayasibye shishi itabona

    Umuhanzi Bruce Melodie yakuye kuri konti ye ya Instagram amashusho yari yashyizeho nyuma y’uko akunze kunengwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, bamushinja gukoresha ibihe byagwiririye abandi mu buryo bwafashwe nko kubashinyagurira. Mu byari byashyizwe kuri uru rubuga harimo amashusho agaragaza The Ben agwa ku rubyiniro mu gitaramo cya Summer Country Tour cyabereye mu Karere ka Bugesera ku…

  • Senegal: Perezida w’inteko ishinga amategeko yatangije umugambi wo kwambura perezida ubutegetsi bikurura imyigaragambyo ikomeye

    Senegal: Perezida w’inteko ishinga amategeko yatangije umugambi wo kwambura perezida ubutegetsi bikurura imyigaragambyo ikomeye

    Kuri uyu wa Mbere, Igipolisi ya Senegal cyakoresheje ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abigaragambya hanze y’Inteko Ishinga Amategeko ubwo abadepite baganiraga ku ivugururwa ry’itegeko nshinga ryakongerera ububasha Inteko Ishinga Amategeko rikagabanya ubw’umukuru w’igihugu, abanenga iki gitekerezo bavuga ko gishobora guteza akajagari muri guverinoma. Imiryango ya sosiyete sivile yo muri Senegal n’amashyaka ya politiki bavuga…

  • Bruce Melodie yitandukanyije na Kigali Universe na UGB yemezaga ko afitemo imigabane

    Bruce Melodie yitandukanyije na Kigali Universe na UGB yemezaga ko afitemo imigabane

    Nyuma y’igihe Bruce Melodie agaragaza ko afatanyije na Coach Gael ibikorwa birimo Kigali Universe n’ikipe ya UGB, kuri ubu yamaze gukura ayo makuru ku mbuga nkoranyambaga ze, byongera guca amarenga ko umubano w’aba bagabo utifashe neza. Bruce Melodie yari yaranditse ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ko ari umwe mu bafatanyabikorwa ba Kigali Universe na UGB. Icyakora,…

  • Yahoze ari umu CRAP muri FDRL, Umwana we yigana n’uwa Perezida Kagame, ubu ni umuyobozi mu gipolisi cy’u Rwanda

    Yahoze ari umu CRAP muri FDRL, Umwana we yigana n’uwa Perezida Kagame, ubu ni umuyobozi mu gipolisi cy’u Rwanda

    ACP Augustin Kuradupagase wahoze mu Ngabo za Leta ya Habyarimana Juvenal yasobanuye ko ubwo yinjiraga mu Rwanda nk’umucengezi mu 1997 ari bwo yanahisemo kwishyikiriza Inkotanyi kuko yabonaga yatsinzwe urugamba. Yavukiye mu yahoze ari Komine Karago. Yinjiye mu ishuri rya Gisirikare rya ESM mu 1991, ahabwa ipeti rya Sous-Lieutenant mu 1994. Mu rugamba rwo kubohora igihugu,…

  • Kubera iki ibihano Amerika ifatira ibihugu cyangwa abantu bigira agaciro ku isi hose?

    Kubera iki ibihano Amerika ifatira ibihugu cyangwa abantu bigira agaciro ku isi hose?

    Iyo Amerika itangaje ko yafatiye umuntu, ikigo cyangwa igihugu ibihano (sanctions), akenshi usanga n’ibindi bihugu, amabanki, amasosiyete ndetse n’abashoramari ku isi hose bihita bihindura imyitwarire yabo. Hari abantu bibaza bati: “Ese ni iki gituma igihugu kimwe gifite ububasha bwo kugira ingaruka ku bukungu bw’isi yose?” Izi ni zimwe mu mbaraga zikomeye Amerika yubatse mu myaka…