Author: emmy

  • Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa AFC/M23 yarashwe na Drone za FARDC
    ,

    Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa AFC/M23 yarashwe na Drone za FARDC

    Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda z’ijoro (02:42 a.m) hafi y’umurima munini w’uwitwa Gahizi. Kugeza ubu ntacyo AFC/M23…

  • Umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wazamuwe

    Umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wazamuwe

    Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu. Rigaragaza ko umunyamuryango…

  • Angola yiyambuye ubuhuza yinjira byeruye mu ntambara ya RDC
    , ,

    Angola yiyambuye ubuhuza yinjira byeruye mu ntambara ya RDC

    Igisirikare cya Angola kirwanira mu kirere giherutse kohereza mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abasirikare bo kurwanya ihuriro AFC/M23 n’umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Komine ya Minembwe. Tariki ya 18 Gashyantare 2026, Angola yohereje abasirikare bagera kuri 100 ku kibuga cy’indege cya Kalemie mu ntara ya Tanganyika, nyuma y’amasaha make kimwe…

  • Wa mugore wagaragaye akubitira umugabo ku muhanda agiye gutabwa muri yombi
    , ,

    Wa mugore wagaragaye akubitira umugabo ku muhanda agiye gutabwa muri yombi

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yatangaje uru rwego rwamaze kumenya amakuru arebana n’urugomo rw’umugore wagaragaye mu mashusho akubita inshyi umugabo we mu ruhame, kandi ko agomba gufatwa. Ni nyuma yuko mu mpera z’icyumweru gishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’umugore ari gukubitira umugabo mu ruhame, amubaza aho yiriwe.…

  • Menya amabara y’amavangingo n’icyo asobanuye ku buzima bwawe
    ,

    Menya amabara y’amavangingo n’icyo asobanuye ku buzima bwawe

    Amavangingo ni ikimenyetso cy’ingenzi cy’ubuzima bw’umugore, cyane cyane ku mikorere ya hormone, nyababyeyi n’imigendekere y’amaraso. Ibara ry’amaraso yo mu mihango rishobora gutanga amakuru afatika ku buzima rusange. Dore ibisobanuro birambuye mu ngingo 10, bivanzwe n’ibisobanuro n’hashtags zifasha gusobanukirwa neza. 1. Ibara ritukura rikeye Iri bara rifatwa nk’irisanzwe kandi ryiza. Akenshi rigaragara mu minsi ya mbere…

  • Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
    ,

    Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify

    Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere muri Afurika ufite abamwumva benshi buri kwezi ku rubuga rwa Spotify. Tems uzwi mu ndirimbo zirimo Love Me Jeje, amaze kugera ku bantu miliyoni 38.3 bamwumva buri kwezi kuri Spotify,…

  • Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare

    Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare

    Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa agahenge. Iyi mirwano yari imaze iminsi ibiri ibera mu duce twa Buhaya na Fungura, iherereye hafi ya Katobi muri Lokarite ya Banakindi muri Gurupoma ya…

  • Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana

    Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana

    Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko nta rwango agira kandi nta n’uruzigera rumuranga ariko ko abika amateka ashingiye ku bimenyetso bifatika. Yabigarutseho mu biganiro bikomeje guhuza Abanyarwanda baba mu Burayi biri kubera mu Bufaransa. Dr. Bizimana yagaragaje ko hari abakunze kugaragaza ko yanga Abahutu, bashingiye ku mateka avuga, bakagaragaza ko…

  • Ubukene n’amakimbirane mu miryango mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu

    Ubukene n’amakimbirane mu miryango mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu

    Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, Umurungi Providence yatangaje ko ubukene, amakimbirane mu miryango no kutagira amakuru ku buzima bw’imyororokere biri mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu mu Rwanda. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, ubwo yatangizaga ubukangurambaga mu mashuri yisumbuye ku burenganzira bwa muntu no ku ngaruka z’inda ziterwa abangavu…

  • Abanye-Congo bahungiye i Burundi bagizwe ingwate za politiki y’inda

    Abanye-Congo bahungiye i Burundi bagizwe ingwate za politiki y’inda

    Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi, ziturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zirarira ayo kwarika kubera ubuzima bushaririye zibayemo mu nkambi, zikavuga ko zangiwe gusubira iwabo kubera politiki y’inda. Mu Burundi hari impunzi z’Abanye-Congo zirenga ibihumbi 70, nyuma y’uko mu Ukuboza 2025 abarenga 90.000 bahunze imirwano yabereye ahanini mu nkengero za Uvira, Luvungi n’ahandi. Ubwo imirwano…