by
Author: emmy
-

Umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wazamuwe
Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu. Rigaragaza ko umunyamuryango…
by
-

Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere muri Afurika ufite abamwumva benshi buri kwezi ku rubuga rwa Spotify. Tems uzwi mu ndirimbo zirimo Love Me Jeje, amaze kugera ku bantu miliyoni 38.3 bamwumva buri kwezi kuri Spotify,…
by
-

Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare
Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa agahenge. Iyi mirwano yari imaze iminsi ibiri ibera mu duce twa Buhaya na Fungura, iherereye hafi ya Katobi muri Lokarite ya Banakindi muri Gurupoma ya…
by
-

Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko nta rwango agira kandi nta n’uruzigera rumuranga ariko ko abika amateka ashingiye ku bimenyetso bifatika. Yabigarutseho mu biganiro bikomeje guhuza Abanyarwanda baba mu Burayi biri kubera mu Bufaransa. Dr. Bizimana yagaragaje ko hari abakunze kugaragaza ko yanga Abahutu, bashingiye ku mateka avuga, bakagaragaza ko…
by
-

Ubukene n’amakimbirane mu miryango mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu
Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, Umurungi Providence yatangaje ko ubukene, amakimbirane mu miryango no kutagira amakuru ku buzima bw’imyororokere biri mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu mu Rwanda. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, ubwo yatangizaga ubukangurambaga mu mashuri yisumbuye ku burenganzira bwa muntu no ku ngaruka z’inda ziterwa abangavu…
by










