by
Category: Politiki
Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga
-

Senegal: Perezida w’inteko ishinga amategeko yatangije umugambi wo kwambura perezida ubutegetsi bikurura imyigaragambyo ikomeye
Kuri uyu wa Mbere, Igipolisi ya Senegal cyakoresheje ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abigaragambya hanze y’Inteko Ishinga Amategeko ubwo abadepite baganiraga ku ivugururwa ry’itegeko nshinga ryakongerera ububasha Inteko Ishinga Amategeko rikagabanya ubw’umukuru w’igihugu, abanenga iki gitekerezo bavuga ko gishobora guteza akajagari muri guverinoma. Imiryango ya sosiyete sivile yo muri Senegal n’amashyaka ya politiki bavuga…
-

Yahoze ari umu CRAP muri FDRL, Umwana we yigana n’uwa Perezida Kagame, ubu ni umuyobozi mu gipolisi cy’u Rwanda
ACP Augustin Kuradupagase wahoze mu Ngabo za Leta ya Habyarimana Juvenal yasobanuye ko ubwo yinjiraga mu Rwanda nk’umucengezi mu 1997 ari bwo yanahisemo kwishyikiriza Inkotanyi kuko yabonaga yatsinzwe urugamba. Yavukiye mu yahoze ari Komine Karago. Yinjiye mu ishuri rya Gisirikare rya ESM mu 1991, ahabwa ipeti rya Sous-Lieutenant mu 1994. Mu rugamba rwo kubohora igihugu,…
by
-

Kubera iki ibihano Amerika ifatira ibihugu cyangwa abantu bigira agaciro ku isi hose?
Iyo Amerika itangaje ko yafatiye umuntu, ikigo cyangwa igihugu ibihano (sanctions), akenshi usanga n’ibindi bihugu, amabanki, amasosiyete ndetse n’abashoramari ku isi hose bihita bihindura imyitwarire yabo. Hari abantu bibaza bati: “Ese ni iki gituma igihugu kimwe gifite ububasha bwo kugira ingaruka ku bukungu bw’isi yose?” Izi ni zimwe mu mbaraga zikomeye Amerika yubatse mu myaka…
by
-

Rtd. Gen. Ibingira yavuze ku munsi wa mbere yahuriyeho na perezida Kagame ku rugamba rwo kubohora igihugu
Gen (Rtd) Fred Ibingira yagarutse ku byabaye umunsi Perezida Kagame ava muri Amerika akajya kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu, asobanura ko icyo gihe ingabo zari zacitse intege kuko na we bahura bwa mbere tariki 26 Ukwakira 1990, yari yamaze guta icyizere. Gen (Rtd) Fred Ibingira yavuze ko urugamba rwo kubohora igihugu rutangira, ku itariki ya…
by
-

Gen. Muhoozi yafunze ibinyamakuru birimo NTV na Daily Monitor
Televiziyo za NTV Uganda na Spark TV na Daily Monitor zavanywe ku murongo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nyuma y’igikorwa cy’abashinzwe umutekano nijoro cyabereye ahakorera Nation Media Group (NMG) Uganda muri Namuwongo no kuri Kampala Serena Hotel. Kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha yaho, abakurikira izi televiziyo zombi bageragezaga kuzireba bikanga…
by
-

Impamvu Tshisekedi na Ndayishimiye bashaka Minembwe byo gupfa
Umushakashatsi akaba n’umusesenguzi ku bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu karere muri rusange, Dr. Alex Mvuka, avuga ko impamvu ubutegetsi bwa RDC n’u Burundi bukomeje gushyira imbaraga mu rugamba rwo gufata Minembwe idashingira ku nyungu z’ubukungu cyangwa iza gisirikare, ahubwo ko ishingiye ku busobanuro iki gice gifite ku rwego rwa…
by









