by
Category: Politiki
Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga
-

PAC yahase ibibazo umugi wa Kigali ku igurwa ry’imodoka ikoropa imihanda yari yujuje ibintu 9 gusa kuri 24 byasabwaga
Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana ukuntu haguzwe imodoka yo gukora isuku mu Mujyi wa Kigali ariko harimo ibintu byinshi itujuje. Ni ikibazo cyagarutsweho ku wa 2 Nyakanga 2026 ubwo Umujyi wa Kigali wisobanuraga imbere ya PAC ku bibazo byagaragaye muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta…
by
-

FDLR yabwije ukuri Donald Trump ushaka ko urambika intwaro hasi
Umutwe wa FDLR watangaje ko udakozwa ibyo kurambika intwaro, ngo keretse wemerewe kujya mu biganiro bya Politiki byuzuye birimo impande zose. Ibi byatangajwe mu butumwa bivugwa ko uriya mutwe wageneye abayobozi batandukanye, barimo na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Nk’uko bigaragara muri raporo y’Itsinda ry’Impuguke za Loni ku bibazo by’umutekano mu…
by
-

Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyagabanyutse
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyaragabanutse ku wa nyuma y’uko hagaragaye icyizere mu biganiro bihuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, kigera ku madorali 72. Ibi biganiro byabereye i Doha muri Qatar, aho Perezida Donald Trump yavuze ko ibiganiro byagenze neza kandi ko Amerika na Iran bari kugenda bumvikana neza. Imibare yo ku wa 1…
by
-

Loni yavuze Operasiyo idasanzwe Gen (Rtd) James Kabarebe aheruka gukorera muri RDC
Raporo nshya y’Itsinda ry’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize mu majwi Gen (Rtd) James Kabarebe wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, imushinja kugira uruhare rukomeye mu ihuzwa ry’ibikorwa bya gisirikare byatumye umujyi wa Uvira ufatwa n’ihuriro rya AFC/M23 mu mpera za 2025. Iyi raporo yagaragaje amakuru mashya ku buryo ibikorwa…
by
-

Dr. Murangira yaburiye abasubiramo ibitutsi n’amakuru y’ibihuha bitwaje ko barimo kubinenga
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yaburiye abantu bifashisha imbuga nkoranyambaga mu gukwirakwiza amakuru y’ibihuha, avuga ko bazajya babihanirwa kubera ibyo bakora. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na BTN TV, aho yavuze ko hari ibintu abantu basigaye bitwaza imbuga nkoranyambaga mu gutangaza amakuru y’ibihuha ndetse no gukwirakwiza ibinyoma, avuga ko bigize icyaha.…
by
-

MRDP-Twirwaneho yahanuye kajugujugu ebyira za FARDC
Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko warasiye mu Mujyi wa Baraka muri Teritwari ya Fizi kajugujugu ebyiri z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aya makuru yemejwe n’umwe mu bofisiye bakuru ba MRDP Twirwaneho, PC Mavugo, asobanura ko izi ndege zarashwe ubwo zari zivuye kugaba ibitero muri Komini Minembwe ihuza Fizi, Uvira na Mwenga.…
by
-

Umutekano wakajijwe muri Afurika y’Epfo mbere y’imyigaragambyo irwanya abimukira
Abapolisi n’abashinzwe umutekano bo mu bigo byigenga bashyizwe ahantu hatandukanye muri Afurika y’Epfo kubera ubwoba bwuko imyigaragambyo iteganyijwe yo kwamagana abimukira ishobora kuvamo urugomo. Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yashishikarije abateganya kwitabira iyo myigaragambyo kubikora “nta gutera ubwoba, nta gushyiraho ibikangisho cyangwa gutanga nyirantarengwa”. Iyi myigaragambyo iteganyijwe kuba uyu munsi, w’itariki ntarengwa yashyizweho n’impirimbanyi…
by








