Category: Politiki

Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga

  • Bisobanuye iki kuba Perezida Ndayishimiye yazamuye ba Jenerali bane icyarimwe?
    ,

    Bisobanuye iki kuba Perezida Ndayishimiye yazamuye ba Jenerali bane icyarimwe?

    Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yazamuye abasirikare bane icyarimwe abaha ipeti rya Général Major, icyemezo cyakuruye ibitekerezo bitandukanye ku miterere y’igisirikare cy’u Burundi n’icyo bishobora gusobanura mu rwego rw’umutekano n’imiyoborere y’ingabo. Abazamuwe ni Elie Ndizigiye uzwi nka Muzinga, usanzwe ari Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira ku Butaka; Venant Bibonimana uyobora Ingabo zirwanira mu Mazi; Hermalas Ndabarinze…

  • PAC yahase ibibazo umugi wa Kigali ku igurwa ry’imodoka ikoropa imihanda yari yujuje ibintu 9 gusa kuri 24 byasabwaga

    PAC yahase ibibazo umugi wa Kigali ku igurwa ry’imodoka ikoropa imihanda yari yujuje ibintu 9 gusa kuri 24 byasabwaga

    Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana ukuntu haguzwe imodoka yo gukora isuku mu Mujyi wa Kigali ariko harimo ibintu byinshi itujuje. Ni ikibazo cyagarutsweho ku wa 2 Nyakanga 2026 ubwo Umujyi wa Kigali wisobanuraga imbere ya PAC ku bibazo byagaragaye muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta…

  • FDLR yabwije ukuri Donald Trump ushaka ko urambika intwaro hasi
    ,

    FDLR yabwije ukuri Donald Trump ushaka ko urambika intwaro hasi

    Umutwe wa FDLR watangaje ko udakozwa ibyo kurambika intwaro, ngo keretse wemerewe kujya mu biganiro bya Politiki byuzuye birimo impande zose. Ibi byatangajwe mu butumwa bivugwa ko uriya mutwe wageneye abayobozi batandukanye, barimo na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Nk’uko bigaragara muri raporo y’Itsinda ry’Impuguke za Loni ku bibazo by’umutekano mu…

  • FDRL yakutse umutima kubera igitero simusiga yagabweho na AFC/M23
    , ,

    FDRL yakutse umutima kubera igitero simusiga yagabweho na AFC/M23

    Imirwano ikomeye yongeye kubura mu bice bya Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’aho umutwe wa FDLR uri kurira ayo kwarika utangaje ko wagabweho igitero n’abarwanyi ba AFC/M23 cyarangiye ibikorwa byawo by’ingenzi bya gisilikare birimo amashuri y’amahugurwa y’abofisiye n’abasuzofisiye bifashwe ndetse bimwe muri byo bigatwikwa. Aya makuru yatangajwe n’Umuvugizi w’ishami rya gisilikare muri FDLR,…

  • Dr. Matembe wanenze Museveni n’umuhungu we, yafunguwe by’agateganyo
    , ,

    Dr. Matembe wanenze Museveni n’umuhungu we, yafunguwe by’agateganyo

    Urukiko rwa Luzira muri Uganda rwategetse ko Dr. Miria Matembe, wahoze ari Minisitiri w’Uburere Mbonezabupfura, ukurikiranyweho icyaha cyo guteza amacakubiri, afungurwa by’agateganyo. Umucamanza witwa Sheilah Gloria Atim yatangaje ko Dr Matembe yemeye ibisabwa kugira ngo afungurwe by’agateganyo. Yemeye gusinya amasezerano y’uko azishyura miliyoni Eshatu z’Amashilingi ya Uganda mu gihe yaba atubahirije ibisabwa. Abamwishingiye na bo…

  • Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyagabanyutse

    Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyagabanyutse

    Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyaragabanutse ku wa nyuma y’uko hagaragaye icyizere mu biganiro bihuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, kigera ku madorali 72. Ibi biganiro byabereye i Doha muri Qatar, aho Perezida Donald Trump yavuze ko ibiganiro byagenze neza kandi ko Amerika na Iran bari kugenda bumvikana neza. Imibare yo ku wa 1…

  • Loni yavuze Operasiyo idasanzwe Gen (Rtd) James Kabarebe aheruka gukorera muri RDC

    Loni yavuze Operasiyo idasanzwe Gen (Rtd) James Kabarebe aheruka gukorera muri RDC

    Raporo nshya y’Itsinda ry’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize mu majwi Gen (Rtd) James Kabarebe wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, imushinja kugira uruhare rukomeye mu ihuzwa ry’ibikorwa bya gisirikare byatumye umujyi wa Uvira ufatwa n’ihuriro rya AFC/M23 mu mpera za 2025. Iyi raporo yagaragaje amakuru mashya ku buryo ibikorwa…

  • Dr. Murangira yaburiye abasubiramo ibitutsi n’amakuru y’ibihuha bitwaje ko barimo kubinenga

    Dr. Murangira yaburiye abasubiramo ibitutsi n’amakuru y’ibihuha bitwaje ko barimo kubinenga

    Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yaburiye abantu bifashisha imbuga nkoranyambaga mu gukwirakwiza amakuru y’ibihuha, avuga ko bazajya babihanirwa kubera ibyo bakora. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na BTN TV, aho yavuze ko hari ibintu abantu basigaye bitwaza imbuga nkoranyambaga mu gutangaza amakuru y’ibihuha ndetse no gukwirakwiza ibinyoma, avuga ko bigize icyaha.…

  • MRDP-Twirwaneho yahanuye kajugujugu ebyira za FARDC

    MRDP-Twirwaneho yahanuye kajugujugu ebyira za FARDC

    Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko warasiye mu Mujyi wa Baraka muri Teritwari ya Fizi kajugujugu ebyiri z’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aya makuru yemejwe n’umwe mu bofisiye bakuru ba MRDP Twirwaneho, PC Mavugo, asobanura ko izi ndege zarashwe ubwo zari zivuye kugaba ibitero muri Komini Minembwe ihuza Fizi, Uvira na Mwenga.…

  • Umutekano wakajijwe muri Afurika y’Epfo mbere y’imyigaragambyo irwanya abimukira

    Umutekano wakajijwe muri Afurika y’Epfo mbere y’imyigaragambyo irwanya abimukira

    Abapolisi n’abashinzwe umutekano bo mu bigo byigenga bashyizwe ahantu hatandukanye muri Afurika y’Epfo kubera ubwoba bwuko imyigaragambyo iteganyijwe yo kwamagana abimukira ishobora kuvamo urugomo. Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yashishikarije abateganya kwitabira iyo myigaragambyo kubikora “nta gutera ubwoba, nta gushyiraho ibikangisho cyangwa gutanga nyirantarengwa”. Iyi myigaragambyo iteganyijwe kuba uyu munsi, w’itariki ntarengwa yashyizweho n’impirimbanyi…