Author: emmy

  • FARDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba

    FARDC yazanye amayeri mashya azayifasha gutsinda AFC/M23 mu ntambara yageze mu cyiciro gishya cy’urugamba

    Imirwano imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gufata indi sura, aho ubutegetsi bwa Kinshasa busa n’ubwinjiye mu cyiciro gishya cy’urugamba rutarangwa gusa no gushaka gutsinda ibitero by’ako kanya, ahubwo rugamije kunaniza uwo bahanganye kugeza igihe atakaje ubushobozi bwo gukomeza urugamba. Aya mayeri azwi nka “intambara yo kunaniza cyangwa war…

  • Rwanda: Uko ibiciro by’ingengo byifashe nyuma y’itumbagira ry’ibiciro bya Mazutu

    Rwanda: Uko ibiciro by’ingengo byifashe nyuma y’itumbagira ry’ibiciro bya Mazutu

    Minisiteri y’Ibikorwa remezo yatangaje ko izamuka ry’ibiciro bya Mazutu ritazagira ingaruka ku biciro bisanzwe by’ingendo zo gutwara abantu n’ibintu kuko Leta yashyizemo nkunganire. Ku mugoroba wo ku wa 5 Kamena 2026, nibwo Urwego Ngenzuramikorere, (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli. Litiro ya mazutu yazamutseho 722 Frw kuko yavuye kuri 2205 Frw ikagera kuri 2.927…

  • Min. Nelly Mukazayire asanga igihe kigeze ngo Olimpike ikinirwe i Kigali

    Min. Nelly Mukazayire asanga igihe kigeze ngo Olimpike ikinirwe i Kigali

    Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo ibikorwa bya Olempike birusheho kuba mpuzamahanga by’ukuri, bikagera ku migabane yose y’Isi n’abaturage bayo, aho kwibanda mu bice bike by’Isi. Ibi Minisitiri Mukazayire yabitangaje ubwo yitabiraga ibiganiro ku nsanganyamatsiko igaruka ku hazaza h’umuryango wa Olempike, imbogamizi n’amahame y’iterambere, byabereye mu ihuriro mpuzamahanga ry’Ubukungu rya…

  • Abagabo: Dore uko wakongera akanyabugabo ukoresheje uburyo gakondo(bitagombeye imiti ya kizungu)

    Abagabo: Dore uko wakongera akanyabugabo ukoresheje uburyo gakondo(bitagombeye imiti ya kizungu)

    Kumara amasegonda mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina birahangayikisha. Iyi ni na yo mpamvu bamwe biyahuza imiti yongera akanyabugabo, bakayinywa ntacyo bitayeho nyamara igira ingaruka mbi ku buzima. Mu bagabo, batanu umwe aba afite icyo kibazo cyo kurangiza vuba. Icyakora hari uburyo ushobora kongera imirire na vitamine bikakongerera ubushobozi bwo kwiha akabyizi mu buryo bwuzuye. Ubushakashatsi butandukanye…

  • Bamwe bari bagiye gusengera amanota meza – Abaturage 68 batawe muri yombi basengera munsi y’urutare

    Bamwe bari bagiye gusengera amanota meza – Abaturage 68 batawe muri yombi basengera munsi y’urutare

    Abaturage 68 bo mu turere dutandukanye batawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu bice bitandukanye by’Akarere ka Rwamagana bari gusengera ahantu hatemewe harimo n’aho Leta yari yarafunze ikoresheje beton. Aba baturage bafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Kamena 2026. Abagera kuri 46 bafatiwe mu Murenge wa Kigabiro mu Kagari ka Cyanya mu ishyamba…

  • Rutsiro: Umugabo arakekweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana

    Rutsiro: Umugabo arakekweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba iri gushakisha umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Rutsiro, ukekwaho kwica umugore we babanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko akamumanika mu mugozi ahetse umwana muzima. Ibi byabereye mu Murenge wa Mushonyi, Akagari ka Rurara mu Mudugudu wa Kaboneye, Saa 7:00 z’igitondo kuri uyu wa gatandatu tariki 06 Kamena…

  • Ibintu 10 byangiza intangangabo Umugabo wese akwiye kumenya

    Ibintu 10 byangiza intangangabo Umugabo wese akwiye kumenya

    Intangangabo ni ingenzi cyane mu myororokere y’umugabo. Kugira ubuzima bwiza no kwirinda ibintu bishobora kuzangiza bifasha umuntu gukomeza ubushobozi bwo kubyara. Dore ibintu 10 bikunze kuvugwa ko bishobora kugabanya umubare cyangwa ubuziranenge bw’intanga ngabo. 1. Itabi Kunywa itabi bishobora kugabanya umubare w’intangangabo no gutuma zigira intege nke zo kugenda no gusama. 2. Inzoga nyinshi Kunywa…

  • Kanseri ya Prostate: Ibimenyetso Byayo Byose n’Uko Wayirinda Hakiri Kare.

    Kanseri ya Prostate: Ibimenyetso Byayo Byose n’Uko Wayirinda Hakiri Kare.

    Kanseri ya prostate ni indwara iterwa no gukura kudasanzwe kw’uturemangingo tugize prostate. Prostate ni agace gato kaboneka ku bagabo, kari munsi y’uruhago rw’inkari, kagafasha mu gukora amazi avanga n’intanga ngabo. Iyi kanseri ni imwe mu zikunze kwibasira abagabo, cyane cyane abafite imyaka 50 kuzamura. Ibimenyetso bya Kanseri ya Prostate Mu ntangiriro zayo, kanseri ya prostate…

  • Ituri: Lt Gen Johnny Luboya Nkashama utajyaga imbizi na Gen. Muhoozi yirukanwe

    Ituri: Lt Gen Johnny Luboya Nkashama utajyaga imbizi na Gen. Muhoozi yirukanwe

    Lt Gen Johnny Luboya Nkashama wari umaze imyaka itanu ari Guverineri w’Intara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasimbujwe Gen Maj Kasongo Mulumba Batoka Gaby kuri uyu wa 5 Kamena 2026. Impamvu Lt Gen Luboya yakuwe muri iyi nshingano ntiyatangajwe, gusa televiziyo ya RDC (RTNC) yasobanuye ko iki cyemezo cyafashwe hashingiwe…

  • Ambasaderi w’u Burundi yahamagajwe igitaraganya nyuma yo guhura na Louise Mushikiwabo

    Ambasaderi w’u Burundi yahamagajwe igitaraganya nyuma yo guhura na Louise Mushikiwabo

    Guverinoma y’u Burundi yafashe icyemezo cyo guhamagaza Ambasaderi wayo mu Bufaransa, Spès-Caritas Njebarikanuye, ngo agaruke mu gihugu nyuma y’iminsi ibiri gusa ahuye na Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF). Ku wa Kabiri, tariki ya 2 Kamena 2026, Njebarikanuye yari yakiriwe i Paris na Mushikiwabo, amushyikiriza inyandiko zimwemerera guhagararira u Burundi muri OIF…