Author: emmy

  • Uganda: Umukinnyi w’ikipe y’igihugu yakubitiwe mu muhanda kugeza apfuye yitwa umujura

    Uganda: Umukinnyi w’ikipe y’igihugu yakubitiwe mu muhanda kugeza apfuye yitwa umujura

    Umuryango rusange w’abakinnyi n’abakunzi ba Rugby muri Uganda uri mu gahinda kubera amashusho arimo kugaragara yerekana uburyo umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Rugby yakubiswe kugeza apfuye yitwa umujura. Mu ijoro ryo ku wa gatanu nyuma y’uko abantu bamukubise ari benshi ahitwa Ntinda mu murwa mukuru Kampala. Mu itangazo, polisi ya Uganda yavuze ko abantu batatu, abagabo…

  • RDC: Col. Mambweni wari warakatiwe imyaka 10 y’igifungo yakatiwe urwo gupfa mu bujurireRDC: Uwari

    RDC: Col. Mambweni wari warakatiwe imyaka 10 y’igifungo yakatiwe urwo gupfa mu bujurireRDC: Uwari

    Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatanze umwanzuro ku rubanza ku iyicwa  ry’impuguke za Loni, Umunyamerika Michael Sharp, na Zaida Catalan, wari ufite ubwenegihugu bwa Suede na Chili. Aba bishwe muri Werurwe 2017 ubwo barimo gukora iperereza ku ihohoterwa ryabereye mu Ntara ya Kasai nyuma y’imyivumbagatanyo y’imitwe yitwara gisirikare ya Kamwina Nsapu, yahagaritswe n’inzego z’umutekano. Uru rubanza…

  • Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23

    Umutwe wa Twirwaneho wavuze ku mirwano yawuhanganishije na RDF na AFC/M23

    Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu nzego zitandukanye avuga ko habereye imirwano hagati yawo, ingabo z’u Rwanda (RDF) ndetse n’abarwanyi ba AFC/M23 mu gace ka Minembwe ari ibinyoma bidafite ishingiro, ugashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba buri inyuma y’ayo makuru. Ibi bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize hanze…

  • Indege za Israel zagiye kurasa muri Iran zigarukana n’ibisasu bya Iran bisenya byinshi muri Israel

    Indege za Israel zagiye kurasa muri Iran zigarukana n’ibisasu bya Iran bisenya byinshi muri Israel

    Iran yarashe ibisasu bya missile kuri Israel, nyuma y’uko Israel igabye ibitero ku butaka bwa Iran, aho humvikanye ibisasu bikomeye mu mijyi irimo Tehran, Tabriz na Isfahan Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yarashe misile nyinshi ku butaka bwayo, bituma impuruza zivuga mu bice bitandukanye by’igihugu, abaturage basabwa kujya mu bwihisho. Mu gitondo cyo ku…

  • Nyirabagande Drocelle Fridaus wamenyekanye nka Langwida yitabye Imana azize urupfu rw’amayobera

    Nyirabagande Drocelle Fridaus wamenyekanye nka Langwida yitabye Imana azize urupfu rw’amayobera

    Nyirabagande Drocelle Fridaus ’Langwida’ wamenyekanye cyane binyuze mu ikinamico Urunana yo kuri Radiyo Rwanda yakinagamo, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Kamena 2026. Yemejwe na Urunana Development Communication bakoranaga ndetse n’ubuyobozi bw’Umudugudu wa Itetero mu Murenge wa Nyamirambo aho yari atuye. Umwe mu bantu…

  • Niba ujya wonka igitsina igihe utera akabariro dore ibyago ushobora guhura na byo

    Niba ujya wonka igitsina igihe utera akabariro dore ibyago ushobora guhura na byo

    Human Papillomavirus (HPV) ni virusi ikunze kwandurira mu mibonano mpuzabitsina. Hari ubwoko bwinshi bwa HPV, ariko bumwe muri bwo bushobora gufata mu muhogo (cyane cyane mu gice cy’inyuma cy’ururimi no ku matonsili) maze nyuma y’igihe kirekire bugatera kanseri y’umuhogo. Uko HPV yandura HPV yo mu muhogo yandura cyane cyane binyuze mu: Igihe ibimenyetso bigaragarira HPV…

  • France Mpundu yongeye kurikoroza nyuma yo kujya ku rubyiniro atwite inda y’imvutsi

    France Mpundu yongeye kurikoroza nyuma yo kujya ku rubyiniro atwite inda y’imvutsi

    France Mpundu yongeye kugarukwaho cyane nyuma yo gutaramira abakurikiye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri cy’irushanwa “Nouvelle Reine”, aho yagaragaye aririmba atwite inda nkuru, ariko ntibimubuze gukoresha imbaraga ze zose. Ni ibirori byabaye ku wa 6 Kamena 2026 muri Côte d’Ivoire. Byashyiraga akadomo ku rugendo rw’ibyumweru byinshi abakobwa baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika bari…

  • Igisirikare cya Uganda kigiye gusezerera aba Jenerari 4 bakomeye

    Igisirikare cya Uganda kigiye gusezerera aba Jenerari 4 bakomeye

    Igisirikare cya Uganda (UPDF), gishobora gusezerera abasirikare barimo umunani bafite ipeti rya Générale, kubera ko bujuje imyaka yo kujya mu kiruhuko cy’izabukuru. Mu bashobora gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru harimo Gen Katumba Wamala wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Lt Gen Charles Awany Otema, Lt Gen Charles Angina na Maj Gen Godfrey Katsigazi Tumusiime. Hari kandi…

  • Nyuma y’uko Iran igabye ibitero byishya Amerika igiye kuyiha igihano itigeze itekereza na rimwe

    Nyuma y’uko Iran igabye ibitero byishya Amerika igiye kuyiha igihano itigeze itekereza na rimwe

    Nubwo hari agahenge kari karumvikanyweho hagati y’impande zihanganye mu ntambara yo muri Iran, hakomeje kugaragara ibikorwa bikinyuranyije na ko, ibintu byatumye umwuka w’ubwumvikane urushaho kuzamo agatotsi. Byongeye gukara nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangaje ko ziri kwiga uburyo zakwifashisha imitungo ya Iran mu gusana no kwishyura ibyangijwe n’intambara mu bihugu bifitanye umubano wa…

  • AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe ifata Abarwanyi barimo babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo

    AFC/M23 ikoze Operasiyo idasanzwe ifata Abarwanyi barimo babiri bafite amapeti yo hejuru barimo umuyobozi wa Wazalendo

    Operasiyo idasanzwe yayobowe na Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama, usigaye ashinzwe ibikorwa by’ubukangurambaga muri AFC/M23, yageze ku musaruro ukomeye nyuma yo gufatira umwe mu bayobozi b’imitwe ya Wazalendo inatuma undi murwanyi mukuru wo muri iyo mitwe afata icyemezo cyo kwishyikiriza ubuyobozi bwa AFC/M23 ku bushake. Iyi operasiyo yabereye mu gace ka Nyabanira gaherereye muri Groupement ya…