by
Author: emmy
-

Kirabo yasabye imbabazi ku bw’amashusho ye y’urukozasoni yashyizwe hanze – AMAFOTO
Kuva mu ijoro ryo ku wa 8 Kamena 2026, ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane izikoreshwa n’abanya-Uganda, hakomeje gucicikana amashusho y’urukozasoni bivugwa ko agaragaramo umunyamideli uzwi cyane muri iki gihugu, Kirabo Kisitu. Aya mashusho agaragaza uyu mukobwa ari wenyine mu cyumba. Gusa yavuze ko atigeze ayafata agamije ko ajya hanze cyangwa ngo ashyirwe ku karubanda. Nyuma…
-

Kanseri y’Impyiko: Benshi babimenya bitinze. Dore ibimenyetso 7 by’ingenzi utagomba kwirengagiza
Kanseri y’impyiko ni indwara iterwa n’imikurire idasanzwe y’uturemangingo two mu mpyiko, ikaba ishobora gukura ikagera no ku zindi ngingo z’umubiri iyo itavuwe hakiri kare. Impyiko ni ingingo zifite uruhare rukomeye mu kuyungurura amaraso no gukuramo imyanda mu mubiri. Ibimenyetso bya kanseri y’impyiko Mu ntangiriro, kanseri y’impyiko ishobora kutagaragaza ibimenyetso. Ariko uko ikura, umuntu ashobora kubona…
by
-

Kanseri y’Umwijima Yica Bujece: Dore Ibimenyetso Biyigaragaza n’Uko Wayirinda
Kanseri y’umwijima ni indwara ikomeye iterwa no gukura kudasanzwe kw’uturemangingo tw’umwijima. Umwijima ni urugingo rukomeye rufasha mu kuyungurura amaraso, kubika intungamubiri no gukuraho uburozi mu mubiri. Iyo ufashwe na kanseri, imirimo yawo irahungabana, bikaba byagira ingaruka zikomeye ku buzima. Ibimenyetso bya Kanseri y’Umwijima Mu ntangiriro, kanseri y’umwijima ishobora kutagaragaza ibimenyetso bigaragara. Ariko uko ikura, umuntu…
by
-

Kanseri y’Igifu: Ibimenyetso Byayo Byose, Ikiyitera N’Uko Wayirinda Hakiri Kare
Kanseri y’igifu ni indwara iterwa n’uko uturemangingo two mu gifu dutangira gukura no kwiyongera mu buryo budasanzwe, bikavamo ikibyimba cya kanseri. Ni imwe mu ndwara zikomeye zishobora gufata umuntu uwo ari we wese, cyane cyane abantu bakuze, kandi kuyimenya hakiri kare bifasha cyane mu kuyivura. Ibimenyetso bya Kanseri y’Igifu Mu ntangiriro, kanseri y’igifu ishobora kutagaragaza…
by
-

Wayifashisha ugusha neza umukunzi wawe! Imitoma 12 irenze
Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe agahita agurumana umuriro w’urukundo: 1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye, igihe kirekire ntikizigera kimbera nk’imyaka igihumbi. 2. Nsagwa n’ibyishimo byo kuba ndi kumwe nawe igihe…
by
-

Urukundo rwanjye roho yanjye: Dore imitoma 21 wabwira umukunzi wawe mu gitondo igatuma yirirwa agutekereza
Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko amagambo yawe akaba yuzuye ukuri kuguturutseho. Amagambo aturutse kuri nyirayo aba ari ingenzi cyane kandi…
by
-

Imitoma 40 wabwira umukobwa mukundana aka kanya akazagukunda by’iteka ryose
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Uyu munsi www.isoko360.com iragufasha. Mbere na mbere, menya ko nta buryo bwiza bwo kugaragazamo urukundo buhari, ntabwo rwose. Kwita ku muntu uko…
by
-

Musanze: Abanyamahanga 8 batawe muri yombi kubera urugomo
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani bo mu Karere ka Musanze bakekwaho gukorera urugomo abamotari. Hashize iminsi mu Karere ka Musanze humvikana abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto, bavuga ko babangamiwe n’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya Ines Ruhengeri babakorera urugomo. Abaganiriye…
by







