by
Author: emmy
-

Bite by’umwuka mubi uri hagati ya Dj Brianne na Muyango
Uvanga imiziki wamenyekanye nka DJ Brianne yatangaje ko atagikorana na Miss Muyango, ariko ashimangira ko nta kibazo cyihariye bafitanye nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye. Mu kiganiro yagiranye na The Choice, DJ Brianne yavuze ko iki cyemezo cyaturutse ku cyifuzo yari asanzwe afite cyo gukora wenyine, aho yifuzaga kwigerageza no gukoresha imbaraga ze…
-

Abanyamulenge bategetswe kuyoboka leta cyangwa bakicwa bose
Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, Abanyamulenge batuye ahitwa i Mulenge mu karere ka Bibogobogo, babujijwe kujya mu materaniro yo kuri iki cyumweru, kubera inama yari iteganyijwe y’intumwa za Kinshasa. Ni intumwa zari ziyobowe na Jacques Kongolo ukuriye itsinda ry’Abanyamulenge bakorana na Kinshasa cyo kimwe na William Amuri Yakutumba ukuriye inyeshyamba za Mai-Mai…
by
-

RDC: Ibitero bya FARDC byibasiye ibice bituwe cyane n’amatungo ahantu hatandukanye
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 3 Gicurasi 2026, ahagana mu ma saa 1h30 za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa zacengeye mu mujyi wa Rushoga muri Teritwari ya Masisi zica cyangwa zikomeretsa amatungo, mu gihe ryagabye ibitero mu bice bituwe cyane i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri Kivu zombi…
by
-

Uganda: Habaye impanuka ikomeye ya Bisi
Muri Uganda hari ubwoba bw’uko abantu benshi baguye mu mpanuka ikomeye ya Bisi yabaye mu ijoro ryacyeye. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko iyi Bisi ya Kompanyi itwara abagenzi ya Nile Star Bus yagoganye n’ikamyo, ubwo yari igeze hagati y’uduce twa Pakwach na Karuma two mu majyaruguru ya Uganda yerekeza i Kampala. Ni impanuka…
by
-

AFC/M23 yafunze insengero mu gace igenzura
Amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru atangaza ko ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje guteza urujijo n’impaka ndende mu baturage, cyane cyane mu bakurikiranira hafi ibijyanye n’ubwisanzure bw’idini n’imibereho y’abaturage mu gihe cy’intambara. Amwe muri ayo makuru yashingiye ku…
by
-

Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho
Bigeze bakubeshya ngo kuva imyuna biterwa no gutekereza cyane? Mbese ngo ni wowe utekereza kurusha abandi. Cyangwa se bakakubwira ko biterwa n’uko amaraso aba yanduye agasohoka ngo hasigare asukuye. Ibyo ni ibinyoma byambaye ubusa. None se kuki tuva imyuna? Kuva imyuna biterwa no gukomereka k’udutsi two mu mazuru. Izuru ribamo udutsi duto cyane kandi tworoshye.…
by
-

Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu gace ka Himbi gaherereye mu mujyi wa Goma, cyari kigamije kwica abayobozi benshi bo mu ihuriro AFC/M23. Amashusho yatangajwe agaragaza inzu yangijwe bikomeye na drone, ikigurumana. Amakuru aturuka i Goma avuga ko Leta ya…
by
-

Trump afata Minisitiri w’intebe wa Canada nk’umukozi wa Amerika muri iki gihugu
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ushaka kwiyomekaho Canada yavuze Minisitiri w’Intebe wayo, Mark Carney, ari Guverineri w’ahazaza w’igihugu cye. Ibi yabigarutseho ku wa 10 Werurwe 2026 abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Truth Social. Yavuze ko muri iyi manda ye ya kabiri ku butegetsi bwa Amerika yifuza komeka Canada…
by







