Author: emmy

  • Bite by’umwuka mubi uri hagati ya Dj Brianne na Muyango

    Bite by’umwuka mubi uri hagati ya Dj Brianne na Muyango

    Uvanga imiziki wamenyekanye nka DJ Brianne yatangaje ko atagikorana na Miss Muyango, ariko ashimangira ko nta kibazo cyihariye bafitanye nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye. Mu kiganiro yagiranye na The Choice, DJ Brianne yavuze ko iki cyemezo cyaturutse ku cyifuzo yari asanzwe afite cyo gukora wenyine, aho yifuzaga kwigerageza no gukoresha imbaraga ze…

  • Abanyamulenge bategetswe kuyoboka leta cyangwa bakicwa bose

    Abanyamulenge bategetswe kuyoboka leta cyangwa bakicwa bose

    Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, Abanyamulenge batuye ahitwa i Mulenge mu karere ka Bibogobogo, babujijwe kujya mu materaniro yo kuri iki cyumweru, kubera inama yari iteganyijwe y’intumwa za Kinshasa. Ni intumwa zari ziyobowe na Jacques Kongolo ukuriye itsinda ry’Abanyamulenge bakorana na Kinshasa cyo kimwe na William Amuri Yakutumba ukuriye inyeshyamba za Mai-Mai…

  • RDC: Ibitero bya FARDC byibasiye ibice bituwe cyane n’amatungo ahantu hatandukanye

    RDC: Ibitero bya FARDC byibasiye ibice bituwe cyane n’amatungo ahantu hatandukanye

    Kuri iki Cyumweru, itariki ya 3 Gicurasi 2026, ahagana mu ma saa 1h30 za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa zacengeye mu mujyi wa Rushoga muri Teritwari ya Masisi zica cyangwa zikomeretsa amatungo, mu gihe ryagabye ibitero mu bice bituwe cyane i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri Kivu zombi…

  • Uganda: Habaye impanuka ikomeye ya Bisi

    Uganda: Habaye impanuka ikomeye ya Bisi

    Muri Uganda hari ubwoba bw’uko abantu benshi baguye mu mpanuka ikomeye ya Bisi yabaye mu ijoro ryacyeye. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko iyi Bisi ya Kompanyi itwara abagenzi ya Nile Star Bus yagoganye n’ikamyo, ubwo yari igeze hagati y’uduce twa Pakwach na Karuma two mu majyaruguru ya Uganda yerekeza i Kampala. Ni impanuka…

  • AFC/M23 yafunze insengero mu gace igenzura

    AFC/M23 yafunze insengero mu gace igenzura

    Amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru atangaza ko ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje guteza urujijo n’impaka ndende mu baturage, cyane cyane mu bakurikiranira hafi ibijyanye n’ubwisanzure bw’idini n’imibereho y’abaturage mu gihe cy’intambara. Amwe muri ayo makuru yashingiye ku…

  • Uwera Maurice, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije yavuze ku bitero FARDC yagabye i Goma
    ,

    Uwera Maurice, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije yavuze ku bitero FARDC yagabye i Goma

    Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu…

  • Gen. Bunyoni yafunguwe nyuma y’imyaka itatu mu buroko
    ,

    Gen. Bunyoni yafunguwe nyuma y’imyaka itatu mu buroko

    Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020 kugeza muri Nzeri 2022, yafunguwe kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 nyuma y’imyaka hafi itatu afunzwe. Bunyoni yafunguriwe rimwe n’abandi bantu 10 kubera impamvu z’uburwayi nk’uko byemezwa na bamwe mu bashinzwe umutekano mu Burundi n’umunyamategeko we, Me Placide Gatoto, babyemeje. Bunyoni yari umwe…

  • Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho

    Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho

    Bigeze bakubeshya ngo kuva imyuna biterwa no gutekereza cyane? Mbese ngo ni wowe utekereza kurusha abandi. Cyangwa se bakakubwira ko biterwa n’uko amaraso aba yanduye agasohoka ngo hasigare asukuye. Ibyo ni ibinyoma byambaye ubusa. None se kuki tuva imyuna? Kuva imyuna biterwa no gukomereka k’udutsi two mu mazuru. Izuru ribamo udutsi duto cyane kandi tworoshye.…

  • Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo

    Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo

    Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu gace ka Himbi gaherereye mu mujyi wa Goma, cyari kigamije kwica abayobozi benshi bo mu ihuriro AFC/M23. Amashusho yatangajwe agaragaza inzu yangijwe bikomeye na drone, ikigurumana. Amakuru aturuka i Goma avuga ko Leta ya…

  • Trump afata Minisitiri w’intebe wa Canada nk’umukozi wa Amerika muri iki gihugu

    Trump afata Minisitiri w’intebe wa Canada nk’umukozi wa Amerika muri iki gihugu

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ushaka kwiyomekaho Canada yavuze Minisitiri w’Intebe wayo, Mark Carney, ari Guverineri w’ahazaza w’igihugu cye. Ibi yabigarutseho ku wa 10 Werurwe 2026 abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Truth Social. Yavuze ko muri iyi manda ye ya kabiri ku butegetsi bwa Amerika yifuza komeka Canada…