Author: emmy

  • Abasore: Dore abakobwa udakwiye gukinisha gushakana nabo

    Abasore: Dore abakobwa udakwiye gukinisha gushakana nabo

    Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1.Umukobwa utekereza ko afite amafaranga / Ari umukire Umukobwa utekereza ko afite amafaranga aragorana kandi iteka aba yiyumva…

  • Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umukobwa yagukunze

    Abasore: Dore ibimenyetso 10 byakwereka ko umukobwa yagukunze

    Bimwe mu bintu bigora umukobwa n’ugufata iya mbere akabwira umuhungu ko amukunda gusa kwihishira bikabagora bitwe n’uko guhisha amarangamutima yabo nabyo bibagora. 1. Yumva mwahorana: Nkuko hagati y’abantu bakundana bigenda,umukobwa ugukunda kandi ukwiyumvamo aba yumva iteka mwahorana, muganira. 2. Kukwereka inshuti ze Iki nacyo ni ikimenyetso kigaragaza umukobwa ugufitiye amarangamutima. Nubwo utaramubwira ko umukunda, akunda…

  • Abasore: Nutereta umukobwa akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakwanze mu kinyabupfura

    Abasore: Nutereta umukobwa akakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakwanze mu kinyabupfura

    Hari imyitwarire ishobora kukwereka ko umukobwa yakwanze ariko ntahote abikubwira ahubwo akabicisha mu bundi buryo.Hano hari icyabikwereka ,nkuko tugiye kubireba muri iyi mkuru. Niwumva umukobwa akubwira amwe muri aya magambo uzamenye ko ashaka kugutera indobo(yakubenze): 1.Ntituri ku rwego rumwe urandenze Nusaba umukobwa kukubera umukunzi akakubwira ko umurenze jya uhita wumva ko we abona akurenze. Ikiyongera…

  • Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore yakwanze

    Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore yakwanze

    Ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu amukunda ni byinshi, ariko nanone hari ibimenyetso byereka umukobwa ko umuhungu yamwanze cyangwa atamukunze, bimwe muri byo ni ibi:  Ibi bimenyetso bishobora kuba ikimenyetso ko umuhungu atagukunda, bityo ukaba wakwigendera ukabikuraho amaso.

  • Dore ibimenyetso 8 byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore mubi

    Dore ibimenyetso 8 byakwereka ko umukobwa mukundana azavamo umugore mubi

    Niba uteganya gusaba umukobwa mukundana ko azakubera umugore,mukabana,kumenya niba witeguye koko gushaka ni icya kabiri cyo gutsinda urugamba . Ugomba ariko kumenya niba umukobwa mukundana muzabana rugakomera,urugo rwanyu ukarugiriramo ibyishimo n’umunezero. Urukundo rwonyine ntiruhagije kugira ngo wiyemeze gushaka umugore cyangwa umugabo. Hari n’indi mico y’umukunzi wawe uba ugomba kwitegereza no kwitondera kugira ngo ufate icyemezo.…

  • Amerika yafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda RDF ndetse na ba Jenerali bacyo 4
    , ,

    Amerika yafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda RDF ndetse na ba Jenerali bacyo 4

    Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), ryatangaje abayobozi bakuru ba RDF bafatiwe ibihano barimo Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda,…

  • Ese kuva amaraso mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bihuriye he n’ubusugi bw’umukobwa? Ibyo benshi bibeshya
    ,

    Ese kuva amaraso mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bihuriye he n’ubusugi bw’umukobwa? Ibyo benshi bibeshya

    Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga. Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka…

  • Abagabo: Dore ibintu 5 ugomba kwitondera no kwirinda gukora igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe

    Abagabo: Dore ibintu 5 ugomba kwitondera no kwirinda gukora igihe uri mu buriri n’umukunzi wawe

    Ni byiza ko umugore wawe umushimisha igihe muryamanye k’uburyo nawe azajya abasha kukwisanzuraho bihagije igihe cyose muri mu buriri. Aya ni amakosa atanu ukwiye kwirinda gukora igihe uzaba uri kumwe n’umukunzi wawe mu buriri 1. Irinde ubwanwa bwashokonkoye Ubwanwa ni kimwe mu bintu wakwirinda, igihe bumaze iminsi igera nko kuri 3 butogoshwa bujomba uwo muryamanye,…

  • Dore uburyo bwiza bwagufasha gutera akabariro mu gitondo

    Dore uburyo bwiza bwagufasha gutera akabariro mu gitondo

    – Gutera akabariro akenshi ni igikorwa kiba abashakanye bagiye kuryama cyangwa se bakangutse mu gitondo. – Umugabo wese mu masaha y’igitondo aba yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kurusha umugore maze agahita amukangura niyo yaba agisinziriye. – Gutera akabariro kandi ni nacyo kintu abashakanye baha agaciro mu gitondo kurenza izindi gahunda zose ziba zigomba gukorwa mu gitondo. Uburyo…

  • Intambwe 11 wakurikiza usomana bigatuma umukunzi wawe atazakwibagirwa na rimwe

    Intambwe 11 wakurikiza usomana bigatuma umukunzi wawe atazakwibagirwa na rimwe

    Ubusanzwe gusomana ni ikimenyetso no guhuza urugwiro hagati y’abakundana ariko kandi ni n’ikimenyetso gishobora kugaragaza kwishimirana no kwizerana hagati y’abakundana ikaba n’intambwe iganisha ku mibonano mpuzabitsina kuko bifasha cyane abakundana kwitegura iki gikorwa. – Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye. – Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere ntibyoroshe. – Kubibona mu mashusho biroroshye ariko…