Author: emmy

  • Abasore: Dore amabanga abakobwa batajya babwira abakunzi babo

    Abasore: Dore amabanga abakobwa batajya babwira abakunzi babo

    – Ni kenshi bivugwa ko abagabo cyangwa se ab’igitsina gabo aribo bantu badakunze kuvuga ibiberekeyeho gusa burya n’abagore bagira ibanga bikomeye kuri bimwe mu biranga ndetse n’ibyiyumviro byabo cyane cyane bagakunda kubigira ibanga ridakorwaho n’uwo ari we wese. – Abakobwa cyangwa abagore nk’uko bakunze kwitwa muri ‘rusange’ bagira ibintu bashobora kukubwiza ukuri n’ibindi biba ari nk’ihame…

  • Dore amagambo 7 aryohera amatwi y’abagore cyane abagabo benshi batazi

    Dore amagambo 7 aryohera amatwi y’abagore cyane abagabo benshi batazi

    Ni byiza ko umukunzi wawe umubwira amagambo amunogeye kugirango arusheho kukwiyumvamo cyane, ndetse ntagire n’icyo aguhisha igihe mutari mu bihe byiza by’urukundo rwanyu. Aya namwe mu magambo wabwira umukunzi wawe bigatuma urushaho kugubwa neza cyane ndetse akanagukunda kurushaho. 1. Iyo umukunzi wajye aza kuba ikiyaga,nta butaka bwari kuzabaho,Iyo umukunzi wajye aza kuba ubutayu,wari kuzabona umucanga…

  • Uko byagenze ngo CIA na Mossad bibone amakuru yatumye Ali Khamenei yivuganwa n’ibitero bya Amerika na Israel
    ,

    Uko byagenze ngo CIA na Mossad bibone amakuru yatumye Ali Khamenei yivuganwa n’ibitero bya Amerika na Israel

    Urwego rw’ubutasi rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA), byamenyekanye ko rwari rumaze amezi menshi rugenda runono uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mbere y’uko yicwa ku wa Gatandatu tariki ya 28 Gashyantare. Khamenei yiciwe mu bitero Amerika na Israel bagabye i Tehran, apfana n’abandi bayobozi bakomeye biganjemo ab’igisirikare cya Iran. Mbere y’uko…

  • Iran yahise ishyiraho umusimbura wa Ali Khamenei wishwe n’ibitero bya Amerika na Israel
    ,

    Iran yahise ishyiraho umusimbura wa Ali Khamenei wishwe n’ibitero bya Amerika na Israel

    Alireza Arafi yemejwe nk’umusimbura w’agateganyo w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, waguye mu bitero Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel ziri kugaba kuri iki gihugu. Uyu musimbura wa Ali Khamenei yatangajwe kuri iki Cyumweru tariki 1 Werurwe 2026, nyuma y’umunsi umwe uyu muyobozi w’ikirenga yishwe. Biteganyijwe ko muri iyi minsi Iran izayoborwa…

  • Ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran byahinye uwigeze kuba perezida wayo
    , ,

    Ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran byahinye uwigeze kuba perezida wayo

    Mahmoud Ahmadinejad wabaye Perezida wa Iran yishwe n’ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, byagabye ku gihugu cye. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo wayoboye Iran hagati ya 2005 na 2013, yamenyekanye kuri iki Cyumweru, gusa bikekwa ko yishwe ku wa Gatandatu nk’uko ‘The Jerusalem Post’ yabitangaje. Yishwe n’ibisasu byaguye ku rugo rwe mu gace ka…

  • Iran yigambye kurasa ubwato bw’intambara bukomeye bwa Amerika

    Iran yigambye kurasa ubwato bw’intambara bukomeye bwa Amerika

    Intambara Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byashoje kuri Iran ikomeje gufata indi ntera, aho kuri ubu Ingabo za Iran zigambye ko zarashe missile enye ku bwato bw’intambara bwa Amerika buri mu Burasirazuba bwo Hagati buzwi nka ‘USS Abraham Lincoln’. USS Abraham Lincoln ni ubwato bunini, bukaba ubwa gatanu mu bunini indege z’intambara zigwaho…

  • Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda
    ,

    Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda

    Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. 1. Kunywa ibiyobyabwenge Ku…

  • Ubushakashatsi: Dore Uburyo bworoshye bwafasha umugabo kongera amasohoro ye

    Ubushakashatsi: Dore Uburyo bworoshye bwafasha umugabo kongera amasohoro ye

    Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, bwagaragaje ko intanga ngabo zigenda zigabanuka ku Isi kuva mu myaka 50 ishize, ahanini bitewe n’iterambere ririmo inganda n’ihinduka ry’ikirere. Ubwo bushakshatsi bushyira mu majwi ubushyuhe bukomeje kwiyongera n’ubuvuzi bunanura imitsi hakoreshejwe ubushyuhe(Sauna) mu bitera intanga ngabo gukendera ku Isi, nk’uko urubuga Modern Mom rubitangaza. OMS yagize…

  • Dore uburyo 3 bwiza bwo gutera akabariro ku bageze mu zabukuru bagahora bagira ubushake

    Dore uburyo 3 bwiza bwo gutera akabariro ku bageze mu zabukuru bagahora bagira ubushake

    Akenshi abashakanye iyo bageze mu zabukuru usanga babura uburyo bubanogeye bakoramo imibonano mpuzabitsina bitewe n’uko zimwe mu ngingo zabo ziba zitagikora neza, ariko kandi bagifite ubushake bwo kuyikora. Ubushakashatsi bugaragaza ko iyo umugore n’umugabo bageze mu kigero cy’imyaka hagati ya 40 na 60 usanga imyakura yongera kwikarishya ugasanga bafite ubushake bwo gutera akabariro, ariko akenshi…

  • Imitoma: Dore amagambo 4 wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose yumvise

    Imitoma: Dore amagambo 4 wabwira umukunzi wawe akamurutira andi yose yumvise

    Iyo abantu bakimena bnifuza ku rushing, usanga hari byinshi bwirana mu rwego kubagarira urukundo rwabo, ariko ugasanga hari amwe mu gambo birengagiza kandi afite uruhare runini mu gushimangira urukundo rwabo. Dore amwe muri ayo magambo 1.Aho uzaba hose nzaba ndi kumwe nawe Wari wabwirwa iri jambo ngo wumve ukuntu riryoha? Si ugupfa kurivuga gusa kuko…