Category: Ubuzima

Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga

  • Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugore uherutse gukubitira inshyi umugabo we ku muhanda
    ,

    Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugore uherutse gukubitira inshyi umugabo we ku muhanda

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi, yatawe muri yombi ndetse dosiye ye ikaba yatangiye gukorwa ngo ishyikirizwe Ubugenzacyaha. Ku itariki 21 Gashyantare 2026 ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y’umugore wari wariye karungu akubita umugabo we inshyi. Mu mashusho y’amasegonda 25…

  • Wa mugore wagaragaye akubitira umugabo ku muhanda agiye gutabwa muri yombi
    , ,

    Wa mugore wagaragaye akubitira umugabo ku muhanda agiye gutabwa muri yombi

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yatangaje uru rwego rwamaze kumenya amakuru arebana n’urugomo rw’umugore wagaragaye mu mashusho akubita inshyi umugabo we mu ruhame, kandi ko agomba gufatwa. Ni nyuma yuko mu mpera z’icyumweru gishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’umugore ari gukubitira umugabo mu ruhame, amubaza aho yiriwe.…

  • Menya amabara y’amavangingo n’icyo asobanuye ku buzima bwawe
    ,

    Menya amabara y’amavangingo n’icyo asobanuye ku buzima bwawe

    Amavangingo ni ikimenyetso cy’ingenzi cy’ubuzima bw’umugore, cyane cyane ku mikorere ya hormone, nyababyeyi n’imigendekere y’amaraso. Ibara ry’amaraso yo mu mihango rishobora gutanga amakuru afatika ku buzima rusange. Dore ibisobanuro birambuye mu ngingo 10, bivanzwe n’ibisobanuro n’hashtags zifasha gusobanukirwa neza. 1. Ibara ritukura rikeye Iri bara rifatwa nk’irisanzwe kandi ryiza. Akenshi rigaragara mu minsi ya mbere…

  • Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda

    Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda

    Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, bibaza ku murongo mushya yafashe wo guharabika abayobozi no kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse n’icyaba cyabimuteye. Iyi myitwarire mibi ya Bad Rama yafashe intera tariki 22 Gashyantare 2026, mu kiganiro cyatambutse kuri Instagram ye. Muri aya mashusho, yibasiye inzego zose z’u Rwanda…