by
Category: Ubuzima
Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga
-

Nyirabagande Drocelle Fridaus wamenyekanye nka Langwida yitabye Imana azize urupfu rw’amayobera
Nyirabagande Drocelle Fridaus ’Langwida’ wamenyekanye cyane binyuze mu ikinamico Urunana yo kuri Radiyo Rwanda yakinagamo, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Kamena 2026. Yemejwe na Urunana Development Communication bakoranaga ndetse n’ubuyobozi bw’Umudugudu wa Itetero mu Murenge wa Nyamirambo aho yari atuye. Umwe mu bantu…
-

Niba ujya wonka igitsina igihe utera akabariro dore ibyago ushobora guhura na byo
Human Papillomavirus (HPV) ni virusi ikunze kwandurira mu mibonano mpuzabitsina. Hari ubwoko bwinshi bwa HPV, ariko bumwe muri bwo bushobora gufata mu muhogo (cyane cyane mu gice cy’inyuma cy’ururimi no ku matonsili) maze nyuma y’igihe kirekire bugatera kanseri y’umuhogo. Uko HPV yandura HPV yo mu muhogo yandura cyane cyane binyuze mu: Igihe ibimenyetso bigaragarira HPV…
by
-

Abagabo: Dore uko wakongera akanyabugabo ukoresheje uburyo gakondo(bitagombeye imiti ya kizungu)
Kumara amasegonda mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina birahangayikisha. Iyi ni na yo mpamvu bamwe biyahuza imiti yongera akanyabugabo, bakayinywa ntacyo bitayeho nyamara igira ingaruka mbi ku buzima. Mu bagabo, batanu umwe aba afite icyo kibazo cyo kurangiza vuba. Icyakora hari uburyo ushobora kongera imirire na vitamine bikakongerera ubushobozi bwo kwiha akabyizi mu buryo bwuzuye. Ubushakashatsi butandukanye…
by
-

Bamwe bari bagiye gusengera amanota meza – Abaturage 68 batawe muri yombi basengera munsi y’urutare
Abaturage 68 bo mu turere dutandukanye batawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu bice bitandukanye by’Akarere ka Rwamagana bari gusengera ahantu hatemewe harimo n’aho Leta yari yarafunze ikoresheje beton. Aba baturage bafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Kamena 2026. Abagera kuri 46 bafatiwe mu Murenge wa Kigabiro mu Kagari ka Cyanya mu ishyamba…
by
-

Rutsiro: Umugabo arakekweho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba iri gushakisha umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Rutsiro, ukekwaho kwica umugore we babanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko akamumanika mu mugozi ahetse umwana muzima. Ibi byabereye mu Murenge wa Mushonyi, Akagari ka Rurara mu Mudugudu wa Kaboneye, Saa 7:00 z’igitondo kuri uyu wa gatandatu tariki 06 Kamena…
by
-

Ibintu 10 byangiza intangangabo Umugabo wese akwiye kumenya
Intangangabo ni ingenzi cyane mu myororokere y’umugabo. Kugira ubuzima bwiza no kwirinda ibintu bishobora kuzangiza bifasha umuntu gukomeza ubushobozi bwo kubyara. Dore ibintu 10 bikunze kuvugwa ko bishobora kugabanya umubare cyangwa ubuziranenge bw’intanga ngabo. 1. Itabi Kunywa itabi bishobora kugabanya umubare w’intangangabo no gutuma zigira intege nke zo kugenda no gusama. 2. Inzoga nyinshi Kunywa…
by
-

Kanseri ya Prostate: Ibimenyetso Byayo Byose n’Uko Wayirinda Hakiri Kare.
Kanseri ya prostate ni indwara iterwa no gukura kudasanzwe kw’uturemangingo tugize prostate. Prostate ni agace gato kaboneka ku bagabo, kari munsi y’uruhago rw’inkari, kagafasha mu gukora amazi avanga n’intanga ngabo. Iyi kanseri ni imwe mu zikunze kwibasira abagabo, cyane cyane abafite imyaka 50 kuzamura. Ibimenyetso bya Kanseri ya Prostate Mu ntangiriro zayo, kanseri ya prostate…
by
-

Rwanda: Igiciro cya mazutu cyatumbagiye
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), ku wa Gatanu tariki ya 5 Kamena rwashyizeho ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli byasize igiciro cya Mazutu gitumbagiye, mu gihe icya lisansi cyagumye uko cyari gisanzwe. RURA mu itangazo yasohoye, igiciro cya Lisansi cyagumye kuri Frw 2,938, mu gihe icya mazutu cyageze kuri Frw 2,927 kivuye kuri 2,205. Ibi bivuze ko litiro…
by
-

Kigali igiye guhindura isura burundu: Utujagari twa Mont Jali, Mont Kigali na Rebero tukigaragara mu mujyi tugiye gusibangana
Umujyi wa Kigali ukomeje urugendo rwo kwiyubaka no guhindura isura yawo, aho ibice byari bisanzwe bizwiho imiturire itanoze n’utujagari biri kugenda bishyirwa mu murongo wa gahunda z’iterambere rirambye. Mu duce twitezweho impinduka zikomeye harimo Mont Jali, Mont Kigali na Rebero, ahamaze gukorerwa inyigo igamije kureba uburyo hashyirwa mu bikorwa gahunda zo kuvugurura imiturire no guteza…
by






