Category: Ubuzima

Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga

  • Karasira Aimable witabye Imana yari muntu ki?

    Karasira Aimable witabye Imana yari muntu ki?

    Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku mateka yaranze ubuzima bwa Karasira Aimable Uzaramba, wamenyekane cyane ku izina rya Professor Nigga, akaba yitabye Imana kuri uyu wa 07 Gicurasi 2026, ubwo igororero rya Nyarugenge ryari rimaze kumurekura ngo atahe kuko igihano yakatiwe n’urukiko cyari kirangiye. Karasira Aimable yavutse kuwa 24 Gicurasi 1977, avukira mu ntara y’Amajyepfo…

  • Uganda: Habaye impanuka ikomeye ya Bisi

    Uganda: Habaye impanuka ikomeye ya Bisi

    Muri Uganda hari ubwoba bw’uko abantu benshi baguye mu mpanuka ikomeye ya Bisi yabaye mu ijoro ryacyeye. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko iyi Bisi ya Kompanyi itwara abagenzi ya Nile Star Bus yagoganye n’ikamyo, ubwo yari igeze hagati y’uduce twa Pakwach na Karuma two mu majyaruguru ya Uganda yerekeza i Kampala. Ni impanuka…

  • Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho

    Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho

    Bigeze bakubeshya ngo kuva imyuna biterwa no gutekereza cyane? Mbese ngo ni wowe utekereza kurusha abandi. Cyangwa se bakakubwira ko biterwa n’uko amaraso aba yanduye agasohoka ngo hasigare asukuye. Ibyo ni ibinyoma byambaye ubusa. None se kuki tuva imyuna? Kuva imyuna biterwa no gukomereka k’udutsi two mu mazuru. Izuru ribamo udutsi duto cyane kandi tworoshye.…

  • Gatsibo: Umwarimu yatawe muri yombi “nyuma yo gusanga umunyeshuri aryamye mu icumbi rye”

    Gatsibo: Umwarimu yatawe muri yombi “nyuma yo gusanga umunyeshuri aryamye mu icumbi rye”

    Gatsibo: Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB na Polisi zataye muri yombi umwarimu nyuma yo gufungura inzu ye bagasangamo umunyeshuri ufite imyaka 15, waburiwe irengero kuva ku mu mpera z’iki cyumweru (weekend yose). Amakuru dukesha mugenzi wacu Sam Kabera ukunda gutangaza inkuru z’uburezi ku rubuga rwe rwa X, ni uko uyu mwarimu yigisha ku ishuri ribanza G.S Bihinga,…

  • Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba wogosha insya ukamaraho

    Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba wogosha insya ukamaraho

    Kogosha umusatsi wo ku myanya y’ibanga ukawumaraho ,abahanga bahamya ko atari byiza kubera impamvu zitandukanye nkuko tugiye kubireba muri iyi nkuru ningombwa ko ugira isuku ariko ukanarinda ubuzima bwawe. Ubwoya bwo ku myanya y’ibanga burimo Pheromone Iyi pheromone ni ikinyabutabire kirekurwa n’umubiri kigafasha mu gukurura uw’igitsina gitandukanye n’icye. Imvubura nyinshi rero z’uyu musemburo ziboneka aho…

  • Ni iki gitera ibiheri? Ese gukora imibonano bikiza ibishishi? Sobanukirwa

    Ni iki gitera ibiheri? Ese gukora imibonano bikiza ibishishi? Sobanukirwa

    Wigeze wibaza impamvu tuzana ibiheri? Byaba biterwa no guhangayika? Kuki abakobwa bazana ibiheri iyo bagiye mu mihango? Kuki se abana benshi bageze mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu bazana ibiheri bakunze kwita ibishishi? Ibiheri niyo ndwara y’uruhu ifitwe n’abantu benshi ku Isi. Biza ku ruhu iyo amavuta arinda uruhu kuma yitwa ‘sebum’ hamwe n’utunyangingo twapfuye byivanze bigafunga…

  • Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda
    ,

    Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda

    Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. 1. Kunywa ibiyobyabwenge Ku…

  • Rubavu: Ikamyo yahitanye abantu 11 abandi barakomereka
    , ,

    Rubavu: Ikamyo yahitanye abantu 11 abandi barakomereka

    Ku wa 27 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yahitanye abantu 11, abandi barakomereka. Iyi mpanuka yabaye ahagana Saa Munani z’igicamunsi, mu Kagari ka Nengo, Umudugudu wa Nyaburanga. Ikamyo yo mu bwoko bwa BENZ yagonze moto yari itwaye abantu babiri bahita bitaba Imana, nyuma igonga abanyamaguru babiri…

  • Dore uko wakwivura ibiheri byo mu maso ndetse n’inkovu zabyo

    Dore uko wakwivura ibiheri byo mu maso ndetse n’inkovu zabyo

    Hari abantu baba barazengerejwe n’ibiheri byo mu maso, cyangwa uruhu rwabo rukaba rufite amavuta menshi bityo no mu gihe umuntu akize ibyo biheri hagasigara inkovu z’umukara mu maso. Ku bafite ibyo bibazo, hari uburyo butandukanye kandi buri naturel bwabafasha kwivura. Uko wakoresha urunyanya ukirinda acne( ibiheri) : Fata urunyanya urukate, ufate igisate kimwe ugishyire ahantu hari…

  • Ntibisanzwe! Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye
    ,

    Ntibisanzwe! Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye

    Umwana w’umuhungu yabaye uwa mbere uvukiye mu Bwongereza hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye igashyirwa muri nyina. Hugo Powell yabyawe nyina abazwe mu Ukuboza apima ibilo 3,1, avukira mu Bwongereza , ku bitaro byitiriwe Queen Charlotte’s and Chelsea Hospital bimenyerewe mu kubyaza abagore bafite ibibazo bidasanzwe. Ibi bitaro byatangiye kubyaza kuva mu 1739. Ibintu nk’ibi byabaye inshuro ebyiri…