by
Author: emmy
-

Abasore: Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakubenze mu kinyabupfura
Bibaho cyane ko umukobwa yakubenga ariko agatinya kubikubwira ahubwo akabinyuza muyandi magambo akubwira buri munsi. Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda ahubwo ko yakubenze. Aya niyo magambo abakoresha bagamije kubenga abasore mu ibanga: 1.Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye…
-

Rtd. Gen. Ibingira yavuze ku munsi wa mbere yahuriyeho na perezida Kagame ku rugamba rwo kubohora igihugu
Gen (Rtd) Fred Ibingira yagarutse ku byabaye umunsi Perezida Kagame ava muri Amerika akajya kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu, asobanura ko icyo gihe ingabo zari zacitse intege kuko na we bahura bwa mbere tariki 26 Ukwakira 1990, yari yamaze guta icyizere. Gen (Rtd) Fred Ibingira yavuze ko urugamba rwo kubohora igihugu rutangira, ku itariki ya…
by
-

Gen. Muhoozi yafunze ibinyamakuru birimo NTV na Daily Monitor
Televiziyo za NTV Uganda na Spark TV na Daily Monitor zavanywe ku murongo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nyuma y’igikorwa cy’abashinzwe umutekano nijoro cyabereye ahakorera Nation Media Group (NMG) Uganda muri Namuwongo no kuri Kampala Serena Hotel. Kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha yaho, abakurikira izi televiziyo zombi bageragezaga kuzireba bikanga…
by
-

Impamvu Tshisekedi na Ndayishimiye bashaka Minembwe byo gupfa
Umushakashatsi akaba n’umusesenguzi ku bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu karere muri rusange, Dr. Alex Mvuka, avuga ko impamvu ubutegetsi bwa RDC n’u Burundi bukomeje gushyira imbaraga mu rugamba rwo gufata Minembwe idashingira ku nyungu z’ubukungu cyangwa iza gisirikare, ahubwo ko ishingiye ku busobanuro iki gice gifite ku rwego rwa…
by
-

Benshi bayimenya yarabarenze – Sobanukirwa Kanseri y’igifu ikomeje kwibasira abanyarwanda benshi
Inzobere mu kuvura indwara zifata urwungano ngogozi, Mukanumviye Marie Solange, ukora mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, yagaragaje ko kanseri y’igifu iri mu ndwara za kanseri zikunze kwibasira urwo rwungano. Ikibazo gikomeye kuri iyi ndwara ni uko Abanyarwanda benshi bagera kwa muganga yararenze igifu ikaba yaramaze gufata n’ibindi bice by’umubiri. Ibi yabigarutseho muri Podcast…
by
-

Umunyarwanda wa mbere agiye gukina mu kiciro cya mbere muri Espagne(La Liga)
Umukinnyi w’umunyarwanda ufite ubwenegihu bw’u Bubiligi, Aaron Murenzi yamaze gusinyira Levante UD ikina icyiciro cya mbere muri Espagne (La Liga). Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati ariko asatira, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Kamena 2026, nibwo ikipe ya Levante yamutangaje. Aaron Murenzi w’imyaka 18 uvuka ku babyeyi bombi b’abanyarwanda, agomba guhera mu ikipe…
by
-

Wema Sepetu akomeje kwibasirwa nyuma yo kubyara umwana we wa mbere
Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, yavuze ku bamaze iminsi bamwibasira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kumureka akaryoherwa n’ibyishimo byo kuba umubyeyi. Ku wa 13 Kamena 2026 ni bwo Wema yatangaje ko yibarutse umwana w’umuhungu, ibintu byashimishije abafana be benshi bari bazi urugendo rurerure yanyuzemo kugira ngo…
by








