Author: emmy

  • Abasore: Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakubenze mu kinyabupfura

    Abasore: Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yakubenze mu kinyabupfura

    Bibaho cyane ko umukobwa yakubenga ariko agatinya kubikubwira ahubwo akabinyuza muyandi magambo akubwira buri munsi. Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda ahubwo ko yakubenze. Aya niyo magambo abakoresha bagamije kubenga abasore mu ibanga: 1.Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye…

  • Rtd. Gen. Ibingira yavuze ku munsi wa mbere yahuriyeho na perezida Kagame ku rugamba rwo kubohora igihugu

    Rtd. Gen. Ibingira yavuze ku munsi wa mbere yahuriyeho na perezida Kagame ku rugamba rwo kubohora igihugu

    Gen (Rtd) Fred Ibingira yagarutse ku byabaye umunsi Perezida Kagame ava muri Amerika akajya kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu, asobanura ko icyo gihe ingabo zari zacitse intege kuko na we bahura bwa mbere tariki 26 Ukwakira 1990, yari yamaze guta icyizere. Gen (Rtd) Fred Ibingira yavuze ko urugamba rwo kubohora igihugu rutangira, ku itariki ya…

  • Kayumba Nyamwasa n’abandi bari azi ko bazaba ba Perezida. Ese byaturukaga ku ki? Ni gute bifuzaga imiyoborere?
    ,

    Kayumba Nyamwasa n’abandi bari azi ko bazaba ba Perezida. Ese byaturukaga ku ki? Ni gute bifuzaga imiyoborere?

    Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu yavuze ko hari abantu bo hanze bamaze igihe bagerageza kugira uruhare mu kugena ejo hazaza h’u Rwanda, binyuze mu guha icyizere abarimo Kayumba Nyamwasa  cy’uko umunsi umwe bazayobora igihugu. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu ijambo yavugiye mu Nama Nyunguranabitekerezo ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi n’urugamba rwo kuyihagarika yabereye…

  • Gen. Muhoozi yafunze ibinyamakuru birimo NTV na Daily Monitor

    Gen. Muhoozi yafunze ibinyamakuru birimo NTV na Daily Monitor

    Televiziyo za NTV Uganda na Spark TV na Daily Monitor zavanywe ku murongo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru nyuma y’igikorwa cy’abashinzwe umutekano nijoro cyabereye ahakorera Nation Media Group (NMG) Uganda muri Namuwongo no kuri Kampala Serena Hotel. Kugeza saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha yaho, abakurikira izi televiziyo zombi bageragezaga kuzireba bikanga…

  • Impamvu Tshisekedi na Ndayishimiye bashaka Minembwe byo gupfa

    Impamvu Tshisekedi na Ndayishimiye bashaka Minembwe byo gupfa

    Umushakashatsi akaba n’umusesenguzi ku bibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu karere muri rusange, Dr. Alex Mvuka, avuga ko impamvu ubutegetsi bwa RDC n’u Burundi bukomeje gushyira imbaraga mu rugamba rwo gufata Minembwe idashingira ku nyungu z’ubukungu cyangwa iza gisirikare, ahubwo ko ishingiye ku busobanuro iki gice gifite ku rwego rwa…

  • Perezida Kagame yavuze uko yahimbye ibyaha agiye gukomezwa muri Kiliziya
    ,

    Perezida Kagame yavuze uko yahimbye ibyaha agiye gukomezwa muri Kiliziya

    Perezida Paul Kagame yavuze ko kwicuza nyako ari ingenzi mu gukiza ibikomere by’amateka y’u Rwanda, ariko ko bidakwiye kuba amagambo yo guhimba cyangwa kuvuga ibyo umuntu adafite ku mutima. Yatanze urugero rwo mu bwana bwe ubwo yari agiye gukomezwa muri Kiliziya Gatolika. Yasabwe kujya kwicuza mbere yo guhabwa isakaramentu, ariko yumvaga nta cyaha afite cyo…

  • Benshi bayimenya yarabarenze – Sobanukirwa Kanseri y’igifu ikomeje kwibasira abanyarwanda benshi

    Benshi bayimenya yarabarenze – Sobanukirwa Kanseri y’igifu ikomeje kwibasira abanyarwanda benshi

    Inzobere mu kuvura indwara zifata urwungano ngogozi, Mukanumviye Marie Solange, ukora mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, yagaragaje ko kanseri y’igifu iri mu ndwara za kanseri zikunze kwibasira urwo rwungano. Ikibazo gikomeye kuri iyi ndwara ni uko Abanyarwanda benshi bagera kwa muganga yararenze igifu ikaba yaramaze gufata n’ibindi bice by’umubiri. Ibi yabigarutseho muri Podcast…

  • Bivuze iki ku Rwanda kuba Kayumba yinjiye byeruye mu ntambara ya Congo?
    ,

    Bivuze iki ku Rwanda kuba Kayumba yinjiye byeruye mu ntambara ya Congo?

    Izina rya Kayumba Nyamwasa wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda ryongeye kugaruka mu mugambi wo guhungabanya umutekano w’u Abayobozi batandukanye bo ku ruhande rw’ihuriro rya AFC/M23 na Twirwaneho rirwana na Leta y’i Kinshasa, bakomeje kwemeza ko Kayumba yamaze kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Congo biciye mu ihuriro ry’imitwe ya P5 abereye umuyobozi.…

  • Umunyarwanda wa mbere agiye gukina mu kiciro cya mbere muri Espagne(La Liga)
    ,

    Umunyarwanda wa mbere agiye gukina mu kiciro cya mbere muri Espagne(La Liga)

    Umukinnyi w’umunyarwanda ufite ubwenegihu bw’u Bubiligi, Aaron Murenzi yamaze gusinyira Levante UD ikina icyiciro cya mbere muri Espagne (La Liga). Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati ariko asatira, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Kamena 2026, nibwo ikipe ya Levante yamutangaje. Aaron Murenzi w’imyaka 18 uvuka ku babyeyi bombi b’abanyarwanda, agomba guhera mu ikipe…

  • Wema Sepetu akomeje kwibasirwa nyuma yo kubyara umwana we wa mbere
    ,

    Wema Sepetu akomeje kwibasirwa nyuma yo kubyara umwana we wa mbere

    Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, yavuze ku bamaze iminsi bamwibasira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kumureka akaryoherwa n’ibyishimo byo kuba umubyeyi. Ku wa 13 Kamena 2026 ni bwo Wema yatangaje ko yibarutse umwana w’umuhungu, ibintu byashimishije abafana be benshi bari bazi urugendo rurerure yanyuzemo kugira ngo…