Category: Politiki

Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga

  • Gen. Bunyoni yafunguwe nyuma y’imyaka itatu mu buroko
    ,

    Gen. Bunyoni yafunguwe nyuma y’imyaka itatu mu buroko

    Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020 kugeza muri Nzeri 2022, yafunguwe kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 nyuma y’imyaka hafi itatu afunzwe. Bunyoni yafunguriwe rimwe n’abandi bantu 10 kubera impamvu z’uburwayi nk’uko byemezwa na bamwe mu bashinzwe umutekano mu Burundi n’umunyamategeko we, Me Placide Gatoto, babyemeje. Bunyoni yari umwe…

  • Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo

    Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo

    Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu gace ka Himbi gaherereye mu mujyi wa Goma, cyari kigamije kwica abayobozi benshi bo mu ihuriro AFC/M23. Amashusho yatangajwe agaragaza inzu yangijwe bikomeye na drone, ikigurumana. Amakuru aturuka i Goma avuga ko Leta ya…

  • Trump afata Minisitiri w’intebe wa Canada nk’umukozi wa Amerika muri iki gihugu

    Trump afata Minisitiri w’intebe wa Canada nk’umukozi wa Amerika muri iki gihugu

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ushaka kwiyomekaho Canada yavuze Minisitiri w’Intebe wayo, Mark Carney, ari Guverineri w’ahazaza w’igihugu cye. Ibi yabigarutseho ku wa 10 Werurwe 2026 abinyujije mu butumwa yashyize ku rubuga rwe rwa Truth Social. Yavuze ko muri iyi manda ye ya kabiri ku butegetsi bwa Amerika yifuza komeka Canada…

  • Iran yaburiye Trump ko na yo ishobora kuzamwivugana

    Iran yaburiye Trump ko na yo ishobora kuzamwivugana

    Umwe mu bayobozi bakuru mu by’umutekano muri Iran, yaburiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko agomba kwitonda, kugira ngo atazisanga na we yishwe. Ali Larijani usanzwe ari Umuyobozi w’Inama Nkuru y’Umutekano muri Iran, yavuze ko abaturage be badatinya ibyo yise “iterabwoba ryo ku mpapuro” rya Trump. Yavuze ko Iran yigeze guhangana…

  • U Burundi bwunamiye Khamenei

    U Burundi bwunamiye Khamenei

    U Burundi biciye muri Ambasaderi wabwo muri Uganda, Général de Brigade Jules Ndihokubwayo, bwunamiye Ayatollah Ali Khamenei wahoze ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran. Ku wa Gatandatu tariki ya 7 Werurwe Ambasaderi Ndihokubwayo yanditse ubutumwa bwihanganisha abanya-Iran mu gitabo cyafunguwe muri Ambasade ya Iran mu Burundi, nk’uko Ambasade yabwo i Kampala yabitangaje. Ku wa Gatandatu tariki…

  • AFC/M23 yahaie CICR ingabo 5000 bya FARDC yafatiye ku rugamba
    ,

    AFC/M23 yahaie CICR ingabo 5000 bya FARDC yafatiye ku rugamba

    Ihuriro rya AFC / M23 ryatangaje ko ko ryongeye gushyikiriza Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (ICRC) abasirikare barenga 5.000 mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), bafatiwe mu bice bitandukanye ku rugamba. Itangazo rya AFC/M23 rivuga ko aba basirikare bazasubizwa i Kinshasa bigizwemo uruhare na CICR. Umuhango wo gutanga abo basirikare biravugwa ko wabaye…

  • Israel yavuze ko izice uwo ari wese uzagirwa umuyobozi w’ikirenga wa Iran
    ,

    Israel yavuze ko izice uwo ari wese uzagirwa umuyobozi w’ikirenga wa Iran

    Kuri iki Cyumweru, Igisirikare cya Israel (IDF) cyaburiye Iran ko “kizakomeza gukurikirana” buri muntu uzasimbura uwahoze ari umuyobozi w’ikirenga muri iki gihugu, Ayatollah Ali Khamenei. Mu butumwa IDF yashyize kuri X buri mu rurimi rw’Igi-Farsi (rukoreshwa muri Iran) yagize ati: “Inteko y’impuguke za Iran, itaraterana mu myaka mirongo ishize, vuba aha izateranira mu mujyi wa…

  • Icyo Polisi y’u Burundi ivuga ku bujura bw’ibitsina n’amabere y’abagore buvugwa muri iki gihugu

    Icyo Polisi y’u Burundi ivuga ku bujura bw’ibitsina n’amabere y’abagore buvugwa muri iki gihugu

    Leta y’u Burundi yahakanye amakuru avuga ko muri iki gihugu hamaze iminsi hagaragara ubujura bw’imyanya y’ibanga y’abagabo n’amabere y’abagore, ivuga ko abantu 11 bakwirakwije inkuru zitari zo kuri ubwo bujura bamaze gutabwa muri yombi. Amakuru y’ubujura bw’imyanya y’ibanga ku bagabo bo mu Burundi n’amabere y’abagore baho yatangiye kuvugwa muri iki cyumweru. Ku mbuga nkoranyambaga hagiye…

  • Kenya: Abishwe n’umwuzure bageze kuri 42

    Kenya: Abishwe n’umwuzure bageze kuri 42

    Leta ya Kenya yatangaje ko abishwe n’umwuzure watewe n’imvura y’amahindu yaguye mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 6 Werurwe 2026 bageze kuri 42. Hari abantu benshi, imitungo y’abaturage irimo imodoka zirenga 100 byatwawe n’uyu mwuzure. Ingendo ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Jomo Kenyatta i Nairobi na zo zakomwe mu nkokora n’iki kiza. Cedric Mwanza…

  • Byinshi kuri Mojtaba Hossein Khamenei wagizwe umuyobozi w’ikirenga wa Iran

    Byinshi kuri Mojtaba Hossein Khamenei wagizwe umuyobozi w’ikirenga wa Iran

    Inama y’Impuguke muri Iran yagize umuhungu wa Ali Hosseini Khamanei, Mojtaba Hossein Khamenei, Umuyobozi w’Ikirenga w’iki gihugu nyuma y’igihe kirenga icyumweru se yiciwe mu gitero cyagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel. Iyi nama yemeje itorwa rya Mojtaba ku wa 8 Werurwe 2026, isaba abaturage ba Iran kumushyigikira no gusigasira ubumwe hagati yabo,…