Category: Politiki

Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga

  • FARDC yanze kumva umuburo wa AFC/M23 ikomeje kwibasira ibice bituwe cyane i Minembwe

    FARDC yanze kumva umuburo wa AFC/M23 ikomeje kwibasira ibice bituwe cyane i Minembwe

    Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa rirashinjwa kurara risuka ibisasu mu bice bituwe cyane muri Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nk’uko tubikesha itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23 kuri uyu wa Kane. Iri tangazo rivuga ko “Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 3 kugeza ku ya 4 Kamena 2026, guhera saa…

  • AFC/M23 igiye gutangaza leta yigenga? Tshisekedi ari ku gitutu gikomeye mu gihe ubuzima i Kinshasa bwahagaze burundu

    AFC/M23 igiye gutangaza leta yigenga? Tshisekedi ari ku gitutu gikomeye mu gihe ubuzima i Kinshasa bwahagaze burundu

    Ibibazo bya politiki n’umutekano bikomeje kuzamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gihe ihuriro AFC/M23 rikomeje kwagura ububasha bwaryo mu Burasirazuba bw’igihugu, naho Perezida Félix Tshisekedi akomeje guhura n’imbogamizi zikomeye zituruka ku ntambara, abatavuga rumwe n’ubutegetsi ndetse n’impaka zishingiye ku hazaza h’ubuyobozi bwe. Nubwo hakomeje ibiganiro by’amahoro byabereye ahantu hatandukanye harimo Doha, Washington…

  • Min. Nduhungirehe yavuze uko umugambi wa Tshisekedi wo kwibasira u Rwanda mu nama ya Afurika n’u Bufaransa wapfubye

    Min. Nduhungirehe yavuze uko umugambi wa Tshisekedi wo kwibasira u Rwanda mu nama ya Afurika n’u Bufaransa wapfubye

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavugaga ko Perezida Félix Tshisekedi yitabiriye ibiganiro byabereye mu nama ya Africa Forward Summit iheruka kubera i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga X na Farah Muamba Kayowa ukuriye itumanaho muri Perezidansi ya…

  • Senateri Evode yasabye urugaga rw’abubatsi kwambura ibyangombwa uwubatse inzu ya RDB

    Senateri Evode yasabye urugaga rw’abubatsi kwambura ibyangombwa uwubatse inzu ya RDB

    Senateri Evode Uwizeyimana, yasabye urugaga rw’abubatsi mu Rwanda kwambura ibyangombwa uwubatse inzu y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), nyuma yo kugaragaza ibibazo byatumye ifungwa hashize igihe gito itangiye gukorerwamo. Iyi nzu y’amagorofa 12 iherereye ku Gishushu ho mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, yakoreragamo ibigo bya leta birimo Rwanda Igishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA), Igishinzwe Imyubakire…

  • Masisi: FARDC yongeye kugaba igitero cya Drone cyahitanye abasivili

    Masisi: FARDC yongeye kugaba igitero cya Drone cyahitanye abasivili

    Kuri uyu wa 7 Gicurasi 2026, ku isaha ya saa 13h20, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero simusiga zikoresheje drone mu gace ka Kalenga gatuwe cyane, gaherereye muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, gihitana abasivile benshi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ihuriro AFC/M23 rivuga ko “Iki gitero cyahitanye abasivili benshi kandi bituma abaturage benshi bahunga.”…

  • Iran yavuze ikintu gikomeye izakorera ingabo za Amerika niziramuka zigerageje kwingira mu muhora wa Hormuz

    Iran yavuze ikintu gikomeye izakorera ingabo za Amerika niziramuka zigerageje kwingira mu muhora wa Hormuz

    Igisirikare cya Iran kivuga ko kizarasa ingabo za Amerika nizinjira mu Muhora wa Hormuz, nyuma y’uko Donald Trump atangaje igikorwa cyo kuyobora no guherekeza amato yaheze mu mazi y’uyu muhora. Itangazo ry’ubuyobozi bukuru bw’Ingabo za Iran rivuga ko izagaba ibitero ku “ngabo zose z’amahanga” zizagerageza kwegera cyangwa kwinjira mu muhora, “cyane cyane Ingabo za Amerika…

  • Abanyamulenge bategetswe kuyoboka leta cyangwa bakicwa bose

    Abanyamulenge bategetswe kuyoboka leta cyangwa bakicwa bose

    Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, Abanyamulenge batuye ahitwa i Mulenge mu karere ka Bibogobogo, babujijwe kujya mu materaniro yo kuri iki cyumweru, kubera inama yari iteganyijwe y’intumwa za Kinshasa. Ni intumwa zari ziyobowe na Jacques Kongolo ukuriye itsinda ry’Abanyamulenge bakorana na Kinshasa cyo kimwe na William Amuri Yakutumba ukuriye inyeshyamba za Mai-Mai…

  • RDC: Ibitero bya FARDC byibasiye ibice bituwe cyane n’amatungo ahantu hatandukanye

    RDC: Ibitero bya FARDC byibasiye ibice bituwe cyane n’amatungo ahantu hatandukanye

    Kuri iki Cyumweru, itariki ya 3 Gicurasi 2026, ahagana mu ma saa 1h30 za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa zacengeye mu mujyi wa Rushoga muri Teritwari ya Masisi zica cyangwa zikomeretsa amatungo, mu gihe ryagabye ibitero mu bice bituwe cyane i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri Kivu zombi…

  • AFC/M23 yafunze insengero mu gace igenzura

    AFC/M23 yafunze insengero mu gace igenzura

    Amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru atangaza ko ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje guteza urujijo n’impaka ndende mu baturage, cyane cyane mu bakurikiranira hafi ibijyanye n’ubwisanzure bw’idini n’imibereho y’abaturage mu gihe cy’intambara. Amwe muri ayo makuru yashingiye ku…

  • Uwera Maurice, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije yavuze ku bitero FARDC yagabye i Goma
    ,

    Uwera Maurice, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije yavuze ku bitero FARDC yagabye i Goma

    Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu biri hafi. Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za RDC zagabye igitero cya drones mu gace ka Himbi, cyicirwamo abantu batatu…