by
Category: Politiki
Amakuru ya Politiki yaba iyo mu Rwanda ndetse n’iyo mu mahanga
-

FARDC yanze kumva umuburo wa AFC/M23 ikomeje kwibasira ibice bituwe cyane i Minembwe
Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa rirashinjwa kurara risuka ibisasu mu bice bituwe cyane muri Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo nk’uko tubikesha itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23 kuri uyu wa Kane. Iri tangazo rivuga ko “Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 3 kugeza ku ya 4 Kamena 2026, guhera saa…
-

AFC/M23 igiye gutangaza leta yigenga? Tshisekedi ari ku gitutu gikomeye mu gihe ubuzima i Kinshasa bwahagaze burundu
Ibibazo bya politiki n’umutekano bikomeje kuzamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gihe ihuriro AFC/M23 rikomeje kwagura ububasha bwaryo mu Burasirazuba bw’igihugu, naho Perezida Félix Tshisekedi akomeje guhura n’imbogamizi zikomeye zituruka ku ntambara, abatavuga rumwe n’ubutegetsi ndetse n’impaka zishingiye ku hazaza h’ubuyobozi bwe. Nubwo hakomeje ibiganiro by’amahoro byabereye ahantu hatandukanye harimo Doha, Washington…
by
-

Min. Nduhungirehe yavuze uko umugambi wa Tshisekedi wo kwibasira u Rwanda mu nama ya Afurika n’u Bufaransa wapfubye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavugaga ko Perezida Félix Tshisekedi yitabiriye ibiganiro byabereye mu nama ya Africa Forward Summit iheruka kubera i Nairobi muri Kenya. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga X na Farah Muamba Kayowa ukuriye itumanaho muri Perezidansi ya…
by
-

Senateri Evode yasabye urugaga rw’abubatsi kwambura ibyangombwa uwubatse inzu ya RDB
Senateri Evode Uwizeyimana, yasabye urugaga rw’abubatsi mu Rwanda kwambura ibyangombwa uwubatse inzu y’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), nyuma yo kugaragaza ibibazo byatumye ifungwa hashize igihe gito itangiye gukorerwamo. Iyi nzu y’amagorofa 12 iherereye ku Gishushu ho mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, yakoreragamo ibigo bya leta birimo Rwanda Igishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA), Igishinzwe Imyubakire…
by
-

Masisi: FARDC yongeye kugaba igitero cya Drone cyahitanye abasivili
Kuri uyu wa 7 Gicurasi 2026, ku isaha ya saa 13h20, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye igitero simusiga zikoresheje drone mu gace ka Kalenga gatuwe cyane, gaherereye muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, gihitana abasivile benshi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ihuriro AFC/M23 rivuga ko “Iki gitero cyahitanye abasivili benshi kandi bituma abaturage benshi bahunga.”…
by
-

Iran yavuze ikintu gikomeye izakorera ingabo za Amerika niziramuka zigerageje kwingira mu muhora wa Hormuz
Igisirikare cya Iran kivuga ko kizarasa ingabo za Amerika nizinjira mu Muhora wa Hormuz, nyuma y’uko Donald Trump atangaje igikorwa cyo kuyobora no guherekeza amato yaheze mu mazi y’uyu muhora. Itangazo ry’ubuyobozi bukuru bw’Ingabo za Iran rivuga ko izagaba ibitero ku “ngabo zose z’amahanga” zizagerageza kwegera cyangwa kwinjira mu muhora, “cyane cyane Ingabo za Amerika…
by
-

Abanyamulenge bategetswe kuyoboka leta cyangwa bakicwa bose
Kuri iki cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, Abanyamulenge batuye ahitwa i Mulenge mu karere ka Bibogobogo, babujijwe kujya mu materaniro yo kuri iki cyumweru, kubera inama yari iteganyijwe y’intumwa za Kinshasa. Ni intumwa zari ziyobowe na Jacques Kongolo ukuriye itsinda ry’Abanyamulenge bakorana na Kinshasa cyo kimwe na William Amuri Yakutumba ukuriye inyeshyamba za Mai-Mai…
by
-

RDC: Ibitero bya FARDC byibasiye ibice bituwe cyane n’amatungo ahantu hatandukanye
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 3 Gicurasi 2026, ahagana mu ma saa 1h30 za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa zacengeye mu mujyi wa Rushoga muri Teritwari ya Masisi zica cyangwa zikomeretsa amatungo, mu gihe ryagabye ibitero mu bice bituwe cyane i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri Kivu zombi…
by
-

AFC/M23 yafunze insengero mu gace igenzura
Amakuru amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru atangaza ko ihuriro rya AFC/M23 ryafunze insengero zose mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yakomeje guteza urujijo n’impaka ndende mu baturage, cyane cyane mu bakurikiranira hafi ibijyanye n’ubwisanzure bw’idini n’imibereho y’abaturage mu gihe cy’intambara. Amwe muri ayo makuru yashingiye ku…
by






