Category: Ubuzima

Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga

  • Iran yahawe Miliyari 10$ kugirango itazongera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

    Iran yahawe Miliyari 10$ kugirango itazongera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

    Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) zatangaje ko zohereje miliyari 10 z’amadolari ya Amerika, nyuma y’amasezerano bagiranye yo gusaba Iran ko itazongera kurasa muri iki gihugu. Ku wa Gatanu tariki 12 Kamena 2026, nibwo ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko Iran na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zagiranye amasezerano yo kuzana ituze mu karere. Muri aya masezerano…

  • Twicaye ku kirunga – Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma yo gusura Congo

    Twicaye ku kirunga – Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma yo gusura Congo

    Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ushinzwe ubutabazi n’imicungire y’ibiza, Hadja Lahbib, yavuze ko isi iri mu kaga gashobora guterwa n’ikwirakwira rya Ebola ikomeje kwibasira Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), agereranya uko ibintu bihagaze no “kwicara ku kirunga gishobora kuruka igihe icyo ari cyo cyose.” Yabitangaje akubutse mu ruzinduko i Bunia, mu Ntara…

  • Urukiko rwanzuye ko rudafite ububasha bwo gukomeza kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko wise umuntu “igikuri”
    ,

    Urukiko rwanzuye ko rudafite ububasha bwo gukomeza kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko wise umuntu “igikuri”

    Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, wise ‘igikuri’ Ingabire Nelly usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije kuko bigize icyaha cy’ivangura. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 11 Kamena 2026, nyuma y’uko Urukiko rwanzuye ko ibikorwa bigize icyaha Me Munyakaragwe aregwa bigize icyaha cy’ivangura aho…

  • I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena
    ,

    I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena

    Mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026 ahagana saa tanu n’igice, mu gace ka Cyumbati giherereye mu Murenge wa Rwampara mu Karere ka Nyarugenge, habereye igikorwa cyateje urujijo n’akaduruvayo mu baturage. Umugore umwe yafashe umugabo we mu cyuho ari kumwe n’undi mugore baturanye, bari mu modoka, bikekwa ko bari mu bikorwa by’urukundo rwihishe. Amakuru…

  • Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe urw’agashinyaguro, hatangiye guhigwa abakekwaho uruhare mu rupfu rwe
    ,

    Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe urw’agashinyaguro, hatangiye guhigwa abakekwaho uruhare mu rupfu rwe

    Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye iperereza rikomeye ryo gushakisha uwishe umukobwa w’imyaka 17 wishwe mu buryo bw’agashinyaguro mu ijoro ryo ku wa 11 Kamena 2026. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kamvumba, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera, aho uyu mwana yasanzwe mu nzu yararagamo yishwe nabi bikabije, bamuteye icyuma ku ijosi, bamukata amabere,…

  • Indwara 25 zivurwa n’umuravumba, uko utegurwa, uko unyobwa n’ibyo kwitondera

    Indwara 25 zivurwa n’umuravumba, uko utegurwa, uko unyobwa n’ibyo kwitondera

    Umuravumba ni umuti gakondo ukomoka ku bimera utangaje , umuravumba ufite ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye ,zaba indwara ziterwa n’amavirusi , indwara ziterwa n’udukoko two mu bwoko bwa bagiteri ,iziterwa n’udukoko tw’imiyege ndetse nizindi nyinshi cyane . Kuva kera umuravumba wakoreshwaga n’abanyarwanda mu kwivura indwara zitandukanye ,zaba indwara zo mu nda ndetse n’indwara zo mu…

  • Kanseri y’Impyiko: Benshi babimenya bitinze. Dore ibimenyetso 7 by’ingenzi utagomba kwirengagiza
    ,

    Kanseri y’Impyiko: Benshi babimenya bitinze. Dore ibimenyetso 7 by’ingenzi utagomba kwirengagiza

    Kanseri y’impyiko ni indwara iterwa n’imikurire idasanzwe y’uturemangingo two mu mpyiko, ikaba ishobora gukura ikagera no ku zindi ngingo z’umubiri iyo itavuwe hakiri kare. Impyiko ni ingingo zifite uruhare rukomeye mu kuyungurura amaraso no gukuramo imyanda mu mubiri. Ibimenyetso bya kanseri y’impyiko Mu ntangiriro, kanseri y’impyiko ishobora kutagaragaza ibimenyetso. Ariko uko ikura, umuntu ashobora kubona…

  • Kanseri y’Umwijima Yica Bujece: Dore Ibimenyetso Biyigaragaza n’Uko Wayirinda

    Kanseri y’Umwijima Yica Bujece: Dore Ibimenyetso Biyigaragaza n’Uko Wayirinda

    Kanseri y’umwijima ni indwara ikomeye iterwa no gukura kudasanzwe kw’uturemangingo tw’umwijima. Umwijima ni urugingo rukomeye rufasha mu kuyungurura amaraso, kubika intungamubiri no gukuraho uburozi mu mubiri. Iyo ufashwe na kanseri, imirimo yawo irahungabana, bikaba byagira ingaruka zikomeye ku buzima. Ibimenyetso bya Kanseri y’Umwijima Mu ntangiriro, kanseri y’umwijima ishobora kutagaragaza ibimenyetso bigaragara. Ariko uko ikura, umuntu…

  • Kanseri y’Igifu: Ibimenyetso Byayo Byose, Ikiyitera N’Uko Wayirinda Hakiri Kare

    Kanseri y’Igifu: Ibimenyetso Byayo Byose, Ikiyitera N’Uko Wayirinda Hakiri Kare

    Kanseri y’igifu ni indwara iterwa n’uko uturemangingo two mu gifu dutangira gukura no kwiyongera mu buryo budasanzwe, bikavamo ikibyimba cya kanseri. Ni imwe mu ndwara zikomeye zishobora gufata umuntu uwo ari we wese, cyane cyane abantu bakuze, kandi kuyimenya hakiri kare bifasha cyane mu kuyivura. Ibimenyetso bya Kanseri y’Igifu Mu ntangiriro, kanseri y’igifu ishobora kutagaragaza…

  • Musanze: Abanyamahanga 8 batawe muri yombi kubera urugomo

    Musanze: Abanyamahanga 8 batawe muri yombi kubera urugomo

    Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abanyamahanga umunani bo mu Karere ka Musanze bakekwaho gukorera urugomo abamotari. Hashize iminsi mu Karere ka Musanze humvikana abakora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto, bavuga ko babangamiwe n’abanyamahanga biga muri Kaminuza ya Ines Ruhengeri babakorera urugomo. Abaganiriye…