Author: emmy

  • Impinduka zikomeye mu ikorwa ry’ibizamini bya perimit

    Impinduka zikomeye mu ikorwa ry’ibizamini bya perimit

    Hashize igihe abaturage, abigisha gutwara ibinyabiziga ndetse n’abashaka kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga bagaragaza ibibazo byagaragaraga mu mitegurire n’imikorere y’ibizamini bya permit. Ubu noneho hagiye gutangira icyiciro gishya kigamije kuvugurura uburyo bwose bwo kwigisha no gusuzuma abifuza kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga. Amakuru akomeje kujya hanze agaragaza ko ikorwa ry’ibizamini bishya bya permit rizatangira muri…

  • Perezida Ndayishimiye yemeje ko myaka amaze ku butegetsi yari ataramenya kuyobora

    Perezida Ndayishimiye yemeje ko myaka amaze ku butegetsi yari ataramenya kuyobora

    Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yavuze ko imyaka itandatu amaze ku butegetsi yari ari ku ishuri ryo kwiga uko bateza imbere igihugu, ubu akaba ari bwo akibimenya. Ibi yabivuze ku wa 19 Kamena 2026, mu giterane cyo gushima Imana ku bw’imyaka itandatu amaze ku butegetsi. Ndayishimiye yagiye ku butegetsi muri Kamena 2020. Muri iki gihe…

  • Perezida Kagame yavuze impamvu abayobozi bamwe badatinda mu nshingano baba bahawe

    Perezida Kagame yavuze impamvu abayobozi bamwe badatinda mu nshingano baba bahawe

    Perezida Paul Kagame yagaragaje ko hatabayeho kwihangana, abaminisitiri bakurwa mu nshingano batamazemo igihe kinini bakabaye bakurwamo mbere kuko bahabwa amahirwe yo kwikosora ariko ntibahinduke. Yabisobanuye kuri uyu wa 17 Kamena 2026, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’abayobozi baherutse guhabwa inshingano nshya muri guverinoma no mu zindi nzego nkuru z’igihugu. Umukuru w’Igihugu yavuze ko nta gikwiye…

  • Urukiko rwavuze igihe Ingabire Victoire azaburanira
    ,

    Urukiko rwavuze igihe Ingabire Victoire azaburanira

    Urukiko Rukuru rwa Kigali rwategetse ko iburanisha ry’urubanza ruregwamo Ingabire Victoire Umuhoza rizasubukurwa muri Nzeri 2026. Ni icyemezo cyatangarijwe mu iburanisha ry’ibanze ryabereye muri urwo rukiko, aho Ingabire Victoire yari yagaragaje ko hari ibyo abona byatuma urubanza rutagenda neza bikwiye kubanza guhabwa umurongo. Mu byo Ingabire Victoire yari yagaragaje harimo kuba atabasha kuvugana n’umuryango we…

  • Miss Jolly ahaye Bebe Cool nyirantarengwa

    Miss Jolly ahaye Bebe Cool nyirantarengwa

    Uwahoze ari Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, Mutesi Jolly, yafashe icyemezo cyo kwitabaza amategeko nyuma y’uko umuhanzi wo muri Uganda Moses Ssali, uzwi nka Bebe Cool, amushinje ku mugaragaro kugira uruhare mu buriganya bwamukorewe. Mu nyandiko y’amapaji abiri yasinywe n’ibiro by’abanyamategeko Mbidde & Co. Advocates ku wa 17 Kamena 2026, Mutesi Jolly yavuze ko ibyo…

  • Igitunguru Gitukura: Menya Indwara 10 Gishobora Gufasha Kurwanya n’Impamvu Ukwiye Kukirya Buri Munsi

    Igitunguru Gitukura: Menya Indwara 10 Gishobora Gufasha Kurwanya n’Impamvu Ukwiye Kukirya Buri Munsi

    Igitunguru gitukura ni kimwe mu biribwa bikunze gukoreshwa mu gutegura amafunguro. Uretse kongera uburyohe mu mafunguro, kirimo intungamubiri nyinshi zirimo vitamini C, vitamini B6, fibre ndetse n’ibinyabutabire bifasha umubiri kurwanya indwara. Imimaro y’igitunguru gitukura 1. Gukomeza ubudahangarwa bw’umubiri Igitunguru gitukura kirimo vitamini C n’ibindi binyabutabire birwanya utunyangingo twangiza umubiri (antioxidants), bikafasha umubiri kugira ubudahangarwa bukomeye.…

  • Gen. Muhoozi yongeye kuvuga kuri Gshumba aheruka kwirukana mu kimeze nk’ishyaka yashinze cyitwa PLU

    Gen. Muhoozi yongeye kuvuga kuri Gshumba aheruka kwirukana mu kimeze nk’ishyaka yashinze cyitwa PLU

    Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko hari byinshi ateganya kuganirira mu muhezo na Frank Gashumba  aherutse kwirukana mu kimeze nk’ishyaka yashinze akakibera umuyobozi mukuru, Patriotic League of Uganda (PLU). Gen Muhoozi abinyujije kuri X yavuze ko ateganya kuganira na Gashumba kandi ko amwijeje umutekano. Yagize ati ” Ndateganya kuganirira mu muhezo…

  • Bebe Cool yashinje Miss Mutesi Jolly ubujura bushukana

    Bebe Cool yashinje Miss Mutesi Jolly ubujura bushukana

    Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool, yashyize mu majwi Miss Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, amushinja kumwambura amafaranga akoresheje uburiganya, yitwaza izina ry’u Rwanda ndetse n’ikipe ya Arsenal. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, mbere yo kubumenyesha abantu batandukanye barimo Perezida Paul Kagame na Gen. Muhoozi Kainerugaba,…

  • Rulindo: Amashusho y’umugore wakubitaga umugabo mu buryo bukomeye akomeje kuvugisha benshi

    Rulindo: Amashusho y’umugore wakubitaga umugabo mu buryo bukomeye akomeje kuvugisha benshi

    Abaturage bo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru, bafashe amashusho y’umugore wari urimo gukubita mu buryo bukomeye umugabo we amuziza ko yararanye n’indaya mu gasozi kandi atasize amafaranga yo guhaha. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Bubangu aho Akarere ka Rulindo gahanira imbibi n’Akarere ka Gasabo. Uyu mugore…

  • Iran yahawe Miliyari 10$ kugirango itazongera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

    Iran yahawe Miliyari 10$ kugirango itazongera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

    Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) zatangaje ko zohereje miliyari 10 z’amadolari ya Amerika, nyuma y’amasezerano bagiranye yo gusaba Iran ko itazongera kurasa muri iki gihugu. Ku wa Gatanu tariki 12 Kamena 2026, nibwo ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko Iran na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zagiranye amasezerano yo kuzana ituze mu karere. Muri aya masezerano…