Author: emmy

  • Ebola: Amerika yatangiye guha amabwiriza ibihugu by’Uburayi ica amarenga ko nibitayakurikiza nabyo bizamirwa ku butaka bwayo
    ,

    Ebola: Amerika yatangiye guha amabwiriza ibihugu by’Uburayi ica amarenga ko nibitayakurikiza nabyo bizamirwa ku butaka bwayo

    Ku wa Gatatu, ibinyamakuru De Morgen na Het Laatste Nieuws byatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagejeje ku Bubiligi ubusabe, binyuze kuri Ambasaderi wayo Bill White, bwo gufata ingamba zikumira abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwinjira muri icyo gihugu mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Amakuru atangwa n’abadipolomate b’Abanyamerika bakorera…

  • Agashya Donald Trump yakoze ntikamubujije kuvugirizwa induru mu mikino ya nyuma ya NBA

    Agashya Donald Trump yakoze ntikamubujije kuvugirizwa induru mu mikino ya nyuma ya NBA

    Donald Trump yavugirijwe induru yo kumwamagana ku mukino wa Basketball i New York mu gihe yari abaye perezida wa mbere uri ku butegetsi witabiriye imikino ya NBA Finals. Byabaye nyuma y’uko abantu bafite amatike yo kwinjira bategereje amasaha ku mirongo hanze ya arena yitwa Madison Square Garden kubera ingamba z’umutekano zazanye na perezida. Trump yari…

  • Min. Nduhungirehe yahishuye ikosa Uburundi bwakoze ryatumye umubano wabwo n’u Rwanda uzamba

    Min. Nduhungirehe yahishuye ikosa Uburundi bwakoze ryatumye umubano wabwo n’u Rwanda uzamba

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko umubano w’u Rwanda n’u Burundi wazambye biturutse ku ikosa ry’iki gihugu cy’abaturanyi kidafite ubushake bwo kubana neza. Umubano w’ibihugu byombi wigeze kuzamba biturutse ku mwuka mubi watewe n’igerageza ryo gukuraho ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza ryakozwe n’Abarundi muri Gicurasi 2015, bamwe muri bo bagahungira mu Rwanda, u…

  • Nyuma y’iminsi ibiri FARDC itangaje ko yatangiye guhiga FDLR yakoze igikorwa cyatunguye benshi

    Nyuma y’iminsi ibiri FARDC itangaje ko yatangiye guhiga FDLR yakoze igikorwa cyatunguye benshi

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yahishuye ko nyuma y’iminsi ibiri ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zitangaje ko zatangije ibikorwa byo guhiga umutwe wa FDLR mu mpera za Werurwe uyu mwaka, zawuhaye ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda 700. Ku wa 29 Werurwe ni bwo Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo za FARDC,…

  • Amerika na Iran bongeye guterana amagambo nyuma y’ihanurwa rya kajugujugu ya gisirikare

    Amerika na Iran bongeye guterana amagambo nyuma y’ihanurwa rya kajugujugu ya gisirikare

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Iran yarashe ikanahanura kajugujugu y’ingabo za Amerika ubwo yari mu bikorwa byo kugenzura umutekano mu kirere cy’inzira ya Strait of Hormuz. Nk’uko yabitangaje, iyi kajugujugu yo mu bwoko bwa Apache yari mu butumwa bwo kurinda umutekano muri ako gace gakomeye ku bucuruzi bw’Isi, cyane…

  • Col. Rugabo wa AFC/M23-Twirwaneho yahishuye amayeri adasanzwe yabafashije gukubita iz’akabwana Ingabo z’u Burundi na FARDC

    Col. Rugabo wa AFC/M23-Twirwaneho yahishuye amayeri adasanzwe yabafashije gukubita iz’akabwana Ingabo z’u Burundi na FARDC

    Mikenke, agace k’ingenzi gaherereye mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo, kongeye kwisanga mu maboko y’ingabo za Twirwaneho n’ihuriro rya AFC/M23 nyuma y’imirwano yongeye gukurura impaka n’ibitekerezo byinshi mu karere ka Minembwe no mu bice bikikije Itombwe. Nyuma y’amezi atatu kari kugenzurwa n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu…

  • Indwara 25 zivurwa n’umuravumba, uko utegurwa, uko unyobwa n’ibyo kwitondera

    Indwara 25 zivurwa n’umuravumba, uko utegurwa, uko unyobwa n’ibyo kwitondera

    Umuravumba ni umuti gakondo ukomoka ku bimera utangaje , umuravumba ufite ubushobozi bwo kuvura indwara zitandukanye ,zaba indwara ziterwa n’amavirusi , indwara ziterwa n’udukoko two mu bwoko bwa bagiteri ,iziterwa n’udukoko tw’imiyege ndetse nizindi nyinshi cyane . Kuva kera umuravumba wakoreshwaga n’abanyarwanda mu kwivura indwara zitandukanye ,zaba indwara zo mu nda ndetse n’indwara zo mu…

  • Abanyakenya bakomeje kwigaragambya bamagana ikigo cy’Abanyamerika kita ku barwayi bayo ba Ebola

    Abanyakenya bakomeje kwigaragambya bamagana ikigo cy’Abanyamerika kita ku barwayi bayo ba Ebola

    Polisi yo muri Kenya yakoresheje imyuka iryana mu maso mu gutatanya imyigaragambyo yamaganaga iyubakwa ry’ikigo kizajya cyita ku Banyamerika bashobora kwandura Ebola, imyigaragambyo yabereye mu mujyi wa Nanyuki uri hagati mu gihugu. Abigaragambyaga bagendaga mu matsinda mato, bazunguza amabendera ya Kenya, bitwaje isanduku yanditseho ijambo “Ebola”, ndetse bafite n’ibyapa basaba ko uwo mushinga uhagarikwa. Mu…

  • Umuhanzi Yampano yerekeje i Mageragere nyuma yo gukatirwa n’urukiko rwa Kicukiro

    Umuhanzi Yampano yerekeje i Mageragere nyuma yo gukatirwa n’urukiko rwa Kicukiro

    Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwemeje ko Uworizagwira Florient, uzwi ku izina rya Yampano, afungwa by’agateganyo iminsi 30 muri gereza ya Mageragere mu gihe iperereza n’ikurikiranacyaha bikomeje. Iki cyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 9 Kamena 2026 nyuma y’iburanisha ryari rigamije gusuzuma niba hari impamvu zikomeye zatuma akurikiranwa afunzwe by’agateganyo. Mu mwanzuro warwo, urukiko rwasanze hari ibimenyetso…

  • Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na AFC/M23

    Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na AFC/M23

    Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’imitwe bikorana byakajije ibitero ku birindiro by’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’ibya MRDP-Twirwaneho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bitwara ubuzima bw’abasivili, abandi benshi barakomereka. Ibi bitero byagabwe kuva mu gicuku cyo kuri uyu wa 9 Kamena 2026, hifashishijwe drones zirimo izo mu bwoko…