Author: emmy

  • Nyuma yo gufungwa, Mironko yatsinze Leta mu rubanza rwatumye Urukiko rw’ikirenga ruhindura itegeko

    Nyuma yo gufungwa, Mironko yatsinze Leta mu rubanza rwatumye Urukiko rw’ikirenga ruhindura itegeko

    Urukiko rw’Ikirenga rwafashe icyemezo ku kirego cyatanzwe na Mironko François Xavier, wasabaga ko ingingo ya 81 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza zimwe na zimwe ikurwaho kuko yavugaga ko inyuranyije n’Itegeko Nshinga. Ibi byaturutse ku kuba Mironko yarakatiwe n’Urukiko rw’Ikirenga ku wa 22 Gashyantare 2023 azira icyaha cyo gutuka urukiko mu gihe cy’iburanisha. Yafunzwe amezi atatu nyuma…

  • Twicaye ku kirunga – Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma yo gusura Congo

    Twicaye ku kirunga – Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma yo gusura Congo

    Komiseri w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ushinzwe ubutabazi n’imicungire y’ibiza, Hadja Lahbib, yavuze ko isi iri mu kaga gashobora guterwa n’ikwirakwira rya Ebola ikomeje kwibasira Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), agereranya uko ibintu bihagaze no “kwicara ku kirunga gishobora kuruka igihe icyo ari cyo cyose.” Yabitangaje akubutse mu ruzinduko i Bunia, mu Ntara…

  • Urukiko rwanzuye ko rudafite ububasha bwo gukomeza kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko wise umuntu “igikuri”
    ,

    Urukiko rwanzuye ko rudafite ububasha bwo gukomeza kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko wise umuntu “igikuri”

    Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwiyambuye ububasha bwo kuburanisha urubanza ruregwamo umunyamategeko akaba n’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, Me Munyakaragwe Aline, wise ‘igikuri’ Ingabire Nelly usanzwe ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije kuko bigize icyaha cy’ivangura. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa 11 Kamena 2026, nyuma y’uko Urukiko rwanzuye ko ibikorwa bigize icyaha Me Munyakaragwe aregwa bigize icyaha cy’ivangura aho…

  • Wari uziko gusoma umukunzi wawe ku ijosi bigabanya stress?

    Wari uziko gusoma umukunzi wawe ku ijosi bigabanya stress?

    Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bahura n’ibibazo bitandukanye bibatera stress, yaba ituruka ku kazi, amasomo cyangwa ibibazo by’ubuzima rusange. Nubwo hari uburyo bwinshi bwo kuyigabanya nko gukora siporo, gutekereza (meditation) cyangwa gufata ikiruhuko, ubushakashatsi butandukanye bwagaragaje ko hari n’uburyo bworoheje kandi bwihishe mu mibanire y’abantu nko gusomana ku ijosi hagati y’abakundana nabwo bushobora…

  • I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena
    ,

    I Nyarugenge: Umugabo yafatiwe mu modoka n’umuturanyi we, umugore we ashaka kuyimena

    Mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026 ahagana saa tanu n’igice, mu gace ka Cyumbati giherereye mu Murenge wa Rwampara mu Karere ka Nyarugenge, habereye igikorwa cyateje urujijo n’akaduruvayo mu baturage. Umugore umwe yafashe umugabo we mu cyuho ari kumwe n’undi mugore baturanye, bari mu modoka, bikekwa ko bari mu bikorwa by’urukundo rwihishe. Amakuru…

  • Makolo ashinja HRW gukomeza gukwirakwiza amakuru abogamye ku Rwanda na RDC

    Makolo ashinja HRW gukomeza gukwirakwiza amakuru abogamye ku Rwanda na RDC

    Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo, yanenze raporo iherutse gutangazwa na Human Rights Watch, ivuga ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi raporo yasohotse ku wa 10 Kamena 2026, igaruka ku byaha birimo kwicwa kw’abasivile, ifungwa rinyuranyije n’amategeko ndetse no gushyira abaturage mu gisirikare ku gahato. Gusa, yashyize…

  • Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe urw’agashinyaguro, hatangiye guhigwa abakekwaho uruhare mu rupfu rwe
    ,

    Ngoma: Umukobwa w’imyaka 17 yishwe urw’agashinyaguro, hatangiye guhigwa abakekwaho uruhare mu rupfu rwe

    Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye iperereza rikomeye ryo gushakisha uwishe umukobwa w’imyaka 17 wishwe mu buryo bw’agashinyaguro mu ijoro ryo ku wa 11 Kamena 2026. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kamvumba, Akagari ka Kinunga, Umurenge wa Remera, aho uyu mwana yasanzwe mu nzu yararagamo yishwe nabi bikabije, bamuteye icyuma ku ijosi, bamukata amabere,…

  • Iran yongeye kugaba ibitero ku birindiro by’ingabo za Amerika

    Iran yongeye kugaba ibitero ku birindiro by’ingabo za Amerika

    Umwuka mubi hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika wongeye gukaza umurego nyuma y’uko Iran itangaje ko yagabye ibitero byo kwihimura ku birindiro bya Amerika biri muri Bahrain, Kuwait na Jordan. Ibi bibaye nyuma y’uko Ingabo za Amerika zigabye ibitero ku ntego zitandukanye muri Iran, zivuga ko zabikoze mu rwego rwo kwirwanaho no…

  • Sebahizi na Uwihanganye Jean de Dieu bavuze amagambo akomeye nyuma yo gusimburwa muri Guverinoma

    Sebahizi na Uwihanganye Jean de Dieu bavuze amagambo akomeye nyuma yo gusimburwa muri Guverinoma

    Impinduka ziherutse gukorwa muri Guverinoma y’u Rwanda na Perezida Paul Kagame zatumye bamwe mu bayobozi bari bafite imyanya ikomeye basimburwa, ibintu byavuzweho cyane n’abaturage ndetse n’abasesengura ibijyanye n’imiyoborere. Ku wa 10 Kamena 2026 nijoro, Perezida Kagame yatangaje impinduka nshya muri Guverinoma, zireba Minisiteri zitandukanye zirimo iy’Ubucuruzi n’Inganda ndetse n’iy’Ibikorwaremezo, hamwe n’izindi nzego za Leta. Muri…

  • Raporo nshya ya HRW irashinja u Rwanda na M23 ibyaha by’ubwicanyi n’ubugome bukabije mu ntambara yo muri DR Congo

    Raporo nshya ya HRW irashinja u Rwanda na M23 ibyaha by’ubwicanyi n’ubugome bukabije mu ntambara yo muri DR Congo

    Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human Rights Watch (HRW) washinje ingabo z’u Rwanda (RDF) n’umutwe w’inyeshyamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) gukora ubwicanyi burimo ubugome bukabije, iyicarubozo no kwinjiza abantu mu gisirikare ku gahato mu burasirazuba bwa DRC. Muri raporo yasohoye kuri uyu wa 10 Kamena 2026, HRW ivuga…