Politiki
Iran yongeye gukubita ikinyafu Amerika imaze iminsi iyimishaho ibisasu
Intambara iri hagati ya Iran na Amerika ikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko Iran igabye ibitero bya misile n’indege zitagira abapilote ku birindiro bya Amerika biri muri Kuwait, Bahrain na (…)
Missile na drone za Iran zarashe ibihugu byo mu Kigobe
Intambara hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye guteza umwuka mubi mu Burasirazuba bwo Hagati, nyuma y’uko Tehran itangiye kurasa misile na drone ku bihugu byo mu Kigobe (…)
Kenya: Umusenateri yikomye umunyamakuru wagereranyije Kigali na Nairobi
Umusenateri wo muri Kenya, Karen Nyamu, yagaragaje ko atishimiye amagambo y’umunyamakuru wa Citizen TV, Immanuel Ndungu, nyuma yo kugereranya uko amategeko y’umuhanda yubahirizwa muri Kigali no (…)
Amasezerano ya Washington ahishe indi migambi - Perezida Kagame
Perezida Kagame yagarutse ku masezerano ya Washngton, avuga ko mbere yabonaga gahunda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo gufasha gukemura ikibazo hagati y’u Rwanda na RDC ari nziza, ariko nyuma (…)
FARDC yishe umurwanyi ukomeye wari wariyise General Herodi
Umwe mu barwanyi bari bakomeye mu Ntara ya Ituri, wari wariyise Jenerali “Hérode” yapfiriye mu mirwano umutwe w’abarwanyi yari ayoboye bahanganyemo n’ingabo za Congo, FARDC. Kakani Tondabo (…)
Rwanda: Urwagwa n’ikigage bigiye kujya bisabirwa uruhushya mbere yo kwengwa no kunyobwa
Guverinoma y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yashyizeho amabwiriza mashya agenga itegurwa ry’ibinyobwa gakondo bikorwa mu rugo bigategurirwa ubukwe, ibirori, imihango (…)
Minisiteri ya Siporo n’iy’Urubyiruko zabonye abanyamabanga bahoraho bashya
Perezida Kagame yagize Ngabo Brave Olivier Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, naho Ishungure Parfait agirwa Umunyambanga Uhoraho muri Ministeri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi. (…)
Iran yatangaje ko igiye gufunga indi mihora ikomeye ku isi
Iran yatangaje ko ishobora gufunga indi mihora ikomeye ikoreshwa mu gutwara ibikomoka kuri peteroli n’ibindi bicuruzwa ku Isi, nyuma y’uko ikomeje ubushyamirane na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)
Trump yiyemeje gufunga Iran burundu
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zigiye kongera kugaba ibitero bikomeye kuri Iran, mu gihe amakimbirane hagati y’ibihugu byombi akomeje (…)
Visit Rwanda yasinyanye amasezerano akomeye na Aston Villa yo mu Bwongereza
Ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League) yumvikanye na Visit Rwanda ko izajya yamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda ku gice cy’imbere cy’imyambaro yayo guhera muri (…)